audio
audioduration (s) 1.19
9.98
| sentence
stringlengths 14
133
|
---|---|
kandi tuguwe neza kugira ngo twakire amagambo yukuri |
|
simbi na we akajya kwiga nubwo byari bigoye |
|
inshuti yanjye yaje kunsura ku biro byanjye |
|
grand canyon ni ahantu hazwi cyane ba mukerarugendo |
|
umwaka umwe ndangije kaminuza amaherezo nashoboye kubona akazi |
|
kubera inzara numunaniro imbwa yaje gupfa |
|
numva ndazungeye nta ubwenge nongera gukanguka ndi mu bitaro |
|
ntekereza ko yaje hano kutubwira ikintu gikomeye |
|
muri iryo joro imana yaranyiyeretse maze imbwira |
|
icyo gihe nahise mubaza nti ese ko ushatse |
|
ni nako yarihiye murumuna wanjye na mushiki wanjyemuto |
|
nahoraga nkunda umudendezo uzanwa no kwinjira |
|
muri uwo mwaka nimihigo yumwaka utaha |
|
urashobora kujya kumupira wamaguru kuri bisi |
|
ngo nyifungure nipfire ariko sinabishobora |
|
nari nzi ko kalisa adafite amafaranga ahagije yo kugura imodoka yashakaga |
|
natsitaye kuri iki kibazo igihe nakoraga ikindi kintu |
|
ntabwo wigeze ukora ibintu nkibi mbere ufite |
|
ibi nibyo karen yibazaga ubwo yari arwaye kanseri yibere |
|
inkuru zumugore wo muri bibiliya wari warabuze urubyaro |
|
iri sesengura rigabanijwemo ibice bibiri |
|
sinabaye uwera ariko nziko yesu ariwe ugenzura ubuzima bwanjye |
|
twakinnye umukino ushimishije wa charade nyuma yo kurya |
|
sinzi uwanditse iyi baruwa |
|
twagenze namaguru hafi icyumweru cyose kugira ngo tugere i bukavu |
|
hashize umwaka umwe ndiyeranja nshaka radio |
|
urashobora guhindura iyi biro kuburebure bwumwana uwo ari we wese |
|
yari yiteguye kumugerageresha ikindi |
|
iyi nkoranyamagambo ni impfunyapfunyo |
|
nimusuzume imirire mumenyereye gukoresha |
|
zigihugu nibikorwa byaziranze na none ni umwanya |
|
nari nkwiye kubikora kera cyane |
|
ndatekereza ko yagerageje kutuburira ku kintu runaka |
|
nabonanye nabo ejobundi ariko sinabasha kubona igisubizo |
|
ibitabo biri muri iki cyumba ntabwo ari ibyanjye |
|
twese tugire urukundo mu guhumurizanya mu bigeragezo |
|
ahubwo mu bikorwa byanjye nzirikana kandi ibyo nanyuzemo |
|
byaba byiza utarazamutse umusozi muremure nkubukonje |
|
bituma babura iwabo heza mu busitani bwa edeni |
|
njye mbona igitekerezo gikenewe ari nyina wivumbuwe |
|
nyuma yo kwirengagiza ku gutekereza cyane |
|
ibiryo gakondo byabayapani rwose bigenda neza hamwe nicyayi cyabayapani |
|
uteri uzi uko imana igukunda |
|
icyo ukeneye nukutamenya no kwigirira icyizere kandi intsinzi nukuri |
|
ubwo rero baba ari abantu barangwa no gutungana |
|
haiti nigihugu gisa nkicyakennye |
|
abagore barambiwe no gusuzugurwa nabakoresha |
|
ntabwo nabonye umwanya wo kureba hoteri yijoro |
|
ejo umunyamahanga yambwiye icyongereza muri gari ya moshi |
|
uratekereza ko hari ikibazo natwe twerekana hakiri kare |
|
ndashaka kubashimira mu izina rya bagenzi banjye |
|
agira ati biriya byose ndabiguha nupfukama ukandamya |
|
arangije antera ubwoba ambwira ko ngomba gutaha nkajya mu rugo |
|
ndarwaye kandi ndambiwe kurya zucchinis buri munsi |
|
yohani yinjiza amafaranga menshi asobanura menus muri resitora |
|
yintore ziri ku rugerero muri buri shami faculty |
|
ibyishimo bya kalisa bivuze byinshi kuri njye kuruta ibindi byose kwisi |
|
kugira ngo dushobore kugira imibereho irushijeho kuba myiza |
|
mama yahamagaye imodoka yo kwa muganga |
|
ukunda siporo nibyo nkunda umukino wa baseball nibindi |
|
no gukoresha ibizamini muri ubu burwayi avuga ko yabonye imana |
|
nkora akazi ko mu rugo nza kugera aho nkorera permis |
|
amavuta yagize uruhare runini mu iterambere ryinganda zubuyapani |
|
ndashaka gukora ibibera i kyoto |
|
ikinamico yakuwe mu gitabo |
|
nabanje guhamagarwa mu biro izina ryanjye riri ku rutonde rwurutonde |
|
byukusenge yakora iki iyo ntaza hano kumubwira icyo gukora |
|
ndashima imana ko umwana yavuye mu bitaro |
|
nagezeyo nsanga bagenzi banjye bari kujya mu muganda turajyana |
|
wari kuri bo nkigitambaro cyatwikiraga icyubahiro cyimana mu maso ha mose |
|
nari mu bimbere cyane igihe cyaje kugera rero banca indasago mu bitugu |
|
nta nshuti cyangwa abavandimwe afite byo kumwitaho |
|
amani ntiyigera anywa keretse mu bihe bidasanzwe |
|
nabonye itsinda ryabanyamahanga ngiye ku ishuri muri iki gitondo |
|
ysu natabisubiza uzigarukire ubwo nahise nshaka umugabo |
|
iki nicyo gihe asanzwe ageraho |
|
sinzi uwoyi mbwa yitwa pochi |
|
akabaho ubuzima bukiranuka akemera no gupfa urupfu rwagashinyaguro |
|
rero nakomeje gusenga imana nubwo umutware |
|
yari afite impano nyayo yo koroshya ibihe bitoroshye |
|
numvise amajwi yose ya ryo kuri terefone |
|
umukobwa mwiza cyane yantegereje mu iduka ryishami |
|
ndaburambiwe mpita nshaka ikintu nakora |
|
imyaka yo kwiruka muri marato yantwaye amavi |
|
coroner arimo gukora autopsie kuri yohani kugirango amenye impamvu yapfuye |
|
ntibyashobokaga ko adamu kubwurugero rwe namabwiriza atunganye |
|
gupfa ni ugukora igikorwa cyingirakamaro |
|
umurimo wayo wirema urangiye uwiteka yaruhutse ku munsi wa karindwi araweza |
|
utabanje kubiherwa uruhushya ntakintu na kimwe gishobora gukorwa kubijyanye byukusenge |
|
ni ubwambere nanditse ibaruwa mu cyesipanyoli |
|
ukeneye umuntu nkanjye kwita kubana bawe |
|
twahuye nikibazo kidasanzwe kubera impanuka |
|
kalisa yambajije uwo mugabo uhagaze imbere yiki gishushanyo uwo ari we |
|
ibi yabitangaje nyuma yaho akoreye ubukwe na pastor ushinzwe urubyiruko |
|
ndashaka kumenya impamvu atagiye i boston hamwe na mariya |
|
abamarayika bimana barwanya umutware wabo wikirenga |
|
komisiyo yigihugu yitorero rikagena inshinganoimiterere nimikorere byayo |
|
sinibyo gusa muri eto kicukuiro arinaho narangirije nari narahinze urumog |
|
mukadata yarantukaga cyane akankubita |
|
umugabo wanjye yishyira imbere cyane |
End of preview. Expand
in Dataset Viewer.
README.md exists but content is empty.
Use the Edit dataset card button to edit it.
- Downloads last month
- 0