|
sentence: Nyuma yo guhabwa ubuvuzi , yabashije kwigenza ariko ageze mu rwambariro yongera kugwa hasi . |
|
sentence: Nahoze ndi umukinnyi , nakwifuza gukinira ahari abafana . |
|
sentence: 5 Frw avuye muri Rayon Sports na Ngendahimana Eric ukina imbere ya ba myugariro , wahawe miliyoni 5 Frw avuye muri Police FC . Rayon <person> Sports <organization> Eric <person> Police <person> FC <organization> |
|
sentence: Iyi album ije ikurikira iyo yashyize hanze mu 2019 yitwa ‘Ku Gasima’ igaragaza ubuzima buri wese ashobora kubamo butari bwiza mbere y’uko agira amafaranga . 2019 <location> |
|
sentence: Mu 2019 , Kiyovu Sports yashobora kongera guserukira u Rwanda , ariko itsindirwa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro na AS Kigali ibitego 2 - 1 , inzozi zayo zirangirira i Nyamirambo . 2019 <location> Kiyovu <person> Sports <organization> Rwanda <organization> AS <person> Kigali <organization> Nyamirambo <organization> |
|
sentence: Rayon Sports ikomeje kwiyubaka , yasinyishije rutahizamu Nihoreho Arsène ukomoka mu Burundi , wabaye uwa gatatu mu batsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri icyo gihugu n’ibitego 17 mu mwaka w’imikino wa 2019 / 2020 . Rayon <person> Sports <organization> Arsène <person> Burundi <organization> 2019 <location> |
|
sentence: Muyobozi nabibagejejeho hakoreshejwe telefoni kuko nabonaga bimaze kundenga . |
|
sentence: Hari guverinoma n’abaturage bakora akazi kabo , natwe tugomba gukora akacu . |
|
sentence: Bitandukanye n’indi myaka ishize ibi bihembo bimaze bitangwa , uyu mwaka hariho umwihariko w’uko hatazakorwa igitaramo gishobora kwitabirwa n’abantu ahubwo byose bizakurikiranwa hifashishijwe BET tv , BET Her na CBS ndetse n’imbuga nkoranyambaga kubera icyorezo cya COVID - 19 . uyu <location> |
|
sentence: 5 Frw uko ari babiri mu gihe Serumogo Ally , Ishimwe Saleh , Mbogo Ally na Mutangana Derrick bongerewe amasezerano batanzweho agera kuri miliyoni 18 . Ally <person> Saleh <person> Ally <person> Derrick <person> |
|
sentence: Kuba hari haremejwe ko hafi imikino ishobora gusubukurwa ari muri Nzeri , byatumye amashyirahamwe y’imikino arimo iry’Umupira w’Amaguru , Basketball , Volleyball , Handball n’ayandi afata ibyemezo birimo gusoza amwe mu marushanwa imburagihe no kuba hari ayasubitswe kugeza igihe gukina biza bishoboka . Nzeri <location> |
|
sentence: Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Bwongereza , Justin Fashanu wahoze ari rutahizamu wa Norwich na Nottingham Forest , ni we wenyine wavuze ku mugaragaro ko ari umutinganyi . Bwongereza <organization> Fashanu <person> Norwich <person> Nottingham <person> Forest <organization> |
|
sentence: Uyu ni we wasinyishije abarimo Kimenyi Yves , Babuwa Samson , Ishimwe Saleh , Irambona na Ngendahimana Eric ndetse yahaye Karekezi Olivier miliyoni 3 Frw azamufasha kwiyubaka i Kigali ubwo azaba agarutse mu Rwanda muri Nyakanga . Yves <person> Samson <person> Saleh <person> Eric <person> Olivier <person> Kigali <organization> Rwanda <organization> Nyakanga <location> |
|
sentence: Umunya - Turikiya , Gokmen Yildiran , yapfuye ku wa 10 Kanama 2006 afite imyaka 28 . Turikiya <organization> Yildiran <person> 10 <location> |
|
sentence: Ati """" Yansabye kuva ku rubuga rw’abasifuzi ntawe mbwiye , sinabimwemerera kuko nabonaga ari kuntegeka ibintu byanyicira izina , ibyo mbona bizanye agatotsi hagati yanjye na we , ndetse nkabona ashaka no kunyinjirira no mu bindi nkora . |
|
sentence: Andi makuru avuga ko hari n’amafaranga yashowemo n’Umuyobozi wa Kiyovu Sports , Mvuyekure François ‘Kabulimbo’ uba hafi cyane y’iyi kipe . Kiyovu <person> Sports <organization> François <person> |
|
sentence: Yasabye FERWAFA ko yazamufasha ntarengane kuko kuva mu 2012 ibizamini abasifuzi mpuzamahanga bakora , abitsinda neza ndetse n’indi mirimo ashinzwe mu basifuzi ayikora neza . FERWAFA <person> 2012 <location> |
|
sentence: Umurundi Papy Faty wakiniye APR FC yitabye Imana ku wa 25 Mata 2019 , nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wahuzaga ikipe ye ya Malanti Chiefs na Green Mamba zo muri eSwatini , bigakekwa ko yazize indwara y’umutima . Faty <person> APR <person> FC <organization> 25 <location> Malanti <person> Chiefs <organization> Green <person> Mamba <organization> eSwatini <organization> |
|
sentence: James Rugarama na Daniella Mukiza ni imwe muri Couple zimaze gushinga imizi mu muziki wo kuramya Imana . Rugarama <person> Mukiza <person> |
|
sentence: Kuva mu mwaka ushize , amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama - Couple , yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi . Kuva <location> |
|
sentence: Yakinnye kandi inshuro ebyiri muri Premier League , bwa mbere muri West Ham United naho nyuma akinira Manchester City ubwo yari yaratijwe akaba ari nabwo yapfuye . West <person> Ham <organization> United <organization> Manchester <person> City <organization> |
|
sentence: Israel Mbonyi agiye gutaramana n’abakunzi be mu gitaramo kizaca kuri Youtube Mbonyi <person> Youtube <person> |
|
sentence: Iki gitaramo kizaba tariki 20 Kamena 2020 guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kikazatambuka kuri shene ya Youtube yitwa MK1 TV muri iyi minsi isigaye ikunda gutambutsa ibitaramo by’abahanzi . 20 <location> saa <location> Youtube <person> MK1 <person> TV <organization> |
|
sentence: Tariki ya 5 Gicurasi , Minisiteri ya Siporo yagiranye inama na Komite Olempike n’abahagarariye imikino , hemezwa ko hafi imikino ( amarushanwa ) ishobora gusubukurwa ari muri Nzeri mu gihe imyitozo yatangira muri Kanama . 5 <location> Minisiteri <person> ya <organization> Siporo <organization> Komite <person> Olempike <organization> Nzeri <location> Kanama <location> |
|
sentence: Yari yiteguye kwegukana igikombe dore ko yari yaragize uruhare rukomeye mu gufasha ikipe ye kugera muri iki cyiciro kibanziriza umukino wa nyuma , aho yari yatsinze Brésil na Turikiya mu mikino ibanza . Brésil <organization> Turikiya <organization> |
|
sentence: IGIHE yakusanyije Couple zitandukanye zimaze kwamamara mu muziki wo kuramya Imana ukwiye gutega amatwi uburyohe bw’ibihangano bwazo . IGIHE <person> |
|
sentence: Abategura BET Awards kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2020 , batangaje ko umuhanzikazi Beyoncé washinze umuryango yise BeyGOOD ufasha abantu batandukanye ukanasabira ubutabera abarenganyijwe , azashimirwa mu buryo bwihariye mu itangwa ry’ibi bihembo , kuri uyu wa Mbere tariki 28 Kamena . kuri <location> 25 <location> BeyGOOD <person> kuri <location> 28 <location> |
|
sentence: Rayon Sports yasinyishije Sibomana Théogène , nta gahunda ifite yo gukinisha abana Rayon <person> Sports <organization> Théogène <person> |
|
sentence: Marco Asensio na we yamaze gukira mu gihe Zidane yemeje ko Luka Jović na Lucas Vazquez badahari . Asensio <person> Jović <person> Vazquez <person> |
|
sentence: Aba bakinnyi bombi , baje biyongera ku bandi bane Kiyovu Sports yaherukaga kugura barimo umunyezamu Kimenyi Yves wavuye muri Rayon Sports ahawe miliyoni 16 Frw ndetse na Babuwa Samson wahawe miliyoni 7 Frw avuye muri Sunrise FC , ariko we agasinya umwaka umwe . Kiyovu <person> Sports <organization> Yves <person> Rayon <person> Sports <organization> Samson <person> Sunrise <person> FC <organization> |
|
sentence: Kubera ko abatora bakeka ko umukinnyi mwiza aba afite igisobanuro cyihariye , agomba kuva ku wundi mugabane utari uwacu . |
|
sentence: James & Daniella |
|
|