sentence: Nyuma yo guhabwa ubuvuzi , yabashije kwigenza ariko ageze mu rwambariro yongera kugwa hasi . sentence: Nahoze ndi umukinnyi , nakwifuza gukinira ahari abafana . sentence: 5 Frw avuye muri Rayon Sports na Ngendahimana Eric ukina imbere ya ba myugariro , wahawe miliyoni 5 Frw avuye muri Police FC . Rayon Sports Eric Police FC sentence: Iyi album ije ikurikira iyo yashyize hanze mu 2019 yitwa ‘Ku Gasima’ igaragaza ubuzima buri wese ashobora kubamo butari bwiza mbere y’uko agira amafaranga . 2019 sentence: Mu 2019 , Kiyovu Sports yashobora kongera guserukira u Rwanda , ariko itsindirwa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro na AS Kigali ibitego 2 - 1 , inzozi zayo zirangirira i Nyamirambo . 2019 Kiyovu Sports Rwanda AS Kigali Nyamirambo sentence: Rayon Sports ikomeje kwiyubaka , yasinyishije rutahizamu Nihoreho Arsène ukomoka mu Burundi , wabaye uwa gatatu mu batsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri icyo gihugu n’ibitego 17 mu mwaka w’imikino wa 2019 / 2020 . Rayon Sports Arsène Burundi 2019 sentence: Muyobozi nabibagejejeho hakoreshejwe telefoni kuko nabonaga bimaze kundenga . sentence: Hari guverinoma n’abaturage bakora akazi kabo , natwe tugomba gukora akacu . sentence: Bitandukanye n’indi myaka ishize ibi bihembo bimaze bitangwa , uyu mwaka hariho umwihariko w’uko hatazakorwa igitaramo gishobora kwitabirwa n’abantu ahubwo byose bizakurikiranwa hifashishijwe BET tv , BET Her na CBS ndetse n’imbuga nkoranyambaga kubera icyorezo cya COVID - 19 . uyu sentence: 5 Frw uko ari babiri mu gihe Serumogo Ally , Ishimwe Saleh , Mbogo Ally na Mutangana Derrick bongerewe amasezerano batanzweho agera kuri miliyoni 18 . Ally Saleh Ally Derrick sentence: Kuba hari haremejwe ko hafi imikino ishobora gusubukurwa ari muri Nzeri , byatumye amashyirahamwe y’imikino arimo iry’Umupira w’Amaguru , Basketball , Volleyball , Handball n’ayandi afata ibyemezo birimo gusoza amwe mu marushanwa imburagihe no kuba hari ayasubitswe kugeza igihe gukina biza bishoboka . Nzeri sentence: Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Bwongereza , Justin Fashanu wahoze ari rutahizamu wa Norwich na Nottingham Forest , ni we wenyine wavuze ku mugaragaro ko ari umutinganyi . Bwongereza Fashanu Norwich Nottingham Forest sentence: Uyu ni we wasinyishije abarimo Kimenyi Yves , Babuwa Samson , Ishimwe Saleh , Irambona na Ngendahimana Eric ndetse yahaye Karekezi Olivier miliyoni 3 Frw azamufasha kwiyubaka i Kigali ubwo azaba agarutse mu Rwanda muri Nyakanga . Yves Samson Saleh Eric Olivier Kigali Rwanda Nyakanga sentence: Umunya - Turikiya , Gokmen Yildiran , yapfuye ku wa 10 Kanama 2006 afite imyaka 28 . Turikiya Yildiran 10 sentence: Ati """" Yansabye kuva ku rubuga rw’abasifuzi ntawe mbwiye , sinabimwemerera kuko nabonaga ari kuntegeka ibintu byanyicira izina , ibyo mbona bizanye agatotsi hagati yanjye na we , ndetse nkabona ashaka no kunyinjirira no mu bindi nkora . sentence: Andi makuru avuga ko hari n’amafaranga yashowemo n’Umuyobozi wa Kiyovu Sports , Mvuyekure François ‘Kabulimbo’ uba hafi cyane y’iyi kipe . Kiyovu Sports François sentence: Yasabye FERWAFA ko yazamufasha ntarengane kuko kuva mu 2012 ibizamini abasifuzi mpuzamahanga bakora , abitsinda neza ndetse n’indi mirimo ashinzwe mu basifuzi ayikora neza . FERWAFA 2012 sentence: Umurundi Papy Faty wakiniye APR FC yitabye Imana ku wa 25 Mata 2019 , nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wahuzaga ikipe ye ya Malanti Chiefs na Green Mamba zo muri eSwatini , bigakekwa ko yazize indwara y’umutima . Faty APR FC 25 Malanti Chiefs Green Mamba eSwatini sentence: James Rugarama na Daniella Mukiza ni imwe muri Couple zimaze gushinga imizi mu muziki wo kuramya Imana . Rugarama Mukiza sentence: Kuva mu mwaka ushize , amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama - Couple , yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi . Kuva sentence: Yakinnye kandi inshuro ebyiri muri Premier League , bwa mbere muri West Ham United naho nyuma akinira Manchester City ubwo yari yaratijwe akaba ari nabwo yapfuye . West Ham United Manchester City sentence: Israel Mbonyi agiye gutaramana n’abakunzi be mu gitaramo kizaca kuri Youtube Mbonyi Youtube sentence: Iki gitaramo kizaba tariki 20 Kamena 2020 guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kikazatambuka kuri shene ya Youtube yitwa MK1 TV muri iyi minsi isigaye ikunda gutambutsa ibitaramo by’abahanzi . 20 saa Youtube MK1 TV sentence: Tariki ya 5 Gicurasi , Minisiteri ya Siporo yagiranye inama na Komite Olempike n’abahagarariye imikino , hemezwa ko hafi imikino ( amarushanwa ) ishobora gusubukurwa ari muri Nzeri mu gihe imyitozo yatangira muri Kanama . 5 Minisiteri ya Siporo Komite Olempike Nzeri Kanama sentence: Yari yiteguye kwegukana igikombe dore ko yari yaragize uruhare rukomeye mu gufasha ikipe ye kugera muri iki cyiciro kibanziriza umukino wa nyuma , aho yari yatsinze Brésil na Turikiya mu mikino ibanza . Brésil Turikiya sentence: IGIHE yakusanyije Couple zitandukanye zimaze kwamamara mu muziki wo kuramya Imana ukwiye gutega amatwi uburyohe bw’ibihangano bwazo . IGIHE sentence: Abategura BET Awards kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2020 , batangaje ko umuhanzikazi Beyoncé washinze umuryango yise BeyGOOD ufasha abantu batandukanye ukanasabira ubutabera abarenganyijwe , azashimirwa mu buryo bwihariye mu itangwa ry’ibi bihembo , kuri uyu wa Mbere tariki 28 Kamena . kuri 25 BeyGOOD kuri 28 sentence: Rayon Sports yasinyishije Sibomana Théogène , nta gahunda ifite yo gukinisha abana Rayon Sports Théogène sentence: Marco Asensio na we yamaze gukira mu gihe Zidane yemeje ko Luka Jović na Lucas Vazquez badahari . Asensio Jović Vazquez sentence: Aba bakinnyi bombi , baje biyongera ku bandi bane Kiyovu Sports yaherukaga kugura barimo umunyezamu Kimenyi Yves wavuye muri Rayon Sports ahawe miliyoni 16 Frw ndetse na Babuwa Samson wahawe miliyoni 7 Frw avuye muri Sunrise FC , ariko we agasinya umwaka umwe . Kiyovu Sports Yves Rayon Sports Samson Sunrise FC sentence: Kubera ko abatora bakeka ko umukinnyi mwiza aba afite igisobanuro cyihariye , agomba kuva ku wundi mugabane utari uwacu . sentence: James & Daniella