|
sentence: Umutaliyani Piermario Morosini yapfuye tariki ya 14 Mata 2012 . Morosini <person> 14 <location> |
|
sentence: Samuel Eto’o wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe arimo FC Barcelone , Inter Milan na Chelsea , yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bafatwa nk’abakinnyi ba mbere ku Isi bavuye ku wundi mubumbe . Eto’o <person> FC <person> Barcelone <organization> Inter <person> Milan <organization> Chelsea <person> Ronaldo <person> Messi <person> |
|
sentence: “ Ntabwo ari Sibomana gusa twasinyishije , ni abakinnyi 10 bari hagati y’imyaka 18 na 21 , twabahaye amasezerano n’umushahara , tuzabatiza andi makipe yo mu cyiciro cya mbere dufitanye umubano cyangwa ayo mu cya kabiri kugira ngo bamenyere . |
|
sentence: Babaho mu munyenga w’urukundo bakanafatanya umurimo w’Imana : Couple z’abaramyi ziririmbana zimaze kwamamara |
|
sentence: Rayon Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurundi Rayon <person> Sports <organization> |
|
sentence: Bavuga ko kuba indirimbo zabo zamamaye cyane mu buryo bwihuse ari ubushake bw’Imana ndetse n’amasengesho yabo adasiba . |
|
sentence: Ngandu uvukana na Niyonzima Ally , ariko we akaba akinira Ikipe y’Igihugu y’u Burundi , yasinye imyaka ibiri kuri miliyoni 10 Frw , aya akaba ari nayo yahawe Bigirimana Abed waguzwe nk’umusimbura wa Twizeyimana Martin Fabrice werekeje muri Police FC . Ally <person> Burundi <organization> Abed <person> Martin <person> Fabrice <person> Police <person> FC <organization> |
|
sentence: Abandi bakinnyi bapfuye amarabira nka Marc - Vivien Foé - <person> Vivien <person> Foé <person> |
|
sentence: Ku bwa Munyangabe Omar wigeze kuba Umunyamabanga Mukuru n’ Umuyobozi wa Tekinike muri Kiyovu Sports , asanga ikipe iri kwiyubaka neza gusa ngo gutwara igikombe bisaba byinshi . Omar <person> Kiyovu <person> Sports <organization> |
|
sentence: Piermario Morosini Morosini <person> |
|
sentence: Mu cyiciro cy’abahanzi bashya b’abanyamahanga [ Viewer’s Choice : Best New International Act ] harimo Rema wo muri Nigeria |
|
sentence: Ati “ Na none nibaza impamvu abantu basoza gukina umupira w’amaguru , Rugby cyangwa undi mukino uwo ari wo wose , noneho bakagenda bakavuga ngo “ Ndi umutinganyi """" … Njye numva wakabaye nk’umutwaro bigoye gutwara mu gihe cyose umara ukina . |
|
sentence: Natwe twarahuye biba mahwi . |
|
sentence: Marc - Vivien Foé - <person> Vivien <person> Foé <person> |
|
sentence: Baherutse no kumurika album yabo ya mbere . |
|
sentence: Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Bwongereza , Justin Fashanu wahoze ari rutahizamu wa Norwich na Nottingham Forest , ni we wenyine wavuze ku mugaragaro ko ari umutinganyi . Bwongereza <organization> Fashanu <person> Norwich <person> Nottingham <person> Forest <organization> |
|
sentence: Umusifuzi Nyinawabari yishinganishije kuri FERWAFA avuga ko yatewe ubwoba FERWAFA <person> |
|
sentence: Yakinnye kandi inshuro ebyiri muri Premier League , bwa mbere muri West Ham United naho nyuma akinira Manchester City ubwo yari yaratijwe akaba ari nabwo yapfuye . West <person> Ham <organization> United <organization> Manchester <person> City <organization> |
|
sentence: Ahubwo , amakipe yahawe amabwiriza yo kwandikira Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ( PGMOL ) ibitagenze bitarenze umunsi ukurikiyeho . PGMOL <person> |
|
sentence: Muri iki cyiciro hariho kandi Sha Sha wo muri Zimbabwe , Celeste na Young T & Bugsey bo mu Bwongereza , Hatik na Stacy bo mu Bufaransa . Sha <person> Zimbabwe <organization> T <person> Bwongereza <organization> Bufaransa <organization> |
|
sentence: Yasabye FERWAFA ko yazamufasha ntarengane kuko kuva mu 2012 ibizamini abasifuzi mpuzamahanga bakora , abitsinda neza ndetse n’indi mirimo ashinzwe mu basifuzi ayikora neza . FERWAFA <person> 2012 <location> |
|
sentence: Andi mabwiriza yatanzwe ni uko ikipe yasuye ariyo izajya isohoka mbere ijya mu kibuga kugira ngo hatabaho kubyiganira mu rwambariro . |
|
sentence: Samuel Eto’o wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe arimo FC Barcelone , Inter Milan na Chelsea , yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bafatwa nk’abakinnyi ba mbere ku Isi bavuye ku wundi mubumbe . Eto’o <person> FC <person> Barcelone <organization> Inter <person> Milan <organization> Chelsea <person> Ronaldo <person> Messi <person> |
|
sentence: Biteganyijwe ko La Liga izasozwa tariki ya 19 Nyakanga , bivuze ko imikino yose isigaye izaba iba buri munsi mu gihe amakipe azajya akina byibuze umukino mu minsi itatu mu gihe cy’ibyumweru bitanu n’igice . 19 <location> |
|
sentence: Urebye n’ibintu maze iminsi nyuramo , mba nibwira kandi nkanabwira undi wese kwishakamo igisubizo agakomeza ubuzima . |
|
sentence: Ntekereza ko ari abo ku wundi mubumbe . |
|
sentence: Amafaranga ari kuva mu banyamuryango ba Kiyovu . Kiyovu <person> |
|
sentence: Abatoza babwiwe ko batagomba kwegera abasifuzi cyangwa ngo binjire mu cyumba cyabo ako kanya nyuma y’umukino . |
|
sentence: Marc - Vivien Foé yarabiranye ari hafi mu kibuga hagati . - <person> Vivien <person> Foé <person> |
|
sentence: Umuvugizi wa Rayon Sports avuga ko mu myaka iri imbere abo aribo iyi kipe izaba ishingiyeho aho gutanga amafaranga menshi ijya kugura abakinnyi mu yandi makipe , ahubwo izajya igarura abo yizamuriye . Rayon <person> Sports <organization> |
|
sentence: Minisiteri ya Siporo yakomeje ivuga ko “ Ahakorerwa siporo hose hazakomeza gufungwa keretse ahakorerwa siporo zavuzwe haruguru . Minisiteri <person> ya <organization> Siporo <organization> |
|
sentence: Aba bakinnyi bombi , baje biyongera ku bandi bane Kiyovu Sports yaherukaga kugura barimo umunyezamu Kimenyi Yves wavuye muri Rayon Sports ahawe miliyoni 16 Frw ndetse na Babuwa Samson wahawe miliyoni 7 Frw avuye muri Sunrise FC , ariko we agasinya umwaka umwe . Kiyovu <person> Sports <organization> Yves <person> Rayon <person> Sports <organization> Samson <person> Sunrise <person> FC <organization> |
|
|