sentence: Umutaliyani Piermario Morosini yapfuye tariki ya 14 Mata 2012 . Morosini 14 sentence: Samuel Eto’o wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe arimo FC Barcelone , Inter Milan na Chelsea , yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bafatwa nk’abakinnyi ba mbere ku Isi bavuye ku wundi mubumbe . Eto’o FC Barcelone Inter Milan Chelsea Ronaldo Messi sentence: “ Ntabwo ari Sibomana gusa twasinyishije , ni abakinnyi 10 bari hagati y’imyaka 18 na 21 , twabahaye amasezerano n’umushahara , tuzabatiza andi makipe yo mu cyiciro cya mbere dufitanye umubano cyangwa ayo mu cya kabiri kugira ngo bamenyere . sentence: Babaho mu munyenga w’urukundo bakanafatanya umurimo w’Imana : Couple z’abaramyi ziririmbana zimaze kwamamara sentence: Rayon Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurundi Rayon Sports sentence: Bavuga ko kuba indirimbo zabo zamamaye cyane mu buryo bwihuse ari ubushake bw’Imana ndetse n’amasengesho yabo adasiba . sentence: Ngandu uvukana na Niyonzima Ally , ariko we akaba akinira Ikipe y’Igihugu y’u Burundi , yasinye imyaka ibiri kuri miliyoni 10 Frw , aya akaba ari nayo yahawe Bigirimana Abed waguzwe nk’umusimbura wa Twizeyimana Martin Fabrice werekeje muri Police FC . Ally Burundi Abed Martin Fabrice Police FC sentence: Abandi bakinnyi bapfuye amarabira nka Marc - Vivien Foé - Vivien Foé sentence: Ku bwa Munyangabe Omar wigeze kuba Umunyamabanga Mukuru n’ Umuyobozi wa Tekinike muri Kiyovu Sports , asanga ikipe iri kwiyubaka neza gusa ngo gutwara igikombe bisaba byinshi . Omar Kiyovu Sports sentence: Piermario Morosini Morosini sentence: Mu cyiciro cy’abahanzi bashya b’abanyamahanga [ Viewer’s Choice : Best New International Act ] harimo Rema wo muri Nigeria ; uyu indirimbo ye yitwa ‘Iron Man’ yagaragaye ku rutonde rw’izo Barack Obama wayoboye Amerika yakunze mu 2019 . Nigeria Obama Amerika 2019 sentence: Ati “ Na none nibaza impamvu abantu basoza gukina umupira w’amaguru , Rugby cyangwa undi mukino uwo ari wo wose , noneho bakagenda bakavuga ngo “ Ndi umutinganyi """" … Njye numva wakabaye nk’umutwaro bigoye gutwara mu gihe cyose umara ukina . sentence: Natwe twarahuye biba mahwi . sentence: Marc - Vivien Foé - Vivien Foé sentence: Baherutse no kumurika album yabo ya mbere . sentence: Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Bwongereza , Justin Fashanu wahoze ari rutahizamu wa Norwich na Nottingham Forest , ni we wenyine wavuze ku mugaragaro ko ari umutinganyi . Bwongereza Fashanu Norwich Nottingham Forest sentence: Umusifuzi Nyinawabari yishinganishije kuri FERWAFA avuga ko yatewe ubwoba FERWAFA sentence: Yakinnye kandi inshuro ebyiri muri Premier League , bwa mbere muri West Ham United naho nyuma akinira Manchester City ubwo yari yaratijwe akaba ari nabwo yapfuye . West Ham United Manchester City sentence: Ahubwo , amakipe yahawe amabwiriza yo kwandikira Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ( PGMOL ) ibitagenze bitarenze umunsi ukurikiyeho . PGMOL sentence: Muri iki cyiciro hariho kandi Sha Sha wo muri Zimbabwe , Celeste na Young T & Bugsey bo mu Bwongereza , Hatik na Stacy bo mu Bufaransa . Sha Zimbabwe T Bwongereza Bufaransa sentence: Yasabye FERWAFA ko yazamufasha ntarengane kuko kuva mu 2012 ibizamini abasifuzi mpuzamahanga bakora , abitsinda neza ndetse n’indi mirimo ashinzwe mu basifuzi ayikora neza . FERWAFA 2012 sentence: Andi mabwiriza yatanzwe ni uko ikipe yasuye ariyo izajya isohoka mbere ijya mu kibuga kugira ngo hatabaho kubyiganira mu rwambariro . sentence: Samuel Eto’o wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe arimo FC Barcelone , Inter Milan na Chelsea , yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bafatwa nk’abakinnyi ba mbere ku Isi bavuye ku wundi mubumbe . Eto’o FC Barcelone Inter Milan Chelsea Ronaldo Messi sentence: Biteganyijwe ko La Liga izasozwa tariki ya 19 Nyakanga , bivuze ko imikino yose isigaye izaba iba buri munsi mu gihe amakipe azajya akina byibuze umukino mu minsi itatu mu gihe cy’ibyumweru bitanu n’igice . 19 sentence: Urebye n’ibintu maze iminsi nyuramo , mba nibwira kandi nkanabwira undi wese kwishakamo igisubizo agakomeza ubuzima . sentence: Ntekereza ko ari abo ku wundi mubumbe . sentence: Amafaranga ari kuva mu banyamuryango ba Kiyovu . Kiyovu sentence: Abatoza babwiwe ko batagomba kwegera abasifuzi cyangwa ngo binjire mu cyumba cyabo ako kanya nyuma y’umukino . sentence: Marc - Vivien Foé yarabiranye ari hafi mu kibuga hagati . - Vivien Foé sentence: Umuvugizi wa Rayon Sports avuga ko mu myaka iri imbere abo aribo iyi kipe izaba ishingiyeho aho gutanga amafaranga menshi ijya kugura abakinnyi mu yandi makipe , ahubwo izajya igarura abo yizamuriye . Rayon Sports sentence: Minisiteri ya Siporo yakomeje ivuga ko “ Ahakorerwa siporo hose hazakomeza gufungwa keretse ahakorerwa siporo zavuzwe haruguru . Minisiteri ya Siporo sentence: Aba bakinnyi bombi , baje biyongera ku bandi bane Kiyovu Sports yaherukaga kugura barimo umunyezamu Kimenyi Yves wavuye muri Rayon Sports ahawe miliyoni 16 Frw ndetse na Babuwa Samson wahawe miliyoni 7 Frw avuye muri Sunrise FC , ariko we agasinya umwaka umwe . Kiyovu Sports Yves Rayon Sports Samson Sunrise FC