|
sentence: Bazwi mu cyo bise ‘Morning Worship’ aho baririmba ibihangano bitandukanye byo mu gitabo bigafasha benshi . |
|
sentence: Papi Clever yasezeranye imbere y’Imana na Ingabire ku = wa Gatandatu tariki ya 7 Ukuboza 2019 muri Dove Hotel ku Gisozi . Clever <person> ku <location> 7 <location> Dove <person> Hotel <organization> Gisozi <organization> |
|
sentence: Ubukwe bw’aba bombi bwabaye nyuma y’icyumweru Papi Clever asabye akanakwa Ingabire mu birori byabereye mu Karere ka Musanze ku wa 30 Ugushyingo 2019 . Clever <person> Musanze <organization> 30 <location> |
|
sentence: Kuri uwo munsi banasezeranye byemewe n’amategeko y’u Rwanda mu muhango wabereye mu Murenge wa Muhoza . Rwanda <organization> Muhoza <organization> |
|
sentence: Isezerano ryo kubana byemewe n’Itorero rya ADEPR babarizwamo ryaheshejwe umugisha na Pasiteri Ndayizeye Isaïe , ubarizwa muri Ntora English Church Service aho Papi Clever asengera . ADEPR <person> Isaïe <person> Ntora <person> English <organization> Church <organization> Service <organization> Clever <person> |
|
sentence: Manzi & Eunice |
|
sentence: Manzi Nelson n’umugore we Irakiza Eunice basanzwe ari abaririmbyi , batangiye kuririmbana nk’umugabo n’umugore ( Manzi & Eunice ) ndetse kuri ubu bamaze kuririmbana indirimbo eshatu . Nelson <person> Eunice <person> |
|
sentence: Manzi & Eunice bambikanye impeta mu 2017 . 2017 <location> |
|
sentence: Ubu bafitanye umwana umwe bise Iriza Tona Manzi . Tona <person> Manzi <person> |
|
sentence: Bombi ni abaririmbyi bakomeye banabarizwa mu makorali afite izina rikomeye mu Rwanda . Rwanda <organization> |
|
sentence: Manzi Nelson aririmba muri Ambassadors of Christ choir ndetse ari no mu bayobozi bayo naho umugore we Irakiza Eunice ni umwe mu baririmbyi b’imena muri Epee du Salut choir yavukiye i Gitwe gusa kuri ubu ibarizwa kuri Kigali SDA Bilingual church . Nelson <person> Ambassadors <person> of <organization> Christ <organization> Eunice <person> Gitwe <organization> Kigali <person> SDA <organization> Bilingual <organization> church <organization> |
|
sentence: Manzi & Eunice bavuga ko kuririmbana ari babiri babitewe n’uko babikunda ndetse bakaba babisanzwemo nk’abantu babiri b’abaririmbyi babana . |
|
sentence: Ben na Chance |
|
sentence: Aba bazwi cyane mu ndirimbo zirimo ‘Amarira ya Yohana’ , ‘Yesu Arakora’ n’izindi . |
|
sentence: Uyu muryango usanzwe uri nkingi za mwamba za Alarm Ministries , bamaze imyaka icyenda bakundana mu gihe bamaze itandatu babana nk’umugabo n’umugore . Alarm <person> Ministries <organization> |
|
sentence: Bigeze kubwira Kiss FM ko bafashe umwanzuro wo kuririmbana nyuma yo kubona andi ma - couple abikora bikaba byiza cyane . Kiss <person> FM <organization> |
|
sentence: Bati “ Tumaze kubona abaramyi benshi bubakanye ingo kandi bafasha benshi barimo James na Daniella , Kavutse Olivier na Amanda , Fabrice na Maya Nzeyimana , Ben na Chance n’abandi batandukanye . Olivier <person> Nzeyimana <person> |
|
sentence: Icyo gihe Chance yavuze ko icyatumye yegurira umutima we Ben ari uko yakunze imico ye myiza ndetse akamubonamo impano y’Imana . |
|
sentence: Ati “ Icya mbere naramukunze , kandi nkunda imico ye , nkunda uko ateye , mubonamo impano y’Imana , mubonamo ubukirisitu biranyorohera mu buzima kubana na we . |
|
sentence: Chance abajijwe icyamugoye ubwo yatangiraga kubana na Ben , yavuze ko ari uburyo umugabo we yamuhaga umwanya muto kurusha gitari , ibintu byaje no gutuma batangira kuririmbana . |
|
sentence: Kugeza ubu Ben na Chance bamaze gushyira hanze indirimbo enye mu gihe bamaze batangiye gukorera hamwe umuziki , bakaba bavuga bazakomeza gushyira hanze n’izindi . |
|
sentence: Maya na Fabrice |
|
sentence: Fabrice Nzeyimana n’umugore we Maya Nzeyimana nabo ni bamwe mu bazwi cyane muri iki gihe nka couple ifite ibihangano bihembura benshi byo kuramya no guhimbaza Imana . Nzeyimana <person> Nzeyimana <person> |
|
sentence: Aba bazwi cyane mu ndirimbo nka ‘Muremyi w’Isi’ . |
|
sentence: Ni abakirisitu kuri CLA ( Christian Life Assembly ) i Nyarutarama ndetse Fabrice ni n’umucuranzi ukomeye muri iri torero . CLA <person> Christian <person> Life <organization> Assembly <organization> Nyarutarama <organization> |
|
sentence: Bakunze gutegura umugoroba wo kuramya ubanziriza inama y’iminsi itatu yiswe ‘Over Flow Africa Conference’ itegurwa n’itsinda rikorera mu bihugu birimo Kenya , Uganda , u Burundi n’u Rwanda Heavenly Melodies Africa ( aha habarizwamo Fabrice na Maya ) igamije guhuriza hamwe abaramyi batandukanye mu kurushaho kwimakaza ubwami bwo guhimbaza butajegajega . Kenya <organization> Uganda <organization> Burundi <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Amanda Fung na Kavutse Olivier babarizwa muri Beauty for Ashes na Prayer House Fung <person> Olivier <person> Beauty <person> for <organization> Ashes <organization> Prayer <person> House <organization> |
|
sentence: Kavutse na Amanda Fung barushinze ku ya 9 Nyakanga 2016 . Fung <person> 9 <location> |
|
sentence: Ubukwe bw’umuririmbyi Kavutse Olivier na Amanda Fung babarizwa mu Itorero New Life Bible Church , bwabereye ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Mujyi wa Rubavu mu 2016 bwitabiriwe n’abarenga igihumbi . Olivier <person> Fung <person> New <person> Life <organization> Bible <organization> Church <organization> Kivu <organization> Rubavu <organization> 2016 <location> |
|
sentence: Kavutse Olivier na Amanda Fung beruye urukundo rwabo mu 2014 , muri Gicurasi 2016 basezeranye imbere y’amategeko muri Canada , ku wa 9 Nyakanga 2016 bambikana impeta mu rusengero mu Rwanda . Olivier <person> Fung <person> 2014 <location> Gicurasi <location> Canada <organization> 9 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Bafitanye abana babiri , barimo imfura yabo y’umuhungu bibarutse mu 2018 bahaye izina rya Jireh Reign Shi - Rong Kavutse mu mpera za Mata uyu mwaka baherutse kwibaruka umukobwa bise Jadah Justice Asante Mei - En Kavutse . 2018 <location> Reign <person> Shi <person> - <person> Rong <person> mu <location> Justice <person> Asante <person> Mei <person> - <person> En <person> Kavutse <person> |
|
sentence: Beauty For Ashes , aba bombi babarizwamo yamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Surprise’ , ‘Turashima’ , ‘Yesu ni we Super Star’ , ‘Yesu ni sawa’ , ‘Hari ayandi mashimwe’ , ‘Ni wowe gusa’ n’izindi ziri mu njyana ya Rock n’umudiho wa Kinyafurika . |
|
sentence: Baherutse gutangiza iri tsinda ry’abaramyi n’abanyamasengesho ryitwa ‘Payer House’ ririmo na Kwizera Peace Ndaruhutse wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2016 n’abandi . Peace <person> Ndaruhutse <person> Rwanda <organization> 2016 <location> |
|
sentence: Umunyamahirwe uzahiga abandi mu kubyina indirimbo nshya ya Nsengiyumva François yashyiriweho ibihembo François <person> |
|
sentence: The Boss Papa ya Alain Muku ireberera inyungu z’umuhanzi Nsengiyumva François yateguye irushanwa ku muntu uzahiga abandi mu kubyina indirimbo y’uyu muhanzi nshya yise ‘Isubireho’ . Muku <person> François <person> |
|
sentence: The Boss Papa ya Alain Muku ireberera inyungu z’umuhanzi Nsengiyumva François yateguye irushanwa ku muntu uzahiga abandi mu kubyina indirimbo y’uyu muhanzi nshya yise ‘Isubireho’ . Muku <person> François <person> |
|
sentence: Ni mu irushanwa ryiswe |
|
sentence: Amandine Nzasangamariya ukurikirana abahanzi babarizwa muri The Boss Papa yabwiye IGIHE ko bateguye iri rushanwa mu rwego rwo gufasha abakunzi b’uyu muhanzi mu kuba bakwikenura . Nzasangamariya <person> IGIHE <person> |
|
sentence: Kuri Instagram abandi basabwe kwifata video babyina nidirimbo Isubireho ya Nsengiyumva François , bagakora tag @ nsengiyumva _ francois _ online na @ amandine _ 250 una hashtag ya |
|
sentence: Ibi byatangiye ku wa 16 Kamena 2020 birangire ku wa 16 Nyakanga 2020 . 16 <location> 16 <location> |
|
sentence: Video izagira likes na comments byinshi , izahembwa US $ 150 . |
|
sentence: Mu gihe abo kuri Facebook basabwe gufata link y’indirimbo Isubireho kuri YouTube bakabisangiza inshuti zabo . Facebook <person> YouTube <person> |
|
sentence: Batanu ba mbere bazahembwa Us $ 30 buri wese . |
|
sentence: Isubireho ni indirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kamena 2020 , irimo ubutumwa bukebura abakobwa cyangwa se abahungu bishora mu ngeso mbi cyane cyane iz’ubusambanyi . kuri <location> 10 <location> |
|
sentence: Ishushanya umukobwa uba warananiye iwabo akajya ararana n’abasore mu ma hoteli , kugeza aho bamufashe ku ngufu bakamukoresha imibonano mpuzabitsina barenze umwe . |
|
sentence: Mu gitero cyayo cya mbere , Nsengiyumva araririmba ati “ Mukamana ubwo aragiye saa munani na nijoro ntatinya ashaka amafaranga . |
|
sentence: Kukinyonga ni ijana , kudingisa ni bitanu Mukamana urananiranye ngaho isubireho . |
|
sentence: Iyi ndirimbo yayihimbye ashaka gukebura abakobwa bakora umwuga w’uburaya . |
|
sentence: Iyi ndirimbo ni iya karindwi mu zo uyu muhanzi amaze gushyira hanze . |
|
sentence: Ije ikurikira iyo yamenyekanyemo cyane yitwa ‘Mariya Jeannne’ yanatumye bamwita Igisupusupu , ‘Rwagitima’ n’izindi . Jeannne’ <person> |
|
sentence: Bitandukanye n’izindi ndirimbo yagiye akora , Nsengiyumva muri iyi ndirimbo nshya agaragara yambaye imikufi itandukanye yanahinduye umweru imisatsi ye . |
|
sentence: Nsengiyumva w’imyaka 41 y’amavuko yize gucuranga umuduri mu 1999 ubwo yari afite imyaka 20 mu gihe cy’amezi atanu . 1999 <location> |
|
sentence: Yize amashuri abanza gusa , ubu afite abana babiri . |
|
sentence: Reba iyi ndirimbo nshya ya Nsengiyumva wamenyekanye nka Igisupusupu |
|
sentence: Steve Bing wamamaye mu ruganda rwa sinema i Hollywood yapfuye yiyahuye Bing <person> |
|
sentence: Steve Bing wamamaye mu ruganda rwa sinema i Hollywood muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yapfuye yiyahuye . Bing <person> Leta <organization> Zunze <location> Ubumwe <location> za <location> Amerika <location> |
|
sentence: Steve Bing wamamaye mu ruganda rwa sinema i Hollywood muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yapfuye yiyahuye . Bing <person> Leta <organization> Zunze <location> Ubumwe <location> za <location> Amerika <location> |
|
sentence: Iby’uko uyu mugabo wari ufite imyaka 55 yiyahuye byemejwe n’Ubuyobozi bwa Los Angeles bushinzwe gukurikirana abantu basanzwe bapfuye hagakorwa isuzumwa ku cyateye urupfu rwe . Los <organization> Angeles <location> |
|
sentence: Bwavuze ko yari yari afite ihungabana ryinshi’ ari naryo ryatumye ahitamo kwiyambura ubuzima . |
|
sentence: Uyu mugabo wari usanzwe afitanye umwana w’umuhungu n’umukinnyi wa Filime Elizabeth Hurley , yasanzwe yapfuye ku wa Mbere w’iki Cyumweru . Hurley <person> ku <location> |
|
sentence: Muri Hollywood Bing yari azwi cyane kubera filime yagize uruhare mu iyandikwa ryayo mu 2003 ya Kangaroo Jack , kuba yarateye inkunga mu buryo bw’amafaranga filime ya The Polar Express yagiye hanze mu 2004 n’ibindi bikorwa byinshi byatumye aba umwe mu nkingi za mwamba muri Hollywood . 2003 <location> 2004 <location> |
|
sentence: Steve Bing ni we wakoze ‘Shine a Light’ , yayobowe na Martin Scorsese ivuga ku itsinda rya Rolling Stones ryamamaye cyane mu Bwongereza . Bing <person> Scorsese <person> Rolling <person> Stones <organization> Bwongereza <organization> |
|
sentence: Hurley babyaranye yanditse kuri Instagram agaragaza ko atewe agahinda n’urupfu rwa Steve Bing . Instagram <person> Bing <person> |
|
sentence: Yagize ati “ Mbabajwe birenze n’uko uwahoze ari umukunzi wanjye Steve Bing atakiri kumwe natwe . Bing <person> |
|
sentence: Ni iherezo riteye ubwoba . |
|
sentence: Ku myaka 18 Steve Bing yarazwe umutungo wa Miliyoni $ 600 na sekuru Leo Bing . Bing <person> Bing <person> |
|
sentence: Azajya yibukirwa ku kuntu yashyigiye bikomeye Bill Clinton wigeze kuba Perezida wa Amerika , agatanga nibura miliyoni $ 10 mu muryango we ndetse akanishyura urugendo yigeze kugirira muri Koreya ya Ruguru mu 2009 agiye mu biganiro byo gufunguza abanyamakuru babiri b’Abanyamerika bari bahafungiwe . Clinton <person> Amerika <organization> Koreya <organization> ya <location> Ruguru <location> 2009 <location> |
|
sentence: Stephen Leo Bing [ Steve Bing ] yavutse ku wa 31 Werurwe 1965 . Leo <person> Bing <person> Bing <person> 31 <location> |
|
sentence: Yakundanye n’abagore babiri |
|
sentence: Asize abana babiri Damian Hurley na Kira Bonder . Hurley <person> Bonder <person> |
|
sentence: Ambara uberwe bijyanye n’igihe : Imyambaro 10 abagore bakwambara bakaberwa muri iyi mpeshyi |
|
sentence: Impeshyi yageze , benshi mu banyamujyi bakunze kurimba batangiye kubika imyambaro bari bamaze iminsi bambara ijyanye n’igihe cy’ubukonje kimwe n’imvura , ari nako batekereza ku myambaro bashobora kwifashisha muri iki gihe cy’ubushyuhe . |
|
sentence: Impeshyi yageze , benshi mu banyamujyi bakunze kurimba batangiye kubika imyambaro bari bamaze iminsi bambara ijyanye n’igihe cy’ubukonje kimwe n’imvura , ari nako batekereza ku myambaro bashobora kwifashisha muri iki gihe cy’ubushyuhe . |
|
sentence: Mu nkuru zacu zitandukanye ndetse zizajya zibageraho kenshi tuzajya twifashisha abahanga mu kwambika abantu badufashe mu kurangira abanyarwanda uburyo bakwambara bakaberwa kandi bijyanye n’igihe . |
|
sentence: Kuri iyi nshuro twifashishije umuhanga mu kwambika abantu , Ingabire Sylvie , ufite iduka ryambika abakobwa n’abagore ryitwa Diva Shop riherereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako ya CHIC . Sylvie <person> Diva <person> Shop <organization> Kigali <organization> |
|
sentence: Ingabire yatweretse imyambaro y’abakobwa n’abagore bifuza kurimba muri ibi bihe by’impeshyi ayishyize mu byiciro bitatu ; |
|
sentence: Ku ikubitiro yatweretse imyambaro ushobora kwambara ugiye mu kazi ariko ukaba wanayirimbana , imyambaro ushobora kwambara usohotse ariko ushaka no kuruhura umubiri ndetse n’imyambaro y’ibirori . |
|
sentence: Iyi ni imyambaro iri hagati y’amafaranga ibihumbi mirongo itanu ndetse n’ibihumbi Magana atatu nk’igiciro fatizo ku muntu wifuza kwambara neza akaberwa muri iki gihe cy’impeshyi . cy’impeshyi <location> |
|
sentence: Ibi byiciro asobanura impamvu yabihisemo yagize ati """" Turi mu bihe by’impeshyi ndetse bitoroshye kubera icyorezo cya Covid - 19 , ariko abantu kenshi baba bashaka kurimba cyane ko nubwo ibirori bisigaye birangira kare ariko hari ibikiba . |
|
sentence: “ Abakunzi bo gusohoka n’ubundi baracyasohoka mu mahoteli ndetse na restaurants zitandukanye rero abifuza kurimba rwose niyo baba bari mu rugo bahora barimbye . |
|
sentence: Reba imyambaro icumi wakwambara ukaberwa muri iki gihe cy’impeshyi cy’impeshyi <location> |
|
sentence: Icyiciro cya mbere ni imyambaro ushobora kurimbana ugiye mu kazi mu gihe cy’impeshyi ariko ukaba wanayisohokana mu gihe wagira gahunda itunguranye |
|
sentence: Icyiciro cya kabiri ni imyenda yo kwambara usohotse mu gihe cy’ubushyuhe kandi ukaba uberewe |
|
sentence: Icyiciro cya gatatu ni amakanzu y’ubukwe ushobora kwambara mu mpeshyi mu gihe hashyushye ugataha kare |
|
sentence: Nyuma yo gukora Seburikoko na Citymaid zakunzwe , Misago agiye gusohora iyitwa “ Indoto """" |
|
sentence: Wilson Misago uzwi ku izina rya Nelly akaba ari we wakoze filime z’uruherekane zamenyekanye cyane nka Friends , Seburikoko na City Maid agiye gutangira kwandika indi yise’ Indoto . Misago <person> |
|
sentence: ’ Asezeranya abakunda Sebu na City Maid ko ntaho zizajya . |
|
sentence: Wilson Misago uzwi ku izina rya Nelly akaba ari we wakoze filime z’uruherekane zamenyekanye cyane nka Friends , Seburikoko na City Maid agiye gutangira kwandika indi yise’ Indoto . Misago <person> |
|
sentence: ’ Asezeranya abakunda Sebu na City Maid ko ntaho zizajya . |
|
sentence: Iyi filime izajya isohoka mu buryo bw’uruhererekane kuri Televiziyo y’u Rwanda nk’uko na Seburikoko na City Maid biyicaho . Televiziyo <person> y’u <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Yanditswe na Roger Niyoyita ikaba iri gutunganywa na Misago Wilson ariwe wagiye atunganya izindi zamamaye mu Rwanda nka Inshuti ( Friends ) , Seburikoko na Citymaid . Niyoyita <person> Wilson <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Mu kiganiro na IGIHE , Misago yavuze ko iyi filime ivuga ku buzima bw’abanyeshuri cyane cyane abiga muri kaminuza z’i Kigali . IGIHE <person> Kigali <organization> |
|
sentence: Yagize ati """" Muri make izaba ishingiye ku gitekerezo cy’umusore warangije amashuri yisumbuye akabura akazi , ava mu cyaro agiye gushakisha akazi i Kigali , nyuma yo kwizezwa kwakirwa n’inshuti ye yaje kumutenguha . Kigali <organization> |
|
sentence: Ageze i Kigali yaramubeshye aramubura . Kigali <organization> |
|
sentence: Muri ubwo buzima bukomeye , Muhire yabonye akazi k’izamu kugeza ubwo afashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri aza gukabya inzozi ze zo gukora application """" . |
|
sentence: Ngo ni filimi izaba igamije kwigisha ariko nanone hakagaragaramo abakinnyi bashya bafite impano . |
|
sentence: Uwineza Clarisse , umunyamakuru uzwi kuri Radiyo Rwanda uherutse kwemeza ko yamaze kwinjira muri sinema , azagaragara muri iyi filime y’uruhererekane “ Indoto """" izatangira guca kuri televiziyo Rwanda mu minsi mike , akaba ari umwe mu bazwi bazayikinamo . Clarisse <person> Radiyo <person> Rwanda <organization> televiziyo <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Integuza y’iyi filime nshya """" Indoto """" |
|
sentence: Adrien Misigaro yasohoye indirimbo “ Nyibutsa """" yakoranye na Miss Dusa uvukana na Gentil Misigaro Misigaro <person> Misigaro <person> |
|
sentence: Guverinoma yashyizeho uburyo bwo gusangiza abaturage baturiye pariki ku nyungu ituruka mu bukerarugendo , aho kuva mu 2005 bahabwaga 5 % k’umusaruro wabwo , mu 2017 aza kongerwa agera ku 10 % . 2005 <location> 2017 <location> |
|
sentence: Byatumye haterwa inkunga imishinga 730 y’abaturage ibarirwa agaciro kari muri miliyoni $ 6 . |
|
sentence: 1 , birimo amashuri , amavuriro , ibigega by’amazi n’ibindi bikorwa mu mirenge 12 yo mu Turere tune dukora kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga . Pariki <organization> y’Igihugu <location> y’Ibirunga <location> |
|
sentence: Ni ibikorwa bimaze guhanga imirimo igera ku 1 , 500 . |
|
sentence: Afurika y’Epfo : COVID - 19 yatumye intare zibona ubwisanzure , ziri kugaragara ziryamye mu mihanda ( amafoto ) Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Inyamaswa ni bimwe mu biremwa biri kungukira cyane mu ngamba zo kubuza abantu kugendagenda kubera coronavirus . |
|
sentence: Muri Pariki ya Kruger muri Afurika y’Epfo , intare ziri kugaragara zigandagaje mu mihanda yo muri pariki , ahantu zitapfaga kugera mu bihe bisanzwe . Pariki <organization> ya <location> Kruger <location> Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Inyamaswa ni bimwe mu biremwa biri kungukira cyane mu ngamba zo kubuza abantu kugendagenda kubera coronavirus . |
|
sentence: Muri Pariki ya Kruger muri Afurika y’Epfo , intare ziri kugaragara zigandagaje mu mihanda yo muri pariki , ahantu zitapfaga kugera mu bihe bisanzwe . Pariki <organization> ya <location> Kruger <location> Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Amafoto yakwirakwijwe kuri internet agaragaza intare zo muri iyo pariki ziryamye mu mutuzo , mu mihanda ya kaburimbo inyuramo imodoka zitwaye ba mukerarugendo basura iyo pariki . |
|
sentence: Ubuyobozi bwa pariki ya Kruger buherutse gushyira hanze amafoto y’izo ntare ziryamye mu mihanda , buvuga ko ubusanzwe zitajyaga zihagera kubera ko hanyuraga ba mukerarugendo benshi . |
|
sentence: Guhera tariki 25 Werurwe uyu mwaka , ibikorwa byo gusura pariki muri Afurika y’Epfo byarahagaritswe , bituma abakerarugendo bakundaga kuza muri iyo pariki babihagarika . 25 <location> Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Umuvugizi w’iyo pariki , Isaac Phaahla yabwiye CNN ati “ Ubusanzwe kuzibona ziryamye mu muhanda ku manywa ntibyakundaga kubaho kuko hahoraga urujya n’uruza bigatuma zihungira mu bihuru . Phaahla <person> CNN <person> |
|
sentence: Icyakora , Isaac Phaahla yavuze ko kuba abakerarugendo batakiza kureba inyamaswa , nta byinshi byahinduye ku myitwarire yazo kuko nubundi aho zari zisanzwe ziba ari ho zikiba . Phaahla <person> |
|
sentence: Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko kuguma mu rugo hirindwa coronavirus bizakomeza kugeza mu mpera za Mata uyu mwaka . Afurika <organization> y’Epfo <location> Ramaphosa <person> Mata <location> |
|
sentence: RDC : Abarinzi 12 ba Pariki y’Igihugu ya Virunga bishwe n’abantu bitwaje intwaro RDC <organization> Pariki <organization> y’Igihugu <location> ya <location> Virunga <location> |
|
sentence: Umuvugizi wa Pariki y’Igihugu ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , yemeje ko abarinzi 12 ba pariki bishwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro . Pariki <organization> y’Igihugu <location> ya <location> Virunga <location> Repubulika <organization> Iharanira <location> Demokarasi <location> ya <location> Congo <location> |
|
sentence: Umuvugizi wa Pariki y’Igihugu ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , yemeje ko abarinzi 12 ba pariki bishwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro . Pariki <organization> y’Igihugu <location> ya <location> Virunga <location> Repubulika <organization> Iharanira <location> Demokarasi <location> ya <location> Congo <location> |
|
sentence: Nk’uko AFP yabitangaje , iki nicyo gitero gihitanye abantu benshi muri iyi pariki , ndetse umuvugizi wayo yatangaje ko hari abandi bantu batandatu bakomeretse , kimwe n’abasivili bane banyuraga muri iyo pariki . AFP <person> |
|
sentence: Umwe mu bakozi b’inzego z’umutekano ariko yavuze ko abapfuye ari abantu 13 barinda pariki n’abasivili batanu . |
|
sentence: Pariki y’Igihugu ya Virunga ikora ku Rwanda na Uganda , ibarizwamo ingagi ariko ntabwo ku ruhande rwa Congo isurwa uko bikwiye kubera ibibazo by’umutekano . Pariki <organization> y’Igihugu <location> ya <location> Virunga <location> Rwanda <organization> Uganda <organization> Congo <organization> |
|
sentence: Uruhande rusurwa nta nkomyi ni ku Rwanda , uretse ko ibikorwa by’ubukerarugendo byahagaze kubera icyorezo cya Coronavirus . Rwanda <organization> |
|
sentence: Iyi pariki nabwo yaherukaga guhagarika ibikorwa byo kuyisura hagati ya Gicurasi na 2018 kugeza mu ntangiro z’umwaka ushize . hagati <location> |
|
sentence: Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’uko ba mukerarugendo babiri b’Abongereza bari bashimutiwemo . |
|
sentence: Baje kurekurwa ariko umurinzi wa pariki yicirwa mu kubashimuta . |
|
sentence: U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu bihugu byakiriye inama nyinshi mu 2019 U <organization> Rwanda <location> Afurika <organization> 2019 <location> |
|
sentence: Ishyirahamwe Mpuzamahanga rishinzwe gutegura Inama zikomeye ( ICCA ) ryashyize u Rwanda n’Umujyi wa Kigali by’umwihariko , ku mwanya wa kabiri mu bihugu byakiriye inama mpuzamahanga nyinshi muri Afurika mu 2019 . ICCA <person> u <organization> Rwanda <location> Kigali <organization> Afurika <organization> 2019 <location> |
|
sentence: Ishyirahamwe Mpuzamahanga rishinzwe gutegura Inama zikomeye ( ICCA ) ryashyize u Rwanda n’Umujyi wa Kigali by’umwihariko , ku mwanya wa kabiri mu bihugu byakiriye inama mpuzamahanga nyinshi muri Afurika mu 2019 . ICCA <person> Rwanda <organization> Kigali <organization> Afurika <organization> 2019 <location> |
|
sentence: Raporo ya ICCA y’umwaka ushize yerekana ko u Rwanda rwari ku mwanya wa kabiri n’ubundi inyuma y’Umujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo , ku rutonde rwasohotse ku wa 13 Gicurasi 2019 , rugaragaza uko imijyi yishimiwe mu kwakira inama mpuzamahanga mu 2018 . ICCA <person> Rwanda <organization> Cape <organization> Town <location> Afurika <organization> y’Epfo <location> ku <location> 2018 <location> |
|
sentence: Icyo gihe u Rwanda rwari rwazamutseho umwanya umwe kuko mu 2017 rwari ku wa gatatu inyuma y’imijyi ya Cape Town muri Afurika y’Epfo [ yongeye kwisubiza uwo mwanya ] na Marrakesh muri Maroc . Rwanda <organization> 2017 <location> Cape <organization> Town <location> Afurika <organization> y’Epfo <location> Marrakesh <organization> Maroc <organization> |
|
sentence: Raporo yerekana uko ibihugu byakiriye inama mpuzamahanga mu 2019 yasohotse kuri uyu wa 12 Gicurasi 2020 yerekana ko u Rwanda rwisubije umwanya wa Kabiri . 2019 <location> uyu <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe kumenyekanisha Ubukerarugendo bushingiye ku Nama ( RCB ) , Nelly Mukazayire , yavuze ko ari amakuru meza yerekana ko urwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku nama rukomeje gutera imbere . RCB <person> Mukazayire <person> |
|
sentence: Ati “ Aya ni amakuru meza na gihamya ko ingamba z’ubukerarugendo bushingiye ku nama ziri kugira agaciro . |
|
sentence: Tuzakomeza gushaka uko twakora neza dufatanyije n’abanyamuryango bacu , n’abafatanyabikorwa bacu kugira ngo tuzakomeze kuza mu myanya myiza mu myaka iri imbere . |
|
sentence: Uru rutonde rukorwa hashingiwe ku nama mpuzamahanga zizwi igihugu cyakiriye by’umwihariko iziba mu gihe runaka [ inshuro imwe cyangwa ebyiri mu mwaka ] . |
|
sentence: Izi nama zigomba kuba zibera mu bihugu nka bitatu bitandukanye , zikitabirwa n’abantu basaga 50 . |
|
sentence: ICCA kugeza ubu ifite abanyamuryango bagera kuri 50 muri Afurika , igihugu cya Afurika y’Epfo nicyo kiri ku mwanya wa mbere mu kwakira neza inama mpuzamahanga . ICCA <person> Afurika <organization> Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Ubukerarugendo bushingiye ku nama mu Rwanda bwinjiza angana na 20 % by’amafaranga yose igihugu gikura mu bukerarugendo angana na miliyoni $ 56 . Rwanda <organization> |
|
sentence: Muri Kigali hari ibyumba ibihumbi 10 n’ahantu heza hafite ubuso bwa metero kare ibihumbi 50 hakira inama . Kigali <organization> |
|
sentence: U Rwanda rwari rwihaye intego yo kwinjiza miliyoni $ 88 , mu bukerarugendo bwa 2019 . U <organization> Rwanda <location> 2019 <location> |
|
sentence: Cyakora ku byari biteganyijwe mu 2020 kugeza ubu hamaze kubaho igihombo cya 10 % bitewe n’inama zagombaga kuba hagati ya Werurwe na Mata zasubitswe kubera COVID - 19 . 2020 <location> hagati <location> |
|
sentence: Mu nama zikomeye u Rwanda rwiteguraga kwakira zigakomwa mu nkokora n’icyorezo cya COVID - 19 harimo inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma z’ibihugu bikoresha Icyongereza CHOGM yigijwe inyuma . Rwanda <organization> |
|
sentence: Mu bituma u Rwanda ruza imbere mu bihugu byakira neza inama mpuzamahanga harimo kuba ari igihugu gitekanye , kirangwa n’isuku , kikaba cyaranoroheje uburyo bwo gutanga visa n’ibindi . Rwanda <organization> |
|
sentence: Imibare ya ICCA yerekana ko habaye inama 13 254 mu 2019 ari nazo nyinshi yabaruye kuva itangiye gutangaza urwo rutonde . ICCA <person> 2019 <location> |
|
sentence: Umwana w’ingagi yitwa Icyamamare yatangiye gushakirwa izina binyuze kuri National Geographic National <person> Geographic <organization> |
|
sentence: Mu gihe hitegurwa umuhango wo Kwita Izina , Shene ya Televiziyo y’Abanyamerika “ National Geographic """" yatangije itora rigamije guhitamo izina ry’umwana w’ingagi yitwa Icyamamare binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo . National <person> Geographic <organization> |
|
sentence: Mu gihe hitegurwa umuhango wo Kwita Izina , Shene ya Televiziyo y’Abanyamerika “ National Geographic """" yatangije itora rigamije guhitamo izina ry’umwana w’ingagi yitwa Icyamamare binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo . National <person> Geographic <organization> |
|
sentence: Mu Rwanda bimaze kumenyerwa ko buri mwaka , abana b’ingagi zo mu Birunga bahabwa amazina mu birori bizwi nko “ Kwita Izina """" bibera mu Kinigi mu Karere ka Musanze . Rwanda <organization> Birunga <organization> Kinigi <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Umuhango wo “ Kwita Izina """" abana b’ingagi 25 ku nshuro yawo ya 15 , uteganyijwe ku wa 6 Nzeri 2019 . ku <location> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere ( RDB ) kuri iyi nshuro kibinyujije muri gahunda ya Visit Rwanda cyasabye abakurikira imbuga nkoranyambaga za National Geographic ubufasha bwo guhitamo izina ry’umwana umwe mu bazahabwa izina uyu mwaka . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> Rwanda <organization> National <person> Geographic <organization> uyu <location> |
|
sentence: Abakoresha imbuga nkoranyambaga bashobora guhitamo izina ryabanyuze muri abiri yashyizwe ku nkuta za Facebook na Twitter za National Geographic . Facebook <person> Twitter <person> National <person> Geographic <organization> |
|
sentence: National Geographic ikurikirwa n’abantu miliyoni 23 n’ibihumbi 200 kuri Twitter yasabye abakunzi bayo guhitamo izina rimwe muri abiri arimo “ Intego """" na “ Imyato """" yatoranyijwe n’abayobora ba mukerarugendo basura ingagi , abazivura n’abandi bazikurikirana buri munsi . National <person> Geographic <organization> Twitter <person> |
|
sentence: National Geographic yanditse kuri Twitter yayo ko izina “ Intego """" rijyanye n’ubuzima bw’uwo mwana w’ingagi mu cyerekezo cy’u Rwanda cyo kubungabunga ibinyabuzima bigiye gukendera |
|
sentence: Uyu mwana w’ingagi uri gushakirwa izina avuka ku yitwa Icyamamare yo mu muryango wa Kwitonda ugizwe n’ingagi 34 . |
|
sentence: Yavutse ku wa 1 Nyakanga 2018 . ku <location> |
|
sentence: Abahitamo izina rizitwa uyu mwana bahawe amasaha 72 yo gutora |
|
sentence: Mu bandi bamenyekanye bazita amazina abana b’ingagi barimo Tony Alexander Adams wabaye kapiteni wa Arsenal FC |
|
sentence: Kuva umuhango wo Kwita Izina watangizwa mu 2005 , abana b’ingagi 281 bamaze guhabwa amazina . 2005 <location> |
|
sentence: National Geographic ni Televiziyo ibarizwa muri Amerika |
|
sentence: Isanzwe ikorana na Arsenal mu kumenyekanisha ubukerarugendo bw’u Rwanda . Arsenal <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Ubufatanye bw’impande zombi buzageza mu 2021 , buzibanda ku gukora inkuru zivuga ku byiza nyaburanga bigize ubukerarugendo bw’u Rwanda , aho zizajya zerekanwa kuri iyi televiziyo n’imbuga nkoranyambaga zayo . 2021 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Fifteen years on , the Kwita Izina tradition continues — and you can help choose the name of one of this year’s babies ! |
|
sentence: You've got 72 hours to cast your vote and name one of Rwanda's new baby mountain gorillas . |
|
sentence: — National Geographic ( @ NatGeo ) August 28 , 2019 National <person> Geographic <organization> August <location> |
|
sentence: U Rwanda rumaze kungukira miliyari 36 Frw mu bufatanye na Arsenal Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ( RDB ) cyatangaje ko ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal bumaze kugira inyungu ibarirwa muri miliyoni 36 z’amapawundi , ni ukuvuga asaga miliyari 36 Frw . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> gishinzwe <organization> Iterambere <organization> RDB <person> Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ( RDB ) cyatangaje ko ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal bumaze kugira inyungu ibarirwa muri miliyoni 36 z’amapawundi , ni ukuvuga asaga miliyari 36 Frw . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> gishinzwe <organization> Iterambere <organization> RDB <person> Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: Byatangajwe kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro n’abanyamakuru mu gihe hitegurwa umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi 25 . uyu <location> |
|
sentence: Umwaka ushize binyuze mu kigo gishinzwe guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku nama , Rwanda Convention Bureau , u Rwanda rwinjiye mu bufatanye bw’imyaka itatu n’ikipe ya Arsenal FC , ikazajya yambara imyenda yanditseho ‘Visit Rwanda’ ndetse ikarumenyekanisha mu bundi buryo butandukanye . Umwaka <location> Rwanda <person> Convention <organization> Bureau <organization> u <organization> Rwanda <location> Arsenal <person> FC <organization> |
|
sentence: Ku cyumweru tariki 12 Kanama 2018 , nibwo ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal FC bwatangiye ku mukino iyi kipe yakinagamo na Manchester City . Ku <location> bw’u <organization> Rwanda <location> Arsenal <person> FC <organization> Manchester <person> City <organization> |
|
sentence: RDB ntiyatangaje amafaranga yishyuye iyo kipe iri mu zikunzwe ku Isi , gusa ivuga ko ari ayari ateganyirijwe kumenyekanisha u Rwanda no kureshya abashoramari na ba mukerarugendo . RDB <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere RDB , ushinzwe ubukerarugendo , Belise Kaliza yabwiye abanyamakuru ko ubufatanye bw’u Rwanda na Arsenal bumaze kubyara umusaruro nyuma y’umwaka umwe butangiye . Kigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <organization> Kaliza <person> Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: Yavuze ko bifashishije imibare yakusanyijwe n’ibigo mpuzamahanga , inyungu u Rwanda rumaze kuvana muri ubwo bufatanye ibarirwa muri miliyari 36 Frw . Rwanda <organization> |
|
sentence: Ati “ Mbere yo gusinya ayo masezerano 71 % by’amamiliyoni y’abafana ba Arsenal ntibabonaga u Rwanda nk’ahantu ho gusura ariko mu mpera z’umwaka wa mbere w’ubufatanye , kimwe cya kabiri cyabo babona u Rwanda nk’ahantu ho gusura . Arsenal <person> u <organization> Rwanda <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Kaliza yavuze ko mu mwaka wa 2018 ba bakerarugendo bavuye mu Bwongereza baza mu Rwanda biyongereyeho 5 % . 2018 <location> Bwongereza <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Yakomeje avuga ko uburyo bwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda bwakozwe na Arsenal , bwageze ku bantu miliyoni 4 . Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: 3 , akaba asanga ari umusaruro ufatika . |
|
sentence: Ati “ Bivuze ko ishusho yacu iri kubonwa n’abantu basaga miliyoni enye ku Isi . |
|
sentence: N’iyo wakoresha kwamamaza kuri Televiziyo ntiwabasha kubona abantu nk’aba . |
|
sentence: Ni igihamya ko bifite akamaro . |
|
sentence: Inyungu kandi y’ubwo bufatanye RDB igaragaza ko ibonekera mu mubare w’abatangiye gukurikira ibikorwa byo gusura u Rwanda ( Visit Rwanda ) aho ku mbuga nkoranyambaga nka Youtube ababikurikira biyongereye ku kigero cya cya 100 % , kuri Instagram biyongeye ku kigero cya 507 % , kuri Twitter biyongera ku kigero cya 72 % naho kuri Facebook biyongeyere ku kigero cya 44 % . RDB <person> u <organization> Rwanda <location> Rwanda <organization> Youtube <person> Instagram <person> Twitter <person> Facebook <person> |
|
sentence: Naivasha Oakes ushinzwe ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal , yavuze ko iyo mibare y’agaciro k’inyungu u Rwanda rumaze kuvana muri ubwo bufatanye , hifashishijwe uburyo butandukanye bwabazwe n’ibigo bizobereye . Oakes <person> bw’u <organization> Rwanda <location> Arsenal <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Ati “ Aha mbere harebwaga agaciro ko kwamamaza kuri za Televiziyo , ibiganiro n’ibijyanye no kwamamaza u Rwanda bitangazwa buri gihe iyo Arsenal iri gukina , ako gaciro kabarwa n’ibigo mpuzamahanga mu kubarura iby’itangazamakuru , bakanareba uburyo uko kwamamaza u Rwanda birebwa , bakareba bati ese uko kwamamaza iyo u Rwanda ruba rubyishyura rwari kwishyura angahe . u <organization> Rwanda <location> Arsenal <person> u <organization> Rwanda <location> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Abatwara n’abatembereza ba mukerarugendo mu Rwanda ( RTTA ) Mutoni Bonita , yavuze ko bishimishije kubona ubufatanye nk’ubwo bumaze gutuma u Rwanda rumenyekana hirya no hino ku Isi . w’Ishyirahamwe <person> ry’Abatwara <organization> n’abatembereza <organization> ba <organization> mukerarugendo <organization> Rwanda <organization> RTTA <person> Bonita <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Yavuze ko nk’abakurikiranira hafi iby’ubukerarugendo , ba mukerarugendo bavuye mu Bwongereza bagiye bagabanyuka mu bindi bihugu mu minsi ishize kubera ibibazo by’icyo gihugu cyivanye mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi ( Brexit ) na Ebola ivugwa mu karere u Rwanda ruherereyemo . Bwongereza <organization> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Mutoni yavuze ko kuba mu Rwanda bariyongereye bigaragaza agaciro k’ubufatanye na Arsenal . Rwanda <organization> Arsenal <person> |
|
sentence: Ati “ Dukwiriye gushimira RDB ku bw’imbaraga mu kongera abakerarugendo b’abongereza mu Rwanda . RDB <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Ahanini haba mu Karere n’ahandi umubare wabo wagiye hasi kubera nka Brexit na Ebola ariko siko byagenze mu Rwanda . Rwanda <organization> |
|
sentence: Umwaka ushize wa 2018 , mu Rwanda haje abakerarugendo bangana na miliyoni 1 . Umwaka <location> 2018 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Amafoto : Niyonzima Moise Moise <person> |
|
sentence: Radisson Blu yabaye iya mbere mu Rwanda yahawe igihembo cya hoteli itekanye Radisson <person> Blu <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Radisson Blu Hotel and Convention Centre , imwe muri hotel zikomeye mu Rwanda , yabaye iya mbere mu Rwanda n’iya gatatu muri Afurika yahawe igihembo cya hoteli ituje kandi ifite umutekano . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> Rwanda <organization> Rwanda <organization> Afurika <organization> |
|
sentence: Radisson Blu Hotel and Convention Centre , imwe muri hotel zikomeye mu Rwanda , yabaye iya mbere mu Rwanda n’iya gatatu muri Afurika yahawe igihembo cya hoteli ituje kandi ifite umutekano . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> Rwanda <organization> Rwanda <organization> Afurika <organization> |
|
sentence: Ku wa 5 Kanama 2019 ni bwo byatangajwe ko Radisson Blu Hotel and Convention Centre yegukanye iki gihembo gitangwa n’Ikigo Mpuzamahanga gihemba hoteli zifite ituze n’umutekano cyitwa Safehotels Alliance AB . Ku <location> Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> Safehotels <person> Alliance <organization> AB <organization> |
|
sentence: Iki gihembo gihabwa hoteli zateye intambwe ishimishije mu gushyira mu bikorwa politiki n’ingamba zo kubungabunga ituze n’umutekano kandi zikubahiriza amabwiriza y’ubuziranenge . |
|
sentence: Iki kigo gitanga iki gihembo cyemewe kandi gikorana n’Ishyirahamwe ry’ibigo bya ba mukerarugendo birimo Ihuriro Mpuzamahanga rishinzwe ibyo gutegura inama zikomeye ( ICCA ) n’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gukumira Ibiza ( UNISDR ) . Ihuriro <person> Mpuzamahanga <organization> rishinzwe <organization> ibyo <organization> gutegura <organization> inama <organization> zikomeye <organization> ICCA <person> n’Ibiro <person> by’Umuryango <organization> w’Abibumbye <organization> bishinzwe <organization> gukumira <organization> Ibiza <organization> UNISDR <person> |
|
sentence: Umuyobozi wa Radisson Blu Hotel and Convention Centre , Denis J . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> J <person> |
|
sentence: Dernault , yavuze ko bishimiye kuba hoteli yakiriye icyo gihembo gikomeye . |
|
sentence: Yakomeje agira ati “ Ituze n’umutekano by’abakiliya bacu ni ikintu duha agaciro gakomeye kandi tuzirikana ko ingamba nk’izo zishyirwa mu bikorwa . |
|
sentence: Abakozi bacu bazakomeza gutozwa kubahiriza amabwiriza mu nama zidasanzwe , dukomeze kubigira iby’ibanze . |
|
sentence: Yasobanuye ko Radisson Blu Hotel and Convention Centre izi neza ko icy’ibanze abagenzi bishimira aho batemberera ari ituze n’umutekano bahasanga , bityo kuba yabiherewe igihembo bizatuma abayigana barushaho kuyigirira icyizere . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> |
|
sentence: Radisson Blu Hotel yahawe igihembo cya hoteli itekanye kandi yiyubashye nyuma y’igenzura yakorewe ku ngingo zisaga 220 zishingirwaho kugira ngo hoteli runaka ishyirwe mu zitekanye . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> |
|
sentence: Harebwa ibyiciro bitandatu bitandukanye birimo umutekano w’inyubako , imiterere ya hoteli n’uburyo ihugura abakozi , ibikoresho bikumira inkongi , ibikoresho byifashishwa mu gucunga umutekano n’uburyo ikemura ibibazo ihuye nabyo . |
|
sentence: Radisson Blu Hotel and Convention Centre , yagiye ihabwa ibindi bihembo birimo icyo yegukanye mu cyiciro cya hoteli zifite igishushanyo cyiza n’izikomeje gutera imbere muri Afurika , icya Hotel ibereye gukorerwamo Inama ( Best Conference ) |
|
sentence: Radisson Blu Hotel and Convention Centre iherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali . Radisson <person> Blu <organization> Hotel <organization> Convention <person> Centre <organization> Kimihurura <organization> Kigali <organization> |
|
sentence: Ifite ibyumba 291 , birimo n’icyagenewe abo ku rwego rwo hejuru ( Royal Suite ) kiri ku buso bwa metero kare 700 . |
|
sentence: Igice cyayo gishushe nk’Inzu y’Umwami igaragara i Nyanza , cyakira abantu 2600 . Nyanza <organization> |
|
sentence: Iyi nyubako yafunguye imiryango mu 2016 , ifite ubushobozi bwo kwakira inama y’abantu 5000 icyarimwe n’umwanya uhagije ushobora kuberamo ibikorwa by’ubucuruzi , imyidagaduro n’ibindi birori . 2016 <location> |
|
sentence: [ email protected ] |
|
sentence: Mu mafoto : Imiterere ya ’beach’ 10 za mbere nziza ku Isi mu 2019 2019 <location> |
|
sentence: Kuruhuka ni kimwe mubyo abantu bahuriraho mu buzima , ariko bagatandukanira k’uburyo baruhuka . |
|
sentence: Bari abumva ko bagomba kuryama igihe kinini kugira ngo baruhuke , hari abareba filimi , hari abasoma ibitabo bikaba aribyo bibaruhura cyangwa bagasura n’inshuti . |
|
sentence: Kuruhuka ni kimwe mubyo abantu bahuriraho mu buzima , ariko bagatandukanira k’uburyo baruhuka . |
|
sentence: Bari abumva ko bagomba kuryama igihe kinini kugira ngo baruhuke , hari abareba filimi , hari abasoma ibitabo bikaba aribyo bibaruhura cyangwa bagasura n’inshuti . |
|
sentence: Kujya ku mucanga wo ku mazi ( beach ) ni kimwe mubyo abantu bakunda gukora baruhuka cyangwa bishimisha . |
|
sentence: Urubuga rwa Big 7 Travel rwashyize ahagaragara beaches 10 za mbere zikunzwe mu 2019 , rwifashishije ibitekerezo by’abakozi barwo n’abasomyi barwo 6 , 105 babajijwe . 2019 <location> |
|
sentence: Iyi beach iherereye mu karere ka Exuma mu gihugu cya Bahamas . Exuma <organization> Bahamas <organization> |
|
sentence: Bivugwa ko ingurube cyari kimwe mu by’ingenzi mu bucuruzi bwo muri Bahamas , bikaba bugingo n’ubu kuri uwo mucanga hakirangwa ingurube . Bahamas <organization> |
|
sentence: Kanuhura n’imwe muri beach 10 za mbere ku isi nziza ikaba iherereye mu gihugu cya Maldives , muri Asia y’amajyepfo . Maldives <organization> Asia <organization> y’amajyepfo <location> |
|
sentence: Playa Ruinas Playa <organization> Ruinas <location> |
|
sentence: Playa Ruinas ni beach iherereye mu gihugu cya Mexique ikaba izwiho kugira umucanga mwiza w’umweru n’amazi ateye amabengeza . Playa <organization> Ruinas <location> Mexique <organization> |
|
sentence: Ni n’ahantu habumbatiye amateka y’ingenzi . |
|
sentence: Abatuye Amerika y’Amajyepfo no ku yindi migabane usanga basura iyo beach ku bwinshi . Amerika <organization> |
|
sentence: Source d’Argent |
|
sentence: Source d’Argent ni beach iherereye ku Nyanja y’Abahinde mu gihugu cya Seychelles . Seychelles <organization> |
|
sentence: Ikikijwe n’ibitare binini bitangaje . |
|
sentence: Reynisfjara Beach Reynisfjara <organization> Beach <location> |
|
sentence: Iyi ni beach izwi cyane kubera umwihariko wayo wo kugira umucanga w’umukara , ikaba iherereye mu gihugu cya Iceland . Iceland <organization> |
|
sentence: Impamvu zatumye umucanga wo kuri iyi beach uba umukara n’iruka ry’ikirunga , gusa ibi ntibiyibuza kuza mu icumi za mbere nziza mu 2019 . 2019 <location> |
|
sentence: Secret Lagoon Secret <organization> Lagoon <location> |
|
sentence: Iyi beach ya gatanu ku rutonde rw’inziza mu 2019 iherereye mu gace ka El Nino ku kirwa cya Palawan mu gihugu cya Philippines . 2019 <location> El <organization> Nino <location> Palawan <organization> Philippines <organization> |
|
sentence: Kugira ngo uyigereho bigusaba kubanza koga ukanyura mu bitare biyikikije . |
|
sentence: Kujya kuri uwo mucanga ugahabwa n’ifunguro byagutwara agera ku Frw 29 , 250 . |
|
sentence: Iyi ni beach iherereye mu birwa bya Turks na Caicos hagati y’igihugu cya Bahamas na Repubulika y’Abadominikani . Turks <organization> Caicos <organization> Bahamas <organization> Repubulika <organization> y’Abadominikani <location> |
|
sentence: Ifite umucanga w’umweru ukundwa cyane n’abakerarugendo . |
|
sentence: Fig Tree Bay Fig <organization> Tree <location> Bay <location> |
|
sentence: Iyi ni beach ya gatatu mu nziza ku isi mu 2019 iherereye mu gihugu cya Chypre . 2019 <location> Chypre <organization> |
|
sentence: Kwicara ku mucanga waho ni ubuntu kuri bose ariko kujya ku dutanda n’imitaka byo birishyuzwa . |
|
sentence: Mu 2011 , iyi beach yaje ku mwanya wa 3 mu nziza ku mugabane w’Iburayi . 2011 <location> |
|
sentence: Whitehaven Beach Whitehaven <organization> Beach <location> |
|
sentence: Whitehaven iri ku mwanya wa kabiri mu nziza ku isi mu 2019 , ikaba iherereye mu gihugu cya Australie ku kirwa cya Whitsunday . 2019 <location> Australie <organization> Whitsunday <organization> |
|
sentence: Ifite uburebure bwa kilimetero zirindwi ikaba ifite n’umucanga w’umweru . |
|
sentence: Zlatni Rat Zlatni <organization> Rat <location> |
|
sentence: Nkuko bitangazwa na Big 7 travel , Zlatni Rat niyo beach ya mbere nziza ku isi mu 2019 . Zlatni <organization> Rat <location> 2019 <location> |
|
sentence: Iherereye mu gihugu cya Croatia bakaba bakunda kuyita ihembe rya zahabu kubera imisusire yayo . Croatia <organization> |
|
sentence: Iyi beach kandi ifite umwihariko wo kugenda yihinduranya amabara nyuma ya buri metero 10 na 20 . |
|
sentence: Izenguruswe n’imikindo itanga umuyaga mwiza ku bayigana . |
|
sentence: Ibiciro bya hoteli na serivisi z’ubukerarugendo byagabanyijwe , zimwe ziracyafunze |
|
sentence: Serivisi zimwe na zimwe za hoteli zikomeje gufungurwa , ariko byose byitondewe cyane kubera icyorezo cya Coronavirus cyahagaritse imirimo myinshi mu gihugu , urwego rw’amahoteli rugahungabana kurusha izindi . |
|
sentence: Serivisi zimwe na zimwe za hoteli zikomeje gufungurwa , ariko byose byitondewe cyane kubera icyorezo cya Coronavirus cyahagaritse imirimo myinshi mu gihugu , urwego rw’amahoteli rugahungabana kurusha izindi . |
|
sentence: Ku wa 16 Kamena inama y’abaminitiri yemeye isubukurwa ry’ubukerarugendo bwo mu gihugu na mpuzamahanga ku bashyitsi baje mu ndege zihariye , hotel zemererwa kwakira inama . Ku <location> |
|
sentence: Nyamara iyo uganiriye n’abanyamahoteli usanga iziciriritse cyangwa motel ubu arizo zirimo gukora kuko utubari rusange twafunzwe , naho izihanitse zinatanga serivisi zo ku rwego rwo hejuru zifunze imiryango kugeza magingo aya . |
|
sentence: Bitewe n’ihungabana ry’ingendo mpuzamahanga , ibigo bicuruza serivisi zo kwakira abantu n’ubukerarugendo amaso biyahanze abaturuka imbere mu gihugu , ku buryo icyemezo kirimo kuza imbere y’ibindi ari ukugabanya ibiciro ngo bihuzwe n’isoko . |
|
sentence: Hahereye ku byo gusura ingagi byagabanyijwe kuri 86 % bigera ku $ 200 ku Banyarwanda na 67 % ku banyamahanga batuye mu Rwanda biba $ 500 , ku bandi hagumaho $ 1500 yasabwaga buri wese ukeneye kureba ingagi . Rwanda <organization> |
|
sentence: Ikigo Mantis Rwanda gifite Epic Hotel & Suites , Akagera Game Lodge na Kivu Marina Bay Hotel , kivuga ko kugeza mu mpera za Nyakanga 2020 , nk’umuntu ashobora kwishyura ijoro rimwe muri hotel , irya kabiri akagabanyirizwa kuri 50 % , cyangwa yakwishyura amajoro abiri akongezwa irya gatatu kuri hotel zacyo zose . Mantis <person> Rwanda <organization> Epic <person> Hotel <organization> & <organization> Suites <organization> Akagera <person> Game <organization> Lodge <organization> Kivu <person> Marina <organization> Bay <organization> Hotel <organization> Nyakanga <location> |
|
sentence: Muri ubwo buryo kandi ikigo gitanga serivisi z’indege nko ku bashaka gutembera u Rwanda cyangwa mu zindi gahunda , Akagera Aviation , cyo cyashyizeho igabanya rya 30 % . Rwanda <organization> Akagera <person> Aviation <organization> |
|
sentence: Nko kuva ku wa 1 Nyakanga kugeza ku wa 30 Nzeri 2020 , abashaka gukora urugendo rw’amasaha abiri muri kajugujugu R44 y’imyanya itatu , igiciro cyavuye ku $ 1600 kiba $ 1120 naho muri A119 y’imyanya itandatu cyavuye ku $ 4000 kiba $ 2800 . kuva <location> |
|
sentence: Ku rugendo rw’iminota 30 , igiciro cyavuye ku $ 500 ku ndege y’imyanya itatu kigera ku $ 350 , naho ku y’imyanya itandatu kiva ku $ 1000 kigera ku $ 700 . |
|
sentence: Nk’urugendo rwo kuva i Kigali ukajya kureba inyamaswa muri Pariki y’Igihugu y’Akagera ugenda na kajugujugu y’imyanya itatu , igiciro cyavuye ku $ 1440 kigera ku $ 1008 , mu y’imyanya itandatu kiva ku $ 3000 kigera ku $ 2100 . Kigali <organization> |
|
sentence: Abagana hotel n’ubukerarugendo baracyisuganya |
|
sentence: Umuyobozi wa La Palisse Hotel y’inyenyeri enye , Nsengiyumva Hubert , avuga ko nubwo hoteli zakomorewe hakiri ikibazo ku kubona abazigana , ku buryo bategereje kureba uko ukwezi kwa Nyakanga kuzaba kwifashe . La <person> Palisse <organization> Hotel <organization> Hubert <person> Nyakanga <location> |
|
sentence: Kugeza ubu abakozi bahagaritswe ntibarasubira mu kazi , harimo kwifashishwa bake cyane bo kugira ngo nihagira ugana hotel atabura umwakira . |
|
sentence: Yakomeje ati “ Ibyumba birateguye , umuntu akeneye icyumba ashobora kukibona , ariko kuva bafungura nta mukiliya [ uraboneka ] . |
|
sentence: Gufungura ni buhoro buhoro , nidutangira kubona abantu bakeneye kuza hano , umuntu yahita agarura abakozi , akagabanya ibiciro n’ibindi . |
|
sentence: Yavuze ko mu bigaragara abantu bafite ubukene kandi hoteli nyinshi zikorera ku nguzanyo za banki , ku buryo bijyanye n’ibibazo bihari , ari ngombwa kugabanya ibiciro “ n’utwo duke ukatwakira nibura umwuka w’abantu nawo ukaza . |
|
sentence: Yakomeje ati “ Ntabwo tuzatangirira ku biciro biri hejuru , tugomba gutangirira hasi wenda umuntu akagenda azamuka bitewe n’uko abantu bagenda baza . |
|
sentence: Ubungubu uje , usabye icyumba ntabwo turimo kugendera ku biciro bisanzwe , igiciro ni ukugabanya 50 % , niba icyumba cyari ku madolari 100 , ubu uzana amadolari 50 tukakiguha . |
|
sentence: Uretse iyi hoteli ifite ibikorwa i Nyamata mu Karere ka Bugesera , Akarere ka Musanze kari imbere mu bukerarugendo kahungabanyijwe n’ihagarikwa ry’ibikorwa kubera Coronavirus , cyane ko ubukerarugendo buhakorerwa butunze benshi . Nyamata <organization> Bugesera <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Umuyobozi Ushinzwe kwakira ubusabe bw’abakeneye kugana Amakoro Songa Lodge , imwe mu nyubako zihagazeyo yakira ba mukerarugendo , David Rutikanga , avuga ko batangiye kwakira abantu bashaka kuyigana mu minsi iri imbere . Rutikanga <person> |
|
sentence: Avuga ko bashyizeho uburyo bwo korohereza abantu bijyanye n’ibi bihe , aho umukiliya agabanyirizwa igiciro bitewe na serivisi yasabye . |
|
sentence: Ati “ Hari udusaba amajoro abiri kuko niyo make , hari udusaba atatu , ane , aho rero niho tugena igiciro kijyanye n’ibyo yadusabye . |
|
sentence: Hoteli zimwe ntizirafungura |
|
sentence: Nubwo hari hoteli zimwe zabaye zifunguye , Umuyobozi wa Onomo Hotel mu Rwanda , Nizey Emile , avuga ko bo babaye bafunze kubera icyorezo cya Coronavirus , ubu hari ibikorwa byinshi birimo kuvugururwa , hotel ikazafungurwa nibura muri Kanama . Onomo <person> Hotel <organization> Rwanda <organization> Emile <person> Kanama <location> |
|
sentence: Yakomeje ati “ Nyuma yo kuhatunganya , nzaba ntegereje n’icyemezo mpuzamahanga kijyanye no kwirinda COVID , nikimara kuboneka nzafungura . |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru wa Serena Hotels mu Rwanda , Daniel Sambai , na we avuga ko bafunze kubera iki cyorezo , ubu hari icyizere ko izi hotel zishobora gufungurwa muri Nyakanga . Serena <person> Hotels <organization> Rwanda <organization> Sambai <person> Nyakanga <location> |
|
sentence: Ati “ Rubavu irafunze kubera ko hari akato , Kigali Serena Hotel nayo iracyafunze , twizeye ko tuzafungura muri Nyakanga ariko navuga ko twishimiye icyemezo cyo gufungura inama , ubu turimo kurangiza ibijyanye n’amabwiriza y’isuku ku buryo tuzafungura twamaze no gushyiraho ibiciro bibereye abaturarwanda . Rubavu <organization> Kigali <person> Serena <organization> Hotel <organization> Nyakanga <location> |
|
sentence: Sambai avuze ko ubu amaso bayerekeje ku bakiliya b’imbere mu gihugu , ku buryo mu minsi iri imbere bazashyiraho ibiciro bijyanye n’ubushobozi bwo mu gihugu . |
|
sentence: Kugeza ubu ngo hari inama ebyiri zimaze gusaba kuzabera muri Serena muri Nyakanga , abandi barimo kugaragaza ubusabe bwo kurara muri hotel y’i Rubavu . Serena <person> Nyakanga <location> Rubavu <organization> |
|
sentence: Yakomeje ati “ Dutegereje gufungura ibikorwa kandi biragaragara ko abakiliya bacu bagomba kuba abo mu gihugu , hakazaza abo mu karere , abo hirya yaho bakazaza nyuma . |
|
sentence: Ubu biratanga icyizere , nka Rubavu hari benshi barimo gusaba kuharara , ariko abantu bategereje ko hakomorerwa . Rubavu <organization> |
|
sentence: Nihakomorerwa hoteli izahita itangira , kuko hari abakiliya benshi bifuza gutuka i Kigali n’ahandi mu gihugu . Kigali <organization> |
|
sentence: Guverinoma iheruka gushyiraho ikigega cyo gufasha inzego zahungabanyijwe cyane na Coronavirus , COVID - 19 Economic Recovery Fund , cyatangiranye miliyari 101 Frw , ariko intego ni uko cyagera muri miliyari 200 Frw . |
|
sentence: Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda ari nayo icunga iki kigega , John Rwangombwa , aheruka kuvuga ko byitezwe ko 50 ku ijana y’icyo kigega azajya mu gufasha urwego rw’amahoteli , nka rumwe mu zahungabanyijwe cyane n’ibi bihe kandi rwari rusanzwe rutorohewe . Banki <person> Nkuru <organization> y’u <organization> Rwanda <organization> Rwangombwa <person> |
|
sentence: Bibarwa ko rusanganwe inguzanyo za miliyari 137 Frw . |
|
sentence: Werurwe gusa ubukerarugendo bwagize igihombo cya miliyari 34 . Werurwe <location> |
|
sentence: 9 Frw , bivuye ku nama zasubitswe n’ibindi bikorwa by’ubukerarugendo byahagaritswe , kubera ingamba zafashwe mu gukumira ikwirakwira rya Coronavirus . |
|
sentence: IATA yatanze amabwiriza akwiye gukurikizwa mu gufungura ingendo z’indege hirindwa Coronavirus IATA <person> |
|
sentence: Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ingendo zo mu Kirere ( IATA ) , cyashyizeho amabwiriza akwiriye gukurikizwa mu gihe ingendo z’indege zatangiye gufungurwa , byose bigakorwa hubahirizwa uburyo bwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus . IATA <person> |
|
sentence: Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ingendo zo mu Kirere ( IATA ) , cyashyizeho amabwiriza akwiriye gukurikizwa mu gihe ingendo z’indege zatangiye gufungurwa , byose bigakorwa hubahirizwa uburyo bwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus . IATA <person> |
|
sentence: IATA igaragaza ko Guverinoma zikwiye gushyiraho uburyo bufasha mu gupima umuntu winjiye mu gihugu ku buryo bishobotse igisubizo kiboneka mu gihe gito cyane . IATA <person> |
|
sentence: Ikindi IATA isaba ni uko ikiguzi cya serivisi zo gupima gikwiye kuba kiri hasi ku buryo kitabera imbogamizi abagenzi . IATA <person> |
|
sentence: Umuryango mpuzamahanga ushinzwe ingendo za gisivile , ( ICAO ) uherutse gutangaza amabwiriza akwiye kwifashishwa n’abantu bagiye gufata indege , aho agomba kubahirizwa na Guverinoma zose . ICAO <person> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru wa IATA , Alexandre de Juniac , yavuze ko Sosiyete z’indege zirajwe ishinga no kugabanya ibyago byo gukwirakwira kwa COVID - 19 binyuze mu ngendo zo mu kirere , ndetse ko gupima COVID - 19 bikwiye kubigiramo uruhare rukomeye . IATA <person> de <person> Juniac <person> |
|
sentence: Ati “ Ariko bikwiye gukorwa bijyanye n’amabwiriza ya ICAO agamije koroshya ingendo . ICAO <person> |
|
sentence: Asaba ko gupima bikwiye kujya bikorwa vuba bishoboka kandi bigatanga ibisubizo byizewe , bigakorerwa ku bantu benshi , aho avuga ko ari ingingo ikwiye ikubiye mu mabwiriza y’urugendo . |
|
sentence: IATA isobanura ko gupima COVID - 19 bizajya bikorwa mbere y’uko umuntu agera ku Kibuga cy’Indege kandi bigakorwa mbere y’amasaha nibura 24 y’urugendo . IATA <person> |
|
sentence: Ikindi ni uko abagenzi bazajya bagera ku Kibuga cy’Indege biteguye guhita bagenda ku buryo byagabanya ubucucike bigafasha ko mu gihe hari uwanduye atahura n’abandi ngo abe yabanduza . |
|
sentence: Gupima kandi bikwiye gukorwa mu buryo bworohereza abagenzi , ntibibabere umutwaro mu buryo bw’ubukungu , ibi bishingirwa ku kuba mu bihugu bimwe na bimwe by’u Burayi , gupima iki cyorezo bisaba ko umuntu yishyura amadolari nibura 200 . Burayi <organization> |
|
sentence: Gupima bigomba gukorwa mbere umuntu ategura urugendo cyangwa se bigakorerwa aho ahagurukira , mu gihe umugenzi apimwe agasanganwa iki cyorezo , ntabwo aba akibashije gukomeza urugendo rwe ahubwo ahita atangira kwitabwaho . |
|
sentence: Icyo gihe uwo murwayi yitabwaho hagendewe ku mategeko y’igihugu arimo , ntabwo sosiyete y’indege isabwa kumusubiza aho aturutse cyangwa se ngo ihabwe ibindi bihano mu buryo bw’amafaranga cyangwa se ngo yamburwe uburenganzira bwo gukora ingendo muri icyo gihugu . |
|
sentence: Abakora ingendo z’indege muri iki gihe basabwa kujya ku kibuga cy’indege bambaye agapfukamunwa ndetse aho biri ngombwa bakamenyekanisha imizigo yabo bifashishije ikoranabuhanga aho kuza kubikorera ku kibuga cy’indege . |
|
sentence: Ku kibuga cy’indege , abantu bagirwa inama yo kwinjira bahanye intera , bagapimwa umuriro , bagera mu ndege nabwo bakibuka gukomeza kwambara udupfukamunwa banirinda kugendagenda mu ndege ahubwo umuntu akaguma hamwe ari nako abashinzwe isuku mu ndege bita cyane ku gukomeza gusukura indege . |
|
sentence: Shira amatsiko ku mibereho y’Inkima zo mu Birunga zisangiye amateka na Richard Kandt ( Amafoto ) Birunga <organization> Kandt <person> |
|
sentence: U Rwanda ni igihugu gitatswe n’ibyiza byinshi birimo ahantu n’ibyiza nyaburanga bikunzwe n’abakerarugendo . U <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Muri ibyo harimo Inkima zifite ibara rya Zahabu ( Golden Monkies ) ziba muri Pariki y’Ibirunga . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> |
|
sentence: U Rwanda ni igihugu gitatswe n’ibyiza byinshi birimo ahantu n’ibyiza nyaburanga bikunzwe n’abakerarugendo . U <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Muri ibyo harimo Inkima zifite ibara rya Zahabu ( Golden Monkies ) ziba muri Pariki y’Ibirunga . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> |
|
sentence: Ni inyamaswa zishimishije zifite imico ijya gusa n’iya muntu , zifitanye amateka na Dr Richard Kandt , umuvumbuzi uzwi cyane mu mateka y’u Rwanda no mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba . Kandt <person> Rwanda <organization> Afurika <organization> |
|
sentence: Dr Kandt yageze mu Rwanda ari gukora ubushakashatsi burimo gushakisha isoko y’uruzi rwa Nil mu myaka ya 1897 na 1906 , ni nabwo yaje kubona mu Birunga Inkima zifite ibara rya zahabu , azandikaho inyandiko nyinshi ndetse zihabwa izina ry’ubushakashatsi rya ‘Cercopithecus kandti’ . Rwanda <organization> Birunga <organization> |
|
sentence: Ubu bwoko bw’inkima bugaragara cyane mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu misozi y’Ibirunga ihuriweho na Pariki enye zirimo iy’Ibirunga yo mu Rwanda , iya Mgahinga muri Uganda , iya Virunga na Kahuzi - Biéga zo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo . Afurika <organization> Rwanda <organization> Uganda <organization> Repubulika <organization> Iharanira <location> Demokarasi <location> ya <location> Congo <location> |
|
sentence: Kuwa 7 - 10 Kanama 2019 , umunyamakuru wa IGIHE kimwe n’abafite n’abakorera ibigo bifasha ba mukerarugendo mu Rwanda , basuye Inkima zo mu Birunga , mu rugendo rugamije gutangiza inzira nshya y’ubukerarugendo bushingiye ku muco n’amateka . Kuwa <location> IGIHE <person> Rwanda <organization> Birunga <organization> |
|
sentence: Uru rugendo ikigo gishinzwe Ingoro z’Umurage w’u Rwanda n’Umushinga w’Abadage wita ku iterambere ( GIZ ) byabageneye , rwibanze ku mateka y’Ubukoloni bw’Abadege mu Rwanda by’umwihariko urugendo rwa Dr Richard Kandt wari ubahagarariye . Rwanda <organization> GIZ <person> Rwanda <organization> Kandt <person> |
|
sentence: Ni urugendo rwahereye muri Priki y’Ibirunga icumbikiye inyamaswa nyinshi zirimo Inkima zifite ibara rya zahabu igice kimwe n’ajya gusa n’ikigina n’umukara , bakomereza n’izindi nzira Richard Kandt yanyuzemo mu Rwanda . Priki <organization> y’Ibirunga <location> Kandt <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Umukozi uhagarariye abafasha ba mukerarugendo muri Pariki y’Ibirunga , Irakoze Emmanuel , wari uyoboye itsinda guturuka ku biro byayo biherereye mu Kinigi mu Karere ka Musanze , yagize ati “ Urugendo tugiye gukora rugera muri umwe mu miryango y’Inkima zisurwa n’abakerarugendo , rutwara iminota 30 """" . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> Emmanuel <person> Kinigi <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Urugendo rujya gutangira yadusobanuriye ko mu Birunga harimo imiryango myinshi y’Inkima ariko isurwa ari itatu irimo uwa Kinege , Kageri na Kabatwa , zihabwa amazina bitewe y’uduce zikunze gusangwamo . Birunga <organization> |
|
sentence: Uwo twasuye wa Kageri , ugizwe n’inkima ziri hagati ya 60 - 100 . |
|
sentence: Kugera kuri uyu muryango bisaba iminota nibura 30 uvuye ku cyicaro cya Pariki y’Ibirunga , gusa Irakoze asobanura ko we cyangwa abashinzwe kuzicunga bataba bazi aho ziherereye kuko zihora zimuka . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> |
|
sentence: Ni inyamaswa zisurwa cyane , buri gitondo abashinzwe kuzishakisha barazinduka mu ishyamba ry’imigano n’ibindi byatsi n’ibiti cyimeza usanga muri pariki y’Ibirunga , bashakisha aho ziherereye , bagahana amakuru n’ushinzwe kuyobora abakerarugendo . |
|
sentence: Nk’ibisanzwe mbere yo kwinjira muri iyi pariki , Irakoze yabanje gutanga amabwiriza abasura bagomba gukurikiza mu kubungabunga umutekano wabo n’uw’imyamaswa zibarizwamo . |
|
sentence: Mu nama zitangwa harimo kutavugira hejuru , ahubwo ‘ushobora gutangara ariko bikamara amasegonda gusa’ no kutagira icyo ukura muri pariki cyangwa ngo usigemo icyo winjiranye , kutiherera aho ubonye , wabishaka ukamumenyesha . |
|
sentence: Ukigera aho umuryango wa Kageri uhera , biba bishoboka ko Inkima wazibona hafi cyangwa kure bitewe n’aho zaraye cyangwa aho zagiye gushakira ibizitunga . |
|
sentence: Tumaze kugenda nk’iminota 20 mu ishyamba , twageze ku bashinzwe kuzishakisha mu ishyamba , batubwira ko tugize amahirwe ko ziri hafi aho . |
|
sentence: Irakoze wari utuyoboye yadusabye gusiga ibikapu n’ibindi bikoresho dufite kugira ngo bitaza kubangamira ubwisanzure hagati yacu n’izi nyamaswa . |
|
sentence: Bimwe mu bifasha abazishakisha kumenya aho ziherere harimo kuba bazi agace barimo umunsi wabanje . |
|
sentence: Kubera kumarana igihe kinini nazo , bashobora kumenya icyerekezo zizaganamo umunsi ukurikiye . |
|
sentence: Aba baba bafite n’ubuhanga bwo kwitegereza ibyatsi zariyeho bakamenya umwanya ushize zihanyuze ku buryo bibafasha gutahura agace ziherereyemo . |
|
sentence: Inkima usanga zisimbagurika hejuru mu biti ari nabyo ziberamo . |
|
sentence: Ntizigera mu bushorishori ariko nanone biragoye ko wazisanga hasi ku butaka , zigerageza kujya hagati na hagati . |
|
sentence: Ni imyamaswa zidatinya , usanga zishaka kwegera abantu zibyishakiye ariko n’ubwayo uyegereye ihita ihunga , rimwe na rimwe ikaba yahagaraya hafi yawe . |
|
sentence: Inkima igira uburebure buri hagati ya sentimetero 48 na 67 n’umurizo ushobora kugera kuri santimetero 72 . |
|
sentence: Irakoze yavuze ko Inkima ishobora kubyara impanga ariko bigoye ko izikuza zose kuko byayigora kuzitaho icyarimwe kuko akenshi iyo bikiri ibyana biyisaba kubigendana ibiteruye . |
|
sentence: Imara amezi atanu mu nda ya nyana , ikavuka ifite amagarama 300 - 500 . |
|
sentence: Abakurikiranira hafi imibereho y’inkima bavuga ko bigoye gushyingura umurambo wayo kuko iy’imbyeyi igize ibyago byo gupfusha umwana , imuterura ikabana na we kugeza ashangutse [ Mu Rwanda ntabwo birabaho ni ku bundi bwoko bw’inkima ] . Rwanda <organization> |
|
sentence: Imushyira hasi iyo igiye kurisha , yabona umuntu cyangwa hakagira ikiyikanga , ihita iwuterura ikawurirana mu giti . |
|
sentence: Umushakashatsi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ingoro z’Umurage , Mugabowagahunde Maurice , yavuze ko kumenyekanisha ubukerarugendo bushingiye ku muco ari igikorwa cyunganira ubundi busanzwe . Kigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Ingoro <organization> z’Umurage <organization> Maurice <person> |
|
sentence: Yavuze ko na mbere y’uko Dr Richard Kandt aza mu Rwanda Inkima zabaga mu Birunga , ahubwo icyo yakoze ari ukuzandikaho no kuzimenyekanisha ku ruhando mpuzamahanga , dore ko zigaragara hacye ku Isi . Kandt <person> Rwanda <organization> Birunga <organization> |
|
sentence: Ati “ Inkima ziteye amatsiko , icyo dusaba abantu ni uko bazisura kuko ubukerarugendo bw’u Rwanda si ukuvuga ingagi gusa ahubwo hari n’ibindi biteye amatsiko mu gihugu bashobora gusura . Rwanda <organization> |
|
sentence: Umuyobozi wa guhunda yo guteza imbere ubukungu n’umurirmo muri GIZ , Kubwimana Jean Bosco , yavuze ko muri gahunda yo kumenyekanisha ubukerarugendo bufitanye isano na Dr Kandt ‘Twifuza ko ibigo bikora ubukerarugendo birimo ibikorera aho yagiye anyura , ibice ndangamateka , ingoro z’umurage byagura ubukerarugendo bikanagira uruhare mu iterambere ry’igihugu’ . GIZ <person> Jean <person> Bosco <person> |
|
sentence: Si ugushyigikira ibyakozwe n’Abakoloni |
|
sentence: Umuyobozi w’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda , Amb Robert Masozera , yavuze ko ‘Atari ugushyigikira ibyo Kandt yakoze kuko atari byiza ahubwo aho yageze ari ahantu heza habyazwa umusaruro no kwagura ubukerarugendo bukarenga gushingira ku ngagi na Pariki’ . Rwanda <organization> Masozera <person> |
|
sentence: Yasobanuye ko hari porogaramu yitwa ‘Richard Kandt Trail’ igaragara kuri Play Store yakozwe , umuntu yamanuraho akayishyira muri telefone zigezweho , ikamufasha kumva no gusobanukirwa amateka n’urugendo rwa Dr Richard Kandt no gusura uduce yagiye anyuramo . Kandt <person> Kandt <person> |
|
sentence: Ikigo cy’igihugu ndangamurage kigaragaza ko kimaze gukora ubushakashatsi bugamije kugaragaza ibice nyaburanga by’u Rwanda abakerarugendo basura , bwagaragaje ibisaga 500 birimo 10 bifitanye isano n’urugendo rwa Dr Richard Kandt . Rwanda <organization> Kandt <person> |
|
sentence: [ email protected ] |
|
sentence: Ingagi zo mu Rwanda zikomeje kororoka mu buryo budasanzwe Rwanda <organization> |
|
sentence: Ingagi zo muri Pariki y’Ibirunga zikomeje kororoka umunsi ku wundi aho muri iki cyumweru ku munsi umwe , ebyiri zabyaye ndetse bigaragaza ikinyuranyo gikomeye hagati y’iyabyaye ikiri nto n’iyabyaye ikuze . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> iki <location> |
|
sentence: Ingagi zo muri Pariki y’Ibirunga zikomeje kororoka umunsi ku wundi aho muri iki cyumweru ku munsi umwe , ebyiri zabyaye ndetse bigaragaza ikinyuranyo gikomeye hagati y’iyabyaye ikiri nto n’iyabyaye ikuze . Pariki <organization> y’Ibirunga <location> iki <location> |
|
sentence: Mu ngagi zabyaye harimo iyitwa Mudakama y’imyaka 33 yabyaye umwana wa mbere mu muryango mushya wa Urugwiro . |
|
sentence: Iyi ngagi imaze kugira abana batanu , bose baracyariho ariko baba mu miryango itandukanye . |
|
sentence: Umwana yaherukaga ni uwiswe Abasore wavutse mu myaka itanu ishize . myaka <location> |
|
sentence: Ubusanzwe ingagi ishobora kubyara buri myaka ine ariko Mudakama yo yabyariye imyaka irindwi , igihe kinini kurusha ikiba cyitezwe . |
|
sentence: Abagenzura ingagi bagaragaza ko bishoboka ko se w’umwana wabyawe na Mudakama yaba ari Urugwiro , ariko ko hakenewe ko bizemezwa neza n’amakuru azatangazwa nyuma kuko Mudakama yakunze guhindura imiryango . |
|
sentence: Indi ngagi yabyaye muri iyi minsi , ni iyitwa Ubufatanye ifite imyaka 16 , ikomoka mu muryango wa Musilikale . |
|
sentence: Ni mu gihe umwana wayo uheruka ari uwari ufite imyaka ibiri n’igice . |
|
sentence: Nubwo Ubufatanye ikiri nto , yarumbukiwe n’urubyaro aho ubu imaze kubyara gatatu mu gihe kitarenga imyaka itandatu . |
|
sentence: Abandi bana bayo bose baba mu muryango wa Musilikale ubu ugize ingagi 21 . |
|
sentence: Ikigega Dian Fossey Gorilla Fund cyatangaje aya makuru , cyavuze ko bitangaje “ kubona ikinyuranyo kiri hagati y’aba babyeyi bombi , bitwibutsa ko kimwe natwe , buri ngagi irihariye . Dian <person> Fossey <organization> Gorilla <organization> Fund <organization> |
|
sentence: Ubwiyongere bw’ingagi bujyanye n’ubushakashatsi Guverinoma y’u Rwanda yatangiye mu kureba uburyo ubuso bwa Pariki y’Igihugu y’Ibirunga bwakongerwa kugira ngo zibone aho ziba hisanzuye . Rwanda <organization> Pariki <organization> y’Igihugu <location> y’Ibirunga <location> |
|
sentence: Magingo aya , iyi pariki iri ku buso bwa hegitari 16 , 027 . |
|
sentence: Ubushakashatsi bwerekanye ko imibare y’ingagi ziri mu birunga kugeza muri Kamena 2016 zari 604 zivuye kuri 480 zabaruwe mu 2010 . birunga <organization> Kamena <location> 2010 <location> |
|
sentence: Iyi mibare ntirimo iziri mu Ishyamba rya Bwindi muri Uganda kuko ho ubushakashatsi bugikorwa . Bwindi <organization> Uganda <organization> |
|
sentence: Ibarura ryaho mu 2011 ryari ryerekanye ko harimo ingagi zigera kuri 400 . 2011 <location> |
|
sentence: Bivuze ko ubu ingagi zibarurwa muri iki gice zirenga 1000 . |
|
sentence: Abakora mu bukerarugendo bagiriwe inama yo kugabanya ibiciro mu kureshya abakiliya b’imbere mu gihugu |
|
sentence: Urwego rw’ubukerarugendo mu Rwanda rwanzuye kwerekeza amaso ku isoko ry’imbere mu gihugu mu rwego rwo kwizahura no guhangana n’ingaruka ruzasigirwa n’icyorezo cya coronavirus . Rwanda <organization> |
|
sentence: Urwego rw’ubukerarugendo mu Rwanda rwanzuye kwerekeza amaso ku isoko ry’imbere mu gihugu mu rwego rwo kwizahura no guhangana n’ingaruka ruzasigirwa n’icyorezo cya coronavirus . Rwanda <organization> |
|
sentence: Urwego rw’ubukeraugendo mu Rwanda ni rumwe mu zari zifashe cyane ubukungu bw’igihugu . Rwanda <organization> |
|
sentence: Benshi mu bakiliya barwo akenshi babaga ari abanyamahanga ariko ingamba zashyizweho zo kwirinda coronavirus zishobora gukoma mu nkokora urwo rwego , kuko abakerarugendo mpuzamahanga bizatwara igihe ngo batangire kugaruka . |
|
sentence: Gahunda yo kuzahura ubukungu iri gutegurwa n’urwego rw’ubukerarugendo n’amahoteli mu Rwanda , iragaragaza ko imbaraga nyinshi zigiye gushyirwa mu bukerarugendo bw’imbere mu gihugu guhera muri Gicurasi 2020 kugeza mu Ukuboza 2021 . Rwanda <organization> guhera <location> |
|
sentence: Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bukerarugendo , rivuga ko umubare w’abakerarugendo mpuzamahanga ushobora kuzagabanyuka ku kigero kiri hagati ya 60 na 80 % . |
|
sentence: Urugaga rw’Abikorera mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba , East African Business Council , EABC ) rugaragaza ko muri EAC nibura miliyari eshanu z’amadolari yagombaga kwinjizwa n’ubukerarugendo azagabanuka mu 2020 kubera icyo cyorezo , mu gihe abakerarugendo bagera kuri miliyoni 6 . Muryango <person> wa <organization> Afurika <organization> y’Iburasirazuba <organization> East <person> African <organization> Business <organization> Council <organization> EABC <person> EAC <person> 2020 <location> |
|
sentence: 2 bagombaga kuza gusura akarere bashobora kugabanuka . |
|
sentence: Izo mbogamizi zose zizagira ingaruka ku rwego rw’ubukerarugendo rw’imbere mu gihugu , ariyo mpamvu hakenewe kuvugurura ibiciro kugira ngo byorohere Abanyarwanda . |
|
sentence: Gahunda yo kuzahura urwego rw’ubukerarugendo iri gutegurwa , igira iti “ Nubwo bimwe mu bikorwa by’ubukerarugendo bisanzwe bihendutse kandi hari igabanyirizwa ku bantu b’imbere mu gihugu , hakenewe irindi gabanywa ry’ibiciro . |
|
sentence: Nk’ibiciro byo gusura ingagi byari biri hejuru cyane cyane ku baturage b’imbere mu Rwanda , mu korohereza no gushishikariza benshi kubyitabira kugabanya ibiciro birakenewe . Rwanda <organization> |
|
sentence: Muri iyo nyigo nshya kandi irashishikariza guteza imbere abantu bagiye mu bukerarugendo bukozwe mu matsinda , bakagabanyirizwa . |
|
sentence: Aho harimo kandi no kugabanyirizwa ku bashaka gusura ibice runaka nyaburanga mu bihe byihariye by’umwaka . |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere ( RDB ) kizakorana n’Ishami ry’Ubukerarugendo mu rugaga rw’abikorera mu Rwanda , kugira ngo hanozwe inyigo yakurikizwa mu kugabanya ibihombo urwego rw’ubukerarugendo ruri guhura nabyo . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Amahoteli kandi aragirwa inama yo kugabanyiriza ibiciro abayagana b’abanyarwanda , abaturutse mu bihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba n’abo mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bwa’Afurika . Afurika <organization> |
|
sentence: Iyo nyigo ivuga ko hari amahoteli amwe kugira ngo areshye abakiliya b’imbere mu gihugu , bizaba ngombwa ko agabanya igiciro ku kigero cya 80 % . |
|
sentence: Imbaraga kandi zizashyirwa mu bukangurambaga bugamije kureshya abakerarugendo b’imbere mu gihugu ariko hatirengagijwe ireme ry’isura y’u Rwanda mu ruhando mpuzamahanga . Rwanda <organization> |
|
sentence: Raporo y’Ishami ry’Ubukerarugendo mu Rugaga rw’Abikorera , PSF , igaragaza ko muri Werurwe bwagize igihombo cya miliyari 34 . PSF <person> Werurwe <location> |
|
sentence: 9 Frw , bivuye ku nama zasubitswe n’ibindi bikorwa by’ubukerarugendo byahagaritswe , kubera ingamba zafashwe mu gukumira ikwirakwira rya Coronavirus . |
|
sentence: Burera : Inkomoko ya Kanyirarebe , izina ry’agasozi kitiriwe umurwayi wo mu mutwe Burera <organization> Kanyirarebe <organization> |
|
sentence: Agasozi ka Kanyirarebe gaherereye mu Karere ka Burera , Umurenge wa Gahunga , kakaba gahuriweho n’utugari tubiri aritwo Buramba na Nyangwe . Kanyirarebe <organization> Burera <organization> Gahunga <organization> Buramba <organization> Nyangwe <organization> |
|
sentence: Agasozi ka Kanyirarebe gaherereye mu Karere ka Burera , Umurenge wa Gahunga , kakaba gahuriweho n’utugari tubiri aritwo Buramba na Nyangwe . Kanyirarebe <organization> Burera <organization> Gahunga <organization> Buramba <organization> Nyangwe <organization> |
|
sentence: Abatuye kuri aka gasozi bavuga ko habaga igiti kinini cyane cy’inganzamarumbu cy’umunyinya cyari cyaritsemo inyoni zitandukanye , gusa ngo nta bantu benshi bari bahatuye , igice kinini cyari kigizwe n’ibihuru . |
|
sentence: Nk’uko abantu bakuze batuye kuri aka gasozi babisobanura , bavuga ko inkomoko y’izina Kanyirarebe ryaturutse ku mugore wabanaga n’ubumuga bwo mu mutwe witwaga Nyirarebe , waje aturuka mu Gihugu cy’abaturanyi cya Uganda mu gace ka Bufumbira , maze aruhukira munsi y’icyo giti ahubaka akazu k’ibyatsi agaturamo . Kanyirarebe <organization> Uganda <organization> Bufumbira <organization> |
|
sentence: Magayane Silas uri mu kigero cy’imyaka 93 , yavuze ko ahagana mu 1925 , iki giti yakibonaga ndetse n’akazu k’ibyatsi kari karubatswe n’uwo murwayi wo mu mutwe witwaga Nyirarebe arakazi . Silas <person> |
|
sentence: Yagize ati """" Nkiri muto icyo giti cyari kuri aka gasozi , uwo Nyirarebe wari umurwayi wo mu mutwe nanjye nibuka ko namubonye yari yarubatse akazu k’ibyatsi munsi y’icyo giti . |
|
sentence: Nta muntu yahutazaga , n’abaturage baramukundaga kuko banamushyiraga ibiryo muri ako kazu akahaba gutyo , yaje kuhasazira arapfa , aka gasozi gafata izina gutyo hitwa ku Kanyirarebe """" . Kanyirarebe <organization> |
|
sentence: Maniraguha Ladislas w’imyaka 48 y’amavuko na we yemeza ko izina Kanyirarebe yavutse akarisanga gusa aza gusobanurirwa ko ryavuye kuri Nyirarebe wari ufite uburwayi bwo mu mutwe . Ladislas <person> Kanyirarebe <organization> |
|
sentence: Ati “ Batubwiraga ko ryaturutse ku mugore witwaga Nyirarebe wari ufite uburwayi bwo mu mutwe wigeze gutura munsi y’igiti kinini cyari gihari , batubwiraga ko yatungwaga n’ibiryo abaturage bamuhaga , rero umuco w’ubugwaneza n’urukundo byarangaga abakurambere bacu natwe barawuturaze , turangwa n’urugwiro n’imibanire myiza n’abatugana tukabakirana urwo rugwiro """" |
|
sentence: Kuri ubu ku Kanyirarebe harangwa n’ibikorwaremezo bitandukanye birimo umuriro w’amashanyarazi , inzu z’ubucuruzi , izo guturamo n’ibindi bikorwa byinshi by’iterambere . Kanyirarebe <organization> |
|
sentence: Abaturage baho batunzwe cyane n’ubuhinzi bw’ibirayi bakuramo amafaranga abatunga mu buzima bwabo bwa buri munsi , abandi bagakora ubucuruzibw’ibintu bitandukanye . |
|
sentence: Tour Eiffel yafunguriwe ba mukerarugendo nyuma y’igihe ifunzwe kubera Coronavirus |
|
sentence: Ibikorwa bitandukanye mu Burayi bikomeje gufungurwa bijyanye n’ingamba zigezweho mu gukumira icyorezo cya Coronavirus , aho kuri iyi nshuro u Bufaransa bwakomoreye abakeneye gusura Tour Eiffel . Burayi <organization> u <organization> Bufaransa <location> |
|
sentence: Ibikorwa bitandukanye mu Burayi bikomeje gufungurwa bijyanye n’ingamba zigezweho mu gukumira icyorezo cya Coronavirus , aho kuri iyi nshuro u Bufaransa bwakomoreye abakeneye gusura Tour Eiffel . Burayi <organization> u <organization> Bufaransa <location> |
|
sentence: U Bufaransa buri mu bihugu byahungabanyijwe cyane na Coronavirus , aho habarwa abantu 29 731 bishwe n’iki cyorezo na 161 348 bacyanduye , gusa ubukana bwacyo bukomeje kugabanuka , ari nako ibikorwa byinshi bisubukurwa . U <organization> Bufaransa <location> |
|
sentence: Kwemerera abantu kongera gusura aha hantu nyaburanga ni kimwe mu bimenyetso by’isubukurwa ryitondewe ry’ibikorwa , hagamijwe ko ibikorwa byinjiza amafaranga byongera gukora ariko ubuzima bw’abaturage bukabungwabungwa . |
|
sentence: Uburyo bwo guhana intera hagati y’umuntu n’undi n’ikoranabuhanga ryifashishwa mu gushakisha abahuye n’umuntu ufite Coronavirus , ni byo bihanzwe amaso . |
|
sentence: Tour Eiffel ni hamwe mu hantu hasurwa cyane na ba mukerarugendo mu Murwa Mukuru Paris , mu gihe ahandi hasurwa cyane nk’Inzu Ndangamurage ya Louvre , yo igifunzwe kugeza ku wa 6 Nyakanga . Paris <organization> ku <location> |
|
sentence: Mu rwego rwo kurinda abasura uyu munara muremure cyane muri Paris , ibyuma bizamura abantu kuri uyu munara ureshya na metero 324 birafunzwe , abantu basabwa kuzamuka bakoresheje ingazi , ndetse ahantu habiri muri hatatu abantu bashobora guhagarara bari kuri uyu munara niho hafunguwe gusa . Paris <organization> |
|
sentence: Nk’uko urubuga rusangwaho amakuru ya Tour Eiffel rubigaragaza , abantu bemerewe kuzamuka ingazi 674 bakagera ku nyubako ya kabiri . |
|
sentence: Byongeye , kugira ngo hirindwe ko abantu bahura , bazamukira ku ruhande rumwe bakamanukira ku rundi . |
|
sentence: Gusura uyu munara abantu basabwa kwishyura amayero 10 . |
|
sentence: 40 cyangwa amadolari ya Amerika $ 11 . Amerika <organization> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru w’uyu munara , Patrick Branco Ruivo , avuga ko kuva ibikorwa byafungwa muri Werurwe abantu ntibemererwe kuhasura , Tour Eiffel yahombye miliyoni $ 30 , igihe imaze ifunzwe kikaba ari cyo cya mbere kirekire ifunzwe nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi . Branco <person> Ruivo <person> Werurwe <location> |
|
sentence: Mu gusura uyu munara uganwa na miliyoni z’abantu mu bihe bisanzwe , kwambara agapfukamunwa n’amazuru ni itegeko ku bahasura bose bafite guhera ku myaka 11 kuzamura , kandi abantu bagomba guhagarara bahanye intera . |
|
sentence: Abagana hoteli na za restaurant bagiye kujya bandikwa |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere , RDB , cyashyizeho amabwiriza agiye kuzajya yifashishwa n’abafite Hotel na Restaurant , aho bategetswe kuzajya bandika umwirondoro w’umuntu wese ubagannye nka bumwe mu buryo bushobora koroshya kubona amakuru mu kurwanya icyorezo cya COVID - 19 . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> gishinzwe <organization> Iterambere <organization> RDB <person> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere , RDB , cyashyizeho amabwiriza agiye kuzajya yifashishwa n’abafite Hotel na Restaurant , aho bategetswe kuzajya bandika umwirondoro w’umuntu wese ubagannye nka bumwe mu buryo bushobora koroshya kubona amakuru mu kurwanya icyorezo cya COVID - 19 . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> gishinzwe <organization> Iterambere <organization> RDB <person> |
|
sentence: Aya mabwiriza yashyizweho mu rwego rwo gukaza ingamba mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus . |
|
sentence: Hotel na Restaurant ni zimwe muri serivisi zemerewe gufungura ibikorwa nyuma y’iminsi 43 zifunze , ariko zisabwa ko zajya zifunga saa moya z’ijoro . |
|
sentence: RDB yatangaje ko mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID - 19 “ abayobozi b’ama - hotel , ama - restaurant n’ahandi hafatirwa amafunguro n’ibyo kunywa , basabwa guhita batangira kujya bandika umwirondoro w’ababagana . RDB <person> |
|
sentence: Hazajya handikwa amazina yombi y’umuntu , nimero ya telefoni , isaha n’umunota yinjiriye aho hantu n’akarere atuyemo . |
|
sentence: Umwirondoro uzajya ubikwa mu buryo bw’ibanga gusa RDB ivuga ko “ aho bizaba ngombwa uzakoreshwa mu gushaka amakuru ajyanye na COVID - 19 """" . RDB <person> |
|
sentence: Urwego rw’ama - hotel no kwakira abantu , ni zimwe mu zashegeshwe bikomeye n’ingamba zo gufunga ibikorwa mu kwirinda icyorezo cya COVID - 19 , ndetse bisaba ingufu nyinshi mu kuzahura ubukungu bwarwo . |
|
sentence: Raporo y’Ishami ry’Ubukerarugendo mu Rugaga rw’Abikorera , PSF , igaragaza ko muri Werurwe bwagize igihombo cya miliyari 34 . PSF <person> Werurwe <location> |
|
sentence: 9 Frw , bivuye ku nama zasubitswe n’ibindi bikorwa by’ubukerarugendo byahagaritswe . |
|
sentence: Iyi raporo igaragaza ko nibura uru rwego ruzakenera miliyari 29 . |
|
sentence: 9 Frw mu kugoboka ibikorwa by’ubukerarugendo no kwakira abantu , mu gihe cy’umwaka wose nyuma ya Coronavirus . |
|
sentence: Ni rumwe mu nzego leta yiyemeje gufasha binyuze mu kigega kigiye gutangira , aho ba nyir’ibi bikorwa bazafashwa kuvugurura amasezerano y’inguzanyo bari bafite muri banki , ndetse bakoroherezwa kubona amafaranga yo kongera kuzahura ibikorwa byabo . |
|
sentence: Kugeza ubu , abantu 285 nibo bamaze kwandura indwara ya COVID - 19 , abamaze gukira ni 150 . |
|
sentence: Mu 2018 , u Rwanda rwasuwe n’abakerarugendo miliyoni 1 . 2018 <location> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere ( RDB ) cyatangaje ko mu mwaka wa 2018 , u Rwanda rwasuwe n’abakerarugendo miliyoni 1 . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> 2018 <location> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: 7 , baka bariyongereyeho 8 % ugereranyije na 2017 . 2017 <location> |
|
sentence: Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere ( RDB ) cyatangaje ko mu mwaka wa 2018 , u Rwanda rwasuwe n’abakerarugendo miliyoni 1 . Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> 2018 <location> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: 7 , baka bariyongereyeho 8 % ugereranyije na 2017 . 2017 <location> |
|
sentence: Kuri uyu wa Kabiri , RDB yatangaje ko abanyamahanga bakomeje kubona u Rwanda nk’ahantu heza ho gusura . uyu <location> RDB <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere RDB , ushinzwe ubukerarugendo , Belise Kaliza yavuze ko uko kwiyongera ari ikimeneyetso cy’uko imbaraga zashyizwe mu kumenyekanisha u Rwanda nk’ahantu ho gusura zirimo gutanga umusaruro . Kigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <organization> Kaliza <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Kaliza yavuze ko mu 2018 RDB yagurishije amatike 15 130 yo gusura ingagi mu birunga , bikaba byarinjije miliyoni 19 . 2018 <location> RDB <person> birunga <organization> |
|
sentence: 2 z’amadolari . |
|
sentence: Ni ubwiyongere bungana na 25 % ugereranyije na 2017 . 2017 <location> |
|
sentence: Abakerarugendo b’abanyamerika nibo baje imbere mu gusura cyane u Rwanda no gukoresha amafaranga menshi , kuko impuzandengo yabo igaragaza ko nibura umunyamerika wasuye u Rwanda yahakoreshaga ibihumbi 12 by’amadolari ( asaga miliyoni 11 Frw ) . Rwanda <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Mu bandi bakoresheje amafaranga menshi mu Rwanda harimo Abashinwa , aho umwe yabarirwaga kuhasiga amadolari 1 0 84 n’abanya - Nigeria bakoresheje hafi amadolari 1490 buri umwe . Rwanda <organization> Nigeria <organization> |
|
sentence: Mu bijyanye no gusurwa kwa Pariki z’Igihugu , Kaliza yavuze ko Pariki y’Akagera yasuwe n’abakerarugendo 51 724 mu mwaka wa 2018 , hakaba hariyongereyeho 17 % ugereranyije na 2017 . 2018 <location> 2017 <location> |
|
sentence: Nyungwe yasuwe n’abantu 15 665 , bakaba bariyongereyeho 9 % . Nyungwe <organization> |
|
sentence: Muri rusange , amafaranga yinjijwe na Pariki zose asaga miliyoni 20 z’amadolari , avuye kuri miliyoni zisaga 18 mu 2017 . 2017 <location> |
|
sentence: Ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu , guhera mu 2010 abanyarwanda bitabira ubukerarugendo biyongereyeho hejuru ya 200 % . 2010 <location> |
|
sentence: Guhera mu 2017 kugeza mu 2018 , biyongereyeho 21 . 2017 <location> 2018 <location> |
|
sentence: RDB itangaza ko byatewe n’ubukangurambaga burimo ubwa Tembera u Rwanda bwakozwe mu myaka ibiri ishize . RDB <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Guverinoma yihaye intego ko mu 2024 inyungu u Rwanda ruvana mu bukerarugendo igomba kwikuba kabiri ikagera kuri miliyoni $ 800 zivuye kuri miliyoni $ 404 yinjiye mu mwaka ushize , ndetse u Rwanda rukaba ku isonga mu bihugu ba mukerarugendo benshi bifuza gusura . 2024 <location> Rwanda <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: RDB yavuze ku mpinduka zimaze kugaragara nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri RDB <person> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere , RDB , Clare Akamanzi , yavuze ko nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri , amafaranga yinjira mu bukerarugendo avuye mu gusura ingagi yiyongereye , nubwo imibare y’abantu bazisura bo bagabanyutse . w’Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> Akamanzi <person> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere , RDB , Clare Akamanzi , yavuze ko nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri , amafaranga yinjira mu bukerarugendo avuye mu gusura ingagi yiyongereye , nubwo imibare y’abantu bazisura bo bagabanyutse . w’Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> Akamanzi <person> |
|
sentence: Yabigarutseho kuri uyu wa Kane mu kiganiro n’itangazamakuru , nyuma y’itahwa rya Singita Kwitonda Lodge and Kataza House , imwe mu nyubako yitezweho kuzajya yakira ba mukerarugendo bo ku rwego rwo hejuru , yubatse munsi y’Ikirunga cya Sabyinyo . uyu <location> Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> and <organization> Kataza <organization> House <organization> Sabyinyo <organization> |
|
sentence: Ni imwe mu nyubako izajya yakira abasura u Rwanda bashaka no gusura ingagi . Rwanda <organization> |
|
sentence: Muri Gicurasi 2017 nibwo RDB yatangaje ko u Rwanda rwakubye kabiri igiciro cy’abajya gusura ingagi , kiva ku madolari 750 kigera ku 1500 $ ku bantu bose kandi kigahita gitangira gukurikizwa . Gicurasi <location> RDB <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Hanashyizweho ko icyiciro gishya aho umuntu uzajya asura umuryango wose w’ingagi azajya yishyura 15 000 $ . |
|
sentence: Nyuma y’itangazwa ry’ibyo biciro , abantu bavuze byinshi ko Abanyarwanda batazajya babasha kwishyura ayo mafaranga , ariko baza gushyirirwaho gahunda zihariye zibafasha kwitegereza ibyiza igihugu cyabo gifite . |
|
sentence: Nyuma y’imyaka ibiri , Akamanzi avuga ko imibare y’abasura ingagi yagabanyutse , nubwo mu bijyanye n’amafaranga avamo , yo yazamutse . |
|
sentence: Yagize ati “ Impamvu ni uko tuzi ko dufite ingagi , kandi ntabwo ari inyamaswa zihora zibyara buri gihe , bivuga ko tugomba kuzibungabunga neza cyane . |
|
sentence: Bivuze ko kugira ngo umuntu ashobore kubona ingagi , bigomba gusaba amafaranga menshi , kubera ko amafaranga naba make abantu benshi bazajya kuzireba kandi ntabwo ari byiza mu kuzibungabunga . |
|
sentence: “ Niyo mpamvu kugira ngo turebe ko abantu bake bashoboka ariko bashobora kwishyura , kugira ngo dushobore kubona ya mafaranga nubwo ari abantu bake bajyayo . |
|
sentence: Bivuze ko kuva igihe twongereye ibiciro by’ingagi , amafaranga tubona ubu ngubu aruta amafaranga twabonaga mbere yuko twongera igiciro no mu bihe ba mukerarugendo baba ari bake . |
|
sentence: Akamanzi yavuze ko mu mwaka wa mbere ibiciro bimaze kuzamurwa , abantu basura ingagi bagabanyutse cyane ariko ubu batangiye kwiyongera ndetse n’amafaranga ubu aboneka mu basura ingagi yabaye menshi nubwo umubare w’abantu wagabanyutse , ariko ntiyatangaje umubare . |
|
sentence: Yakomeje ati “ Umubare w’abantu bagura impushya ntabwo ari munini cyane nka kwa kundi ariko bigenda byiyongera , ariko nubwo amafaranga ari menshi kuko twakubye kabiri ( ibiciro ) , ubu turashaka ko twakira ba mukerarugendo benshi bashoboka kuko nubwo bagenda biyongera , nitugurisha impushya zose tukarenza n’izo twagurishaga mbere , tuzabona amafaranga menshi kurusha ayo tubona ubu . |
|
sentence: “ Nubwo tutagurisha impushya zose twagurishaga mbere , amafaranga yariyongereye ariko n’umubare w’impushya tugurisha ugenda wiyongera . |
|
sentence: Bivuze ko nitugurisha impushya zose , amafaranga azaba menshi kurusha ayo tubona ubu ngubu . |
|
sentence: Icyo navuga ni uko icyemezo cyafashwe ngo twongere ibiciro cyari icyemezo cyiza nubwo abantu benshi bibazaga ibibazo byinshi ariko turareba ku mibare ko byabaye ibintu byiza . |
|
sentence: Akamanzi yavuze ko u Rwanda rukeneye abantu 96 bashobora kureba ingagi ku munsi kuko rufite imiryango 12 y’ingagi zisurwa . u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Buri muryango uba ukeneye gusurwa n’abantu umunani ku munsi . |
|
sentence: Ingagi zo mu birunga ni nke ku Isi , hasigaye izigera kuri 880 gusa , u Rwanda rukagiramo 62 % yazo . birunga <organization> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Muri Kamena 2016 zari 604 zivuye kuri 480 zabaruwe mu 2010 . Kamena <location> 2010 <location> |
|
sentence: Guverinoma y’u Rwanda igenera abaturiye hafi ya za pariki 10 % by’inyungu iva mu bukerarugendo . Rwanda <organization> |
|
sentence: U Rwanda rufite intego yo kwinjiza miliyoni $ 800 avuye mu bukerarugendo mu 2024 , mu gihe mu wa 2017 bwinjije miliyoni $ 438 . U <organization> Rwanda <location> 2024 <location> 2017 <location> |
|
sentence: Inkuru wasoma : U Rwanda rwazamuye ibiciro byo gusura ingagi mu birunga U <organization> Rwanda <location> birunga <organization> |
|
sentence: Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Singita Kwitonda Lodge and Kataza House ( Amafoto ) Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> |
|
sentence: Perezida Paul Kagame aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame , yafunguye ku mugaragaro Singita Kwitonda Lodge and Kataza House , inyubako yo ku rwego rwo hejuru izajya yakira ba mukerarugendo , yuzuye mu Karere ka Musanze , munsi y’ibirunga . Kagame <person> Kagame <person> Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Perezida Paul Kagame aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame , yafunguye ku mugaragaro Singita Kwitonda Lodge and Kataza House , inyubako yo ku rwego rwo hejuru izajya yakira ba mukerarugendo , yuzuye mu Karere ka Musanze , munsi y’ibirunga . Kagame <person> Kagame <person> Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Singita Kwitonda Lodge and Kataza House igizwe n’inyubako zigezweho zubatse mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Nyange , ku birenge by’Ikirunga cya Sabyinyo , aho uba unitegeye ibirunga bya Gahinga na Muhabura . Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> Musanze <organization> Nyange <organization> Sabyinyo <organization> Gahinga <organization> Muhabura <organization> |
|
sentence: Perezida Kagame yavuze ko ari ibyishimo mu kwifatanya n’abandi muri iki gikorwa , ashimira Luke Bailes washinze Singita Group , ku murimo ukomeye amaze gukora kugeza ubwo ikigo cye gifunguye ibikorwa mu Rwanda . Bailes <person> Singita <person> Group <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Ati “ Iki ni igikorwa gikomeye ku kurengera ibidukikije muri Afurika n’iterambere ry’urwego rwo kwakira abantu kuri uyu mugabane . Afurika <organization> |
|
sentence: Yavuze ko Singita ifite izina rikomeye mu bijyanye n’amahoteli , ku buryo u Rwanda rwishimiye kwakira iri zina mu yandi asanzwe mu gihugu . Singita <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Yanashimye amahitamo y’ibikoresho byifashishijwe mu kuyubaka byavuye mu Rwanda , uburyo bwifashisha ingufu z’izuba bwahubatswe n’imbaraga zashyizwe mu kwita ku gace iyi nyubako iherereyemo . Rwanda <organization> |
|
sentence: Yashimangiye ko kimwe na Singita , u Rwanda rushaka kwakira neza abarugana , aho gutanga serivisi nziza bigomba kuba ku isonga . Singita <person> u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Yakomeje ati “ Ndanasaba abantu batuye hano gukora cyane kugira ngo bahuze n’ibikenewe n’iyi Lodge , kugira ngo bizajye bigurishwa hano . |
|
sentence: Uwashinze Singita , Luke Bailes , yashimiye Perezida Kagame n’abandi bose batumye Singita ibasha gufungura inyubako mu Rwanda , bityo inzozi zayo zigahinduka impamo nyuma y’imyaka itanu y’imirimo inyuranye muri iki gihugu . Singita <person> Bailes <person> Singita <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Yakomeje ati “ Dushimishijwe no kugira uruhare mu kurengera ibidukikije ndetse no gutanga umusanzu mu rwego rwo kwakira abantu mu Rwanda . Rwanda <organization> |
|
sentence: Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere , RDB , Clare Akamanzi , yavuze ko u Rwanda rukomeje kwakira ba mukerarugendo batandukanye kandi bakeneye n’ibintu binyuranye , bityo Singita Kwitonda Lodge and Kataza House ari inyongera nziza ku byiza u Rwanda rufite bifasha ba mukerarugendo barusura . w’Ikigo <person> cy’Igihugu <organization> cy’Iterambere <organization> RDB <person> Akamanzi <person> Rwanda <organization> Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Singita Kwitonda Lodge and Kataza House yubatswe ahantu hahoze igishanga cyari urwuri , ariko ubu hashibutse umushinga ukomeye w’ubukerarugendo ugizwe n’inzu umunani zubatswe mu buryo zirengera ibidukikije . Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> Kataza <person> House <organization> |
|
sentence: Zirimo zirindwi zagenewe umuntu umwe cyangwa uherekejwe kuko buri imwe ifite uburiri bumwe , uruganiriro rwagutse n’ibindi byangombwa nkenerwa , hakaba indi imwe yiswe Kataza House yo igizwe n’ibyumba bine byo kuraramo . Kataza <person> House <organization> |
|
sentence: Yubatswe n’ibikoresho byinshi byakorewe mu Rwanda , ibyinshi ni ibiboneka i Musanze birimo amakoro n’imigano . Rwanda <organization> Musanze <organization> |
|
sentence: Ibiciro byaho byihagazeho nubwo bihindagurika bitewe n’ibihe , nk’uyu munsi uwakwifuza kuharara ari wenyine yakwishyura $ 1750 ku ijoro rimwe , uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda nibura ni miliyoni 1 . y’u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: 6 Frw , mu gihe abantu babiri bishyura $ 3500 . |
|
sentence: Kurara muri Kataza House byo bishobora kugera ku 8000 $ ku ijoro rimwe ku bantu babiri , barengaho bikaba $ 15 000 ku ijoro . Kataza <person> House <organization> |
|
sentence: Muri Singita Kwitonda kandi biteganywa ko iminsi mike umuntu ashobora kwemererwa kuhamara ari itatu . Singita <person> Kwitonda <organization> |
|
sentence: Muri icyo giciro haba hakubiyemo n’ibintu byose umuntu akenera mu ijoro , birimo ibyo kurya no kunywa byose bihaboneka . |
|
sentence: Singita Kwitonda Lodge yashoweho miliyoni $ 25 . Singita <person> Kwitonda <organization> Lodge <organization> |
|
sentence: Nyuma yo gufungurwa kuri uyu wa Kane , biteganyijwe ko umuntu wa mbere muri benshi bamaze gusaba kuharara , azahagera ku wa 5 Kanama 2019 , ni mu minsi itatu iri imbere . uyu <location> Kanama <location> |
|
sentence: Inyubako ya Singita Lodge yahawe izina rya Kwitonda , yitiriwe ingagi y’ingabo yari izwiho ubwitonzi , yapfuye mu 2012 ifite imyaka 40 , icyo gihe yabonetse itagihumeka nyuma y’iminsi yari ishize itakigaragara mu muryango wayo . Singita <person> Lodge <organization> 2012 <location> |
|
sentence: Uyu mushinga wa Singita ni umwe mu izatuma u Rwanda rubasha kwesa umuhigo wo kwinjiza miliyoni $ 800 avuye mu bukerarugendo mu 2024 , mu gihe mu wa 2017 bwinjije miliyoni $ 438 . Singita <person> Rwanda <organization> 2024 <location> 2017 <location> |
|
sentence: Singita ni izina risobanura ’ahantu h’ibitangaza’ mu rurimi rwa Shangaan rwo muri Afurika y’Epfo , ari naho iki kigo gikomoka . Singita <person> Afurika <organization> y’Epfo <location> |
|
sentence: Cyatangiye ishoramari mu bukerarugendo mu 1993 , gisanganwe izindi hotel zo mu bwoko bwa Lodge muri Tanzania ( muri Grumeti Game Reserve na Lamai ) , muri Zimbabwe ( Singita Pamushana Lodge ) no muri Afurika y’Epfo ( Singita Sweni Lodge na Singita Sabi Sand . 1993 <location> Tanzania <organization> Zimbabwe <organization> Singita <person> Pamushana <organization> Lodge <organization> Afurika <organization> y’Epfo <location> Singita <person> Sweni <organization> Lodge <organization> Singita <person> Sabi <organization> Sand <organization> |
|
sentence: Amafoto : Niyonzima Moses Moses <person> |
|
sentence: Ramada , sosiyete ikomeye mu by’amahoteli ishobora kwinjira ku isoko ry’u Rwanda Ramada <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Sosiyete y’Abarabu ikora ibijyanye n’imicungire y’amahoteli , Ramada , ishobora gutangira gukorera mu Rwanda aho bivugwa ko yafungura hotel y’ibyumba 154 . Ramada <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Sosiyete y’Abarabu ikora ibijyanye n’imicungire y’amahoteli , Ramada , ishobora gutangira gukorera mu Rwanda aho bivugwa ko yafungura hotel y’ibyumba 154 . Ramada <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Ramada ni yo sosiyete ikomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu bijyanye n’imicungire y’amahoteli , ariko igenzurwa n’indi yitwa Wyndham Hotels and Resorts . Ramada <person> Leta <organization> Zunze <location> Ubumwe <location> z’Abarabu <location> Wyndham <person> Hotels <organization> and <organization> Resorts <organization> |
|
sentence: Kugeza mu Ukuboza 2018 , yari ifite amahoteli 811 afite ibyumba 114 , 614 mu bihugu 63 zikora mu izina rya Ramada . Ukuboza <location> Ramada <person> |
|
sentence: Mu 2018 nibwo byatangiye kuvugwa ko Ramada iteganya gutangira ibikorwa mu Rwanda , igafungura hotel ifite ibyumba 154 . 2018 <location> Ramada <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Amakuru agera kuri IGIHE , ni uko hari ibiganiro byabayeho hagati y’abashinzwe ishoramari ry’amahoteli mu Rwanda n’iyi sosiyete harebwa uburyo yatangira gukorera mu Rwanda , gusa igihe izatangirira ntikiratangazwa . IGIHE <person> Rwanda <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Kuva mu 2013 , mu Rwanda hatangiye kwinjira amazina akomeye mu by’amahoteli bijyanye n’uko igihugu cyari gishyize imbere gushaka kuba igicumbi cy’inama . 2013 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Abashoramari bakomeye mu by’amahoteli babengutse u Rwanda nk’icyerekezo cyiza cy’ubukerarugendo ntibazuyaza kuhagaba amashami . Rwanda <organization> |
|
sentence: Aha twavuga Rezidor Hotel Group ifite Raddison blue , Hotel y’inyenyeri eshanu ifite ibyumba 292 , ibyumba by’inama birimo icyakira abantu basaga 2500 , ibiro byo gukoreramo n’ibindi . Rezidor <person> Hotel <organization> Group <organization> Raddison <person> blue <organization> |
|
sentence: Ikigo Marriot Hotels International gifite Kigali Marriot Hotel iri ku rwego rw’inyenyeri eshanu , ari na yo Marriot ya mbere yubatswe mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara . Marriot <person> Hotels <organization> International <organization> Kigali <person> Marriot <organization> Hotel <organization> Marriot <person> munsi <organization> y’ubutayu <location> bwa <location> Sahara <location> |
|
sentence: Ifite amagorofa atanu , ibyumba 254 byo kuraramo , ikaba ishobora gucumbikira abantu bagera kuri 320 , ibyumba 10 byo gukoreramo inama kuva ku byakira abantu 50 kugera kuri 650 , na parikingi y’imyanya 120 . |
|
sentence: Hari kandi Park Inn by Radisson nayo ya Rezidor Hotel Group , hoteli y’inyenyeri enye iherereye mu Kiyovu ahahoze Hotel Kiyovu , ifite ibyumba 161 , birimo iby’inama , uburiro n’ibindi |
|
sentence: Hari n’ikigo gikomeye Hilton Hotels and Resorts cyitegura kugura Hoteli Ubumwe Grande iherereye hagati mu Mujyi wa Kigali , ikazahita ihindura izina ikitwa DoubleTree by Hilton Kigali City Centre , ndetse n’umubare w’ibyumba byayo ukazamuka bikarenga 153 . Hilton <person> Hotels <organization> and <organization> Resorts <organization> Hoteli <person> Ubumwe <organization> Grande <organization> Kigali <organization> Kigali <organization> |
|
sentence: Ikigo gikomeye mu by’amahoteli muri Afurika , Protea Hotels Group , gifite umushinga wo kubaka hoteli ikomeye mu Karere ka Rusizi ‘Protea Kivu Marina Resort Hotel’ . Afurika <organization> Protea <person> Hotels <organization> Group <organization> Rusizi <organization> ‘Protea <person> Kivu <organization> Marina <organization> Resort <organization> Hotel’ <organization> |
|
sentence: Andi mazina akomeye y’amahoteli ari mu Rwanda ni nka Golden Tulip , Onomo Hotel , Serena Group of Hotels , Marasa , One & Only na Swiss International Hotels & Resort imenyerewe i Burayi , Aziya na Amerika . Rwanda <organization> Golden <person> Tulip <organization> Onomo <person> Hotel <organization> Serena <person> Group <organization> of <organization> Hotels <organization> Marasa <person> One <person> & <organization> Only <organization> Swiss <person> International <organization> Hotels <organization> & <organization> Resort <organization> Burayi <organization> Aziya <organization> Amerika <organization> |
|
sentence: Mu itongo kwa Richard Kandt ! Kandt <person> |
|
sentence: Igicumbi cy’ubushakashatsi , icumbi ry’abamisiyoneri ryasinyiwemo amasezerano akomeye ( Amafoto ) |
|
sentence: Dr Richard Kandt , umuvumbuzi uzwi cyane mu mateka y’u Rwanda no mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba yageze mu Rwanda mu 1898 aje mu bikorwa by’ubushakashatsi birimo gushakisha isoko y’uruzi rwa Nile . Kandt <person> y’u <organization> Rwanda <location> Afurika <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Dr Richard Kandt , umuvumbuzi uzwi cyane mu mateka y’u Rwanda no mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba yageze mu Rwanda mu 1898 aje mu bikorwa by’ubushakashatsi birimo gushakisha isoko y’uruzi rwa Nile . Kandt <person> y’u <organization> Rwanda <location> Afurika <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Nyuma yo kuzenguruka u Rwanda umwaka wose , yaje kwiyemeza kubaka inzu y’ibyatsi yo kubamo i Shangi , aho yakorega ubushakashatsi , akayakiriramo n’abashyitsi barimo umumisiyoneri wa mbere wanahasomeye misa yabaye iya mbere y’abazungu . u <organization> Rwanda <location> Shangi <organization> |
|
sentence: Uru rugo rwasinyiwemo n’amasezerano akomeye aho Ababiligi bifuzaga ko umupaka wa Congo unyuzwa mu ishyamba rya Nyungwe , icyari Cyangugu cyose kibaka umutungo wa RDC . Congo <organization> Nyungwe <organization> Cyangugu <organization> RDC <organization> |
|
sentence: Uru rugo ruherereye mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Shangi , Kandt , yaje kuruvamo ajya kuba i Kigali mu 1907 , ubwo yagirwaga Rezida w’u Rwanda . Nyamasheke <organization> Shangi <organization> Kigali <organization> w’u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Kuwa 7 - 10 Kanama 2019 , Umunyamakuru wa IGIHE kimwe n’abafite ibigo bifasha ba mukerarugendo mu Rwanda , basuye ahahoze urugo rwa Kandt , mu rugendo rugamije gutangiza inzira nshya y’ubukerarugendo bushingiye ku muco n’amateka . Kuwa <location> IGIHE <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Uru rugendo ikigo gishinzwe Ingoro z’Umurage w’u Rwanda n’Umushinga w’Abadage wita ku iterambere ( GIZ ) byabageneye , rwabumburiwe no gusura inkima zo mu birunga Kandt yakozeho ubushakashatsi , rukomereza i Shangi aho yabanje gutura . Rwanda <organization> GIZ <person> birunga <organization> Shangi <organization> |
|
sentence: Uretse ibyo bikorwa bishushanya urugendo rwa Kandt , banasuye ibindi bice nyaburanga byabyazwa umusaruro n’abafasha abakerarugendo birimo ahahoze urugo rw’Umwami Kigeli IV Rwabugiri , ingoro y’ibidukikije i Karongi , ubukerarugendo bushingiye ku burobyi n’ibindi . IV <person> Rwabugiri <person> Karongi <organization> |
|
sentence: Aho i Shangi uyu munsi wahagereranya n’itongo rya Richard Kandt kuko uretse kuba kwinjiramo bigoranye , n’iyo nzu bivugwa ko yahubatse utayihabona uretse ibisigazwa by’amateka yayo birimo ibiti by’imbuto , ikawa n’ibindi by’imitako byahatewe mu gihe cy’Abakoloni . Shangi <organization> Kandt <person> |
|
sentence: Kugera kuri uru rugo uturutse ku muhanda wa Kaburimbo mu Murenge wa Ruharambuga mu gasanteri ka Shangazi , uhabona icyapa kikuyoborayo kikugargariza ko kuhagera ugenda kilometero 10 . Ruharambuga <organization> Shangazi <organization> |
|
sentence: Winjirira mu muhanda w’igitaka ubona ukoze neza ariko uko ugenda usatira aho iyi nzu yari yubatse niko ugera ku bice bidakoze neza . |
|
sentence: Ku marembo hari icyapa cyashyizweho n’Ikigo gishinzwe ingoro z’igihugu , kigaragaza ko ari kamwe mu duce tubitse amateka dushobora gusurwa n’abakerarugendo . n’Ikigo <person> gishinzwe <organization> ingoro <organization> z’igihugu <organization> |
|
sentence: Ukihagera ubona hameze nko mu ishyamba ritarimo ibiti byinshi ariko ibirimo bikuze cyane , bikikijwe n’urugo rufite amarembo yubakishije imbaho ariko rufite akaryango gato gahora gafunze , bigaragara ko hinjirwa na nyiraho cyangwa undi wabanje kubisabira uburenganzira . |
|
sentence: Ntabwo imodoka wabona uko uyigezamo . |
|
sentence: Urakomanga ugategereza ko abasore bahakora baza kukubaza ikikugenza bakaguha uburenganzira bwo kujyamo , bivuze ko hari n’ubwo bashobora kubukwima bitewe n’impamvu runaka . |
|
sentence: Ukinjira , imbere harimo agahanda gafite nka metero ebyiri gakikijwe n’ibiti by’imikindo bivugwa ko byatewe ku ngoma y’Abakoloni . |
|
sentence: Ugenda nka metero 50 ukagera ku nzu zimaze igihe zubatswe mu 1930 , mu gihe u Rwanda rwagenzurwaga n’Ababiligi ariko bigaragara ko mu gihe cyazo zari mu zigezweho . u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Haruguru yazo aho bivugwa ko Kandt yari yarubatse iyo nzu y’ibyatsi harisanzuye nta kintu giteyemo uretse ibyatsi cyimeza . |
|
sentence: Gusa hari uruhande ubonamo ikawa bigaragara ko zatewe cyera ariko zidakoreye . |
|
sentence: Hepfo y’izo nzu ziteye irangi ry’umweru ridaheruka kuvugurwa n’amabati y’ubururu ashaje zirimo na sima , hari umwanya mugari ukikijwe n’ibiti by’inganzamarumbo . |
|
sentence: Kubera ibimera birimo n’indabo zizikikije bihari , hahora hahereye . |
|
sentence: Hirya gato , ka gahanda kinjiramo gakikijwe n’imikindo karakomeza kugera ku mazi y’ikiyaga cya Kivu , harimo urugendo nk’urwa metero 800 , bivuga ko yari inzira Kandt n’abandi bahabaye banyuragamo bagiye cyangwa bavuye mu bwato . Kivu <organization> |
|
sentence: Izo nzu iriho imitako itandukanya ifoto ya Richard Kandt , ay’umwami Yuhi V . Kandt <person> V <person> |
|
sentence: Musinga ari kumwe n’umwe mu Badage bari mu Rwanda icyo gihe n’andi asobanura bimwe mu bikorwa byahabere . Rwanda <organization> |
|
sentence: Ubwo butaka bubarizwamo iryo tongo uyu munsi ntabwo burajya mu maboko ya Leta , ni ah’umuzungu witwa Sett Manfred , Umudage wo mu muryango wa Dr Richard wamuzunguye , ndetse aza kuhagura na Leta mu 1989 . Manfred <person> 1989 <location> |
|
sentence: Mu itongo ry’aho Kandt yabaga uyu munsi ntabwo inzu y’ibyatsi yabagamo wayihabona . |
|
sentence: Ni isambu nini bivugwa ho yarengaga hegitari 10 izitije ibiti by’ubwoko butandukanye birimo ibimaze imyaka isaga 100 . |
|
sentence: Dr Kandt yubatse iyi nzu y’ibyatsi iherereye i Shangi , ruguru gato y’ikiyaga cya Kivu ku wa 24 Werurwe 1899 , nyuma yo kuvumbura isoko y’uruzi rwa Nile , mu ishyamba rya Nyungwe . Shangi <organization> Kivu <organization> ku <location> Nyungwe <organization> |
|
sentence: Igicumbi cy’ubushakashatsi |
|
sentence: Umushakashatsi mu kigo cy’igihugu cy’ingoro z’Umurage , Mugabowagahunde Maurice , yavuze ko muri uru rugo ariho Kandt yakoreraga ubushakashatsi butandukanye . kigo <person> cy’igihugu <organization> cy’ingoro <organization> z’Umurage <organization> Maurice <person> |
|
sentence: Yasobanuye ko ariho yicaraga agakubira mu nyandiko ibintu bitandukanye yabonye bishya birimo ibijyanye n’isoko y’uruzi rwa Nil yabonye mu ishyamba rya Nyungwe , ishusho y’ikiyaga cya Kivu yashushanyije nyuma yo kukizenguruka n’amaguru n’ibindi . Nyungwe <organization> Kivu <organization> |
|
sentence: Mugabowagahunde ati “ Ubushashatsi bwose yabukoraga ataha hano kugera igihe bamugiriye umuyobozi w’umujyi wa Kigali mu 1907 , ajya kubayo . Kigali <organization> |
|
sentence: Yahakiriye abamisiyoneri bahasomera misa ya mbere |
|
sentence: Mugabowagahunde yavuze ko Abamisiyoneri binjiye bwa mbere mu Rwanda baturutse i Bujumbura mu Burundi , bakagirwa inama yo kubanza kwiyegereza Richard Kandt wari uhamenyereye . Rwanda <organization> Bujumbura <organization> Burundi <organization> Kandt <person> |
|
sentence: Ati “ Abamisiyoneri ba mbere baza baturutse i Bujumbura mu Burundi , bayobowe na Musenyeri Joseph Hirth bamubwiye ko kugira ngo ahite ajya kureba umwami agomba kubanza kuvugana na Kandt wari uhamenyereye , akamubwira uko yabyitwaramo . Bujumbura <organization> Burundi <organization> Hirth <person> |
|
sentence: Muri icyo gihe Musenyeri Joseph Hirth yari ategereje kugirwa inama na Kandt , we na bagenzi be b’abamisiyoneri basomeye misa ya mbere i Shangi mu rugo rwa Kandt , yitabiriwe n’abaturage bacye . Hirth <person> Shangi <organization> |
|
sentence: Nyuma Kandt yaje kubagira inama yo kujya gutura i Save muri Butare , hafi y’umwami . Save <organization> Butare <organization> |
|
sentence: Imishyikirano yo kwambura ubutaka u Rwanda u <organization> Rwanda <location> |
|
sentence: Ubwo u Bubiligi bwakolonizaga Congo , u Rwanda rugakolonizwa n’u Budage , mu myaka ya 1900 impande zombi zagiraga igihe zihura zikaganira ku buryo bwo kwigabanya ubutaka . u <organization> Bubiligi <location> Congo <organization> Rwanda <organization> n’u <organization> Budage <location> |
|
sentence: Mugabowagahunde ati “ Habereye imishyikirano ikomeye yamaze igihe hagati y’Abadage n’Ababiligi bari muri Congo . Congo <organization> |
|
sentence: Nyuma yaho Ababiligi baje kongera gushaka ko umupaka wimuka , ukava aho u Rwanda rugabanira na Congo , ugaca muri Nyungwe iki gice [ Cya Cyangugu ] kikajya muri Congo , Richard Kandt arabyanga . Rwanda <organization> Congo <organization> Nyungwe <organization> Cyangugu <organization> Congo <organization> Kandt <person> |
|
sentence: Mugabowagahunde yavuze ko mu nyandiko zitandukanye Kandt yanditse , zisobanura ko yanze ko umupaka wimuka kuko yari agifite impungenge z’uko azabwira Umwami Musinga , ukuntu ibindi bice nko ku Idjwi byagiye ku ruhande rwa Congo . Congo <organization> |
|
sentence: Umuyobozi w’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda , Amb Robert Masozera , yavuze ko kumenyekanisha ubukerarugendo bushingiye ku rugendo rwa Kandt ‘atari ugushyigikira ibyo yakoze kuko atari byiza ahubwo aho yageze ari ahantu heza habyazwa umusaruro no kwagura ubukerarugendo bukarenga gushingira ku ngagi na Pariki’ . Rwanda <organization> Masozera <person> |
|
sentence: MTN yatangaje ibiciro bishya byo kohererezanya amafaranga kuri telefoni MTN <person> |
|
sentence: MTN Rwanda yatangaje ibiciro bishya byo kohererezanya amafaranga kuri telefoni nyuma y’uko hari hashize amezi atatu iyi serivisi itangirwa ubuntu mu Rwanda mu kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus . MTN <person> Rwanda <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: MTN Rwanda yatangaje ibiciro bishya byo kohererezanya amafaranga kuri telefoni nyuma y’uko hari hashize amezi atatu iyi serivisi itangirwa ubuntu mu Rwanda mu kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus . MTN <person> Rwanda <organization> Rwanda <organization> |
|
sentence: Banki Nkuru y’u Rwanda ( BNR ) yaraye itangaje ko ikiguzi cyo guherekanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga kigiye gusubizwaho ndetse kigomba gutangira kubahirizwa kuva tariki ya 22 Kamena 2020 . Banki <person> Nkuru <organization> y’u <organization> Rwanda <organization> BNR <person> 22 <location> |
|
sentence: Mu biciro bishya MTN yatangaje , ni uko mafaranga ari munsi ya 1000 Frw , umuntu azajya acibwa 20 Frw . MTN <person> |
|
sentence: Naho ku mafaranga ari hagati ya 1001 Frw na 10000 Frw ikiguzi ni 100 Frw . |
|
sentence: Ku mafaranga ari hagati ya 10001 Frw na 150000 Frw , uwohereza azajya acibwa amafaranga 250 Frw . |
|
sentence: Ku mafaranga ari hagati ya 150001 Frw na 2000000 Frw , ho ikiguzi ni 1500 Frw . |
|
sentence: MTN Rwanda yatangaje ko ku zindi serivisi zirimo nko kugura umuriro w’amashanyarazi , amafaranga yo guhamagara , kwishyura lisansi , parikingi , ifatabuguzi rya televiziyo na Yego Moto ho nta mafaranga azajya acibwa umukiliya . MTN <person> Rwanda <organization> |
|
sentence: Umubare w’amafaranga yehererekanyijwe mu Rwanda hifashisijwe ikoranabuhanga hagati ya Mutarama na Mata 2020 , wageze kuri miliyari 40 Frw |
|
sentence: 2 Frw zahererekanyijwe mu cyumweru cya mbere cya Mutarama 2020 . mu <location> |
|
sentence: Nk’uko bigaragara muri raporo yakozwe n’ikigo insight2impact ku bufatanye na RURA , mu cyumweru cya mbere cya gahunda ya Guma mu Rugo umubare w’abahererekanya amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga wageze kuri miliyoni 1 . RURA <person> |
|
sentence: 2 , uvuye ku bantu 600 000 mu cyumweru cyari cyabanjirije Guma mu Rugo . |
|
sentence: Mu cyumweru cya nyuma cya Mata 2020 , abantu miliyoni 1 . Mu <location> |
|
sentence: 8 bahererekanyije amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga mu Rwanda . Rwanda <organization> |
|
sentence: Guhera tariki 9 Werurwe kugeza tariki 15 Werurwe , hahererekanyijwe miliyari 10 . Guhera <location> |
|
sentence: 7 Frw ariko mu cyumweru cyarangiye tariki 22 Werurwe amafaranga yahererekanyijwe mu buryo bw’ikoranabuhanga yari ageze kuri miliyari 24 Frw . mu <location> 22 <location> |
|
sentence: Ikoranabuhanga rya Tap & Go rigeze kure rinozwa ngo risakazwe mu gihugu hose |
|
sentence: Mu nama y’abaminisitiri yateranye tariki 30 Mata 2020 , igamije kongera kwiga ku Cyorezo cya COVID - 19 n’ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda , harimo umwanzuro wafashwe ko abantu bakangurirwa gukomeza gukoresha ikoranabuhanga igihe cyose bishoboka , haba mu kwishyurana no gukoresha serivisi z’imari . 30 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Mu nama y’abaminisitiri yateranye tariki 30 Mata 2020 , igamije kongera kwiga ku Cyorezo cya COVID - 19 n’ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda , harimo umwanzuro wafashwe ko abantu bakangurirwa gukomeza gukoresha ikoranabuhanga igihe cyose bishoboka , haba mu kwishyurana no gukoresha serivisi z’imari . 30 <location> Rwanda <organization> |
|
sentence: Serivizi zo gutwara abantu mu modoka niho hakunze kugaragara cyane ihererekanya ry’amafaranga , gusa mu Mujyi wa Kigali ho byaracitse kuko abakoresha imodoka rusange bashyiriweho amakarita azwi nka Tap & Go aho umuntu ayishyira ku modoka akagenda , ikibazo kikaba kikigaragara cyane ku modoka zikora ingendo mu Ntara . Kigali <organization> |
|
sentence: Urwego Ngenzuramikorere RURA , rwavuze ko iyi gahunda y’ikoranabuhanga imaze kugezwa hamwe na mu gihugu ariko bagikomeje kuyinoza kugira ngo abantu bareke guhererekanya amafaranga hirindwa icyorezo cya Coronavirus . Urwego <person> Ngenzuramikorere <organization> RURA <organization> |
|
sentence: Umuyobozi Mukuru wa RURA , Lt Col Patrick Nyirishema , yabwiye itangazamakuru ati “ No mu Ntara iryo koranabuhanga ryarahageze gusa iki cyorezo cyaje bitarakwirakwiza mu ngendo zose , gusa nk’ubu abantu bagana mu Majyaruguru mu nzira zijya i Musanze , Rubavu cyangwa se ujya i Huye uvuye i Kigali birakora , muri make ahantu hamwe na hamwe mu gihugu rirakoreshwa , turimo kureba uko ryakwirakwizwa RURA <person> Nyirishema <person> Majyaruguru <organization> Musanze <organization> Rubavu <organization> Huye <organization> Kigali <organization> |
|
sentence: n’ahandi ritaragera kugira ngo aho bagikoresha amafaranga biveho . |
|
sentence: Yavuze ko uburyo ryateganyijwe ari uko bigenda bitandukanaho gato n’uko bimeze mu Mujyi Kigali . Kigali <organization> |
|
sentence: Ati “ Ubundi ingendo zo mu Ntara uko ziteye ni uko umuntu agura itike akava wenda i Kigali akajya i Musanze , turimo kureba uko byahuzwa n’irikoreshwa i Kigali , ariko hakaba hanabaho gukoresha telefoni ku buryo nayo yajya ikora nk’ikarita kandi iryo koranabuhanga tumaze kurigera kure . Kigali <organization> Musanze <organization> Kigali <organization> |
|
sentence: Niba umuntu ashaka kujya nk’i Rubavu azajya afata telefone ye ashake Porogaramu ya Tap & Go yinjiremo hanyuma ufungure konti akoresheje amazina na nimero za telefone , abone aho kugurira itike bitewe n’aho agiye . Rubavu <organization> |
|
sentence: Yongeyeho ati “ Twagiye kwinjira mu cyorezo cya Coronavirus hari byinshi bimaze gukorwa nubwo byose byari bitarajya ahagaragara , ubu twongeye kubisubukura kugira ngo tubyihutishe , icyo twifuza ni uko mu minsi iri imbere abantu bava mu gukoresha amafaranga mu ntoki . |
|
sentence: Yavuze ko ibi bitazakorwa gusa ku modoka ahubwo RURA iteganya ko mu gihe moto zizaba zitangiye gukora , harebwa uko abantu bazajya bakoresha amatelefoni bakishyura . RURA <person> |
|
sentence: Hashize imyaka irenga ine mu Rwanda hatangiye uburyo bwo kwishyura ingendo hakoreshejwe ikoranabuhanga rizwi nka Tap & Go . Rwanda <organization> |
|
sentence: Ryakemuye byinshi , rinanoza imitangire ya serivisi mu gutwara abantu . |
|
sentence: Instagram ishobora guca kuri Twitter mu kuba isoko y’amakuru Instagram <person> Twitter <person> |
|
sentence: Urubuga nkoranyambaga rwa Instagram rwitezweho guca kuri Twitter mu kuba isoko y’amakuru ku bakoresha imbuga nkoranyambaga , nk’uko byasohowe muri Raporo Reuters Institute Digital News . Instagram <person> Twitter <person> Reuters <person> Institute <organization> Digital <organization> News <organization> |
|
sentence: Urubuga nkoranyambaga rwa Instagram rwitezweho guca kuri Twitter mu kuba isoko y’amakuru ku bakoresha imbuga nkoranyambaga , nk’uko byasohowe muri Raporo Reuters Institute Digital News . Instagram <person> Twitter <person> Reuters <person> Institute <organization> Digital <organization> News <organization> |
|
sentence: Iyo raporo ivuga ko mu mwaka utaha wa 2021 , Instagram izaba iri ku mwanya wa mbere mu kuba urubuga nkoranyambaga rushakirwaho amakuru cyane ku isi . 2021 <location> Instagram <person> |
|
sentence: Urwo rubuga rwazanye uburyo bwinshi butuma abarukoresha barutindaho , nk’uburyo usangiza abandi inkuru shya ( stories ) na IGTV ituma abantu bashobora gusangira amashusho maremare kurusha uko byari bisanzwe . IGTV <person> |
|
sentence: Raporo yerekanye ko kuri ubu , 11 % by’abakoresha Instagram baba bagiye gushakaho amakuru mu gihe ababigenza gutyo kuri Twitter ari 12 % . Instagram <person> Twitter <person> |
|
sentence: Bagaragaza ko bibiri bya gatatu by’abantu bakoresha telefone bashaka amakuru bayakura ku mbuga nkoranyambaga , ari nabyo bitanga icyizere ko umubare wabo uzagenda wiyongera . |
|
sentence: Nko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , mu bantu bari hagati y’imyaka 18 na 24 , abagera kuri 26 % muri Mata uyu mwaka bifashishije Instagram bashaka amakuru kuri Coronavirus . Leta <organization> Zunze <location> Ubumwe <location> za <location> Amerika <location> Mata <location> Instagram <person> |
|
sentence: Ni mu gihe abashatse amakuru mu gihe nk’icyo bifashishije Snapchat ari 14 % naho TikTok ni 11 % . Snapchat <person> TikTok <person> |
|
sentence: Mu bakoreweho isuzuma , 26 % bavuze ko bizera amakuru kuri coronavirus bakura kuri Facebook na Twitter . Facebook <person> Twitter <person> |
|
sentence: Ibigo bikomeye bifite imbuga nkoranyambaga byakajije uburyo bwo kugenzura amakuru abitangazwaho hagamijwe kugabanya ibihuha no gutuma ababishakaho amakuru barushaho kubyizera . |
|
sentence: Facebook yatangije ihahiro ku mbuga zayo zitandukanye Facebook <person> |
|
sentence: Urubuga nkoranyambaga rwa Facebook rwatangaje ko rwashyizeho uburyo bw’iguriro rizajya rifasha abacuruzi kwamamaza no kugurisha ibicuruzwa byabo mu buryo bworoshye , mu gihe abenshi bahejejwe mu rugo n’icyorezo cya COVID - 19 . Facebook <person> |
|
sentence: Urubuga nkoranyambaga rwa Facebook rwatangaje ko rwashyizeho uburyo bw’iguriro rizajya rifasha abacuruzi kwamamaza no kugurisha ibicuruzwa byabo mu buryo bworoshye , mu gihe abenshi bahejejwe mu rugo n’icyorezo cya COVID - 19 . Facebook <person> |
|
sentence: Ibi ngo bizafasha ibigo bito n’ibiciriritse kureshya abakiliya babyo aho baherereye hose , bagure ibicuruzwa bitandukanye bifashishije uburyo bwa “ Facebook Shops """" . Facebook <person> |
|
sentence: Mark Zuckerberg uyobora Facebook yavuze ko gukora iduka hifashishijwe Facebook ari ubuntu ku bigo byose bibyifuza kuko ikigamijwe ari ukwamamaza ibicuruzwa bitandukanye . Zuckerberg <person> Facebook <person> Facebook <person> |
|
sentence: Hashyizweho uburyo , aho uwari usanzwe afite indirimbo ze yashyize kuri Google Play Music azajya yinjiramo akabona ahantu hamusaba kuba yakohereza indirimbo ze kuri YouTube Music . Google <person> YouTube <person> |
|
sentence: Yaba ibyo yamanuye kuri internet , umuziki , ibyo yakunze cyangwa atakunze n’ibindi bizahita byoherezwa ako kanya kuri YouTube Music , ku buryo ibyo yari asanzwe abona azakomeza kubibona uko byakabaye . YouTube <person> |
|
sentence: Google Play Music ntabwo yigeze ihirwa cyane mu isoko ryo gucuruza no gucuranga umuziki kuko sosiyete Spotify ariyo iza imbere kuko yihariye 36 % by’isoko ryose , igakurikirwa na Apple Music yihariye 18 % mu gihe Google Play Music iza mu myanya y’inyuma kuko yihariye 5 % . Google <person> Spotify <person> Apple <person> Google <person> |
|
|