File size: 6,372 Bytes
868d802
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
 
1
2
3
4
5
6
7
8
9
10
11
12
13
14
15
16
17
18
19
20
21
22
23
24
25
26
27
28
29
30
31
32
33
sentence: Mu Rwanda , Ishyirahamwe rya Siporo mu Mashuri , ryari ryatangije amarushanwa y’uyu mwaka tariki ya 2 Gashyantare , ariko nyuma y’ukwezi kumwe n’igice , amashuri ahita afungwa kugeza muri Nzeri kubera icyorezo cya Coronavirus .	Rwanda <organization> 2 <location> Nzeri <location>
sentence: IPRC Karongi yabaye iya kabiri muri Volleyball y’abahungu mu gihe andi makipe atatu yu Rwanda yegukanye umwanya wa gatatu .	IPRC <person> Karongi <organization> Rwanda <organization>
sentence: Kiyovu Sports izatozwa na Karekezi Olivier , iheruka kongera amasezerano abarimo Serumogo Ally , Ishimwe Saleh , Mbogo Ally na Mutangana Derrick batanzweho agera kuri miliyoni 18 .	Kiyovu <person> Sports <organization> Olivier <person> Ally <person> Saleh <person> Ally <person> Derrick <person>
sentence: Bitandukanye n’indi myaka ishize ibi bihembo bimaze bitangwa , uyu mwaka hariho umwihariko w’uko hatazakorwa igitaramo gishobora kwitabirwa n’abantu ahubwo byose bizakurikiranwa hifashishijwe BET tv , BET Her na CBS ndetse n’imbuga nkoranyambaga kubera icyorezo cya COVID - 19 .	uyu <location>
sentence: Andi makuru avuga ko hari n’amafaranga yashowemo n’Umuyobozi wa Kiyovu Sports , Mvuyekure François ‘Kabulimbo’ uba hafi cyane y’iyi kipe .	Kiyovu <person> Sports <organization> François <person>
sentence: com / plwRNg7CWI	
sentence: Kiyovu Sports yashoye asaga miliyoni 50 Frw igura abakinnyi , byaba biyiha igikombe mu mwaka utaha w’imikino ?	Kiyovu <person> Sports <organization>
sentence: Daniella we avuga ko umuryango ukorera Imana hamwe ntaho uba uhuriye na wundi usanga buri umwe aba muri ibi undi mu bindi .	
sentence: Une pensée pour Marc - Vivien Foé qui nous a quittés tragiquement le 26 juin 2003 .	- <person> Vivien <person> Foé <person> 26 <location>
sentence: Icyakora siporo ikorerwa mu nyubako z’imyidagaduro irabujijwe .	
sentence: Umunya - Espagne , Antonio Puerta , yaguye hasi ata ubwenge ubwo Seville yakiniraga yahuraga na Getafe tariki ya 25 Kanama 2007 .	Espagne <organization> Puerta <person> Seville <person> Getafe <person> 25 <location>
sentence: Ishyirahamwe Nyarwanda rya Siporo mu Mashuri ( FRSS ) ryatangaje ko amarushanwa mpuzamahanga ahuza amakipe y’abanyeshuri yitwaye neza muri Afurika y’Iburasirazuba ( FEASSSA ) yagombaga kubera i Kakamega muri Kenya muri uyu mwaka , yimuriwe mu mwaka utaha wa 2021 .	FRSS <person> Afurika <organization> FEASSSA <person> Kakamega <organization> Kenya <organization> uyu <location> mu <location>
sentence: Mu 2019 , Kiyovu Sports yashobora kongera guserukira u Rwanda , ariko itsindirwa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro na AS Kigali ibitego 2 - 1 , inzozi zayo zirangirira i Nyamirambo .	2019 <location> Kiyovu <person> Sports <organization> Rwanda <organization> AS <person> Kigali <organization> Nyamirambo <organization>
sentence: Umuraperi Hagenimana Jean Paul mu muziki uzwi nka Bushali The Trigger , agiye gushyira hanze album ye nshya yise ‘ ! b ! he B ! 7’ ishushanya ubuzima bwo ku Isi y’iki gihe n’ubuzima Nebukadinezali uvugwa muri Bibiliya wahuye n’ibigeragezo birindwi bitewe no kwiremereza ku Mana .	Jean <person> Paul <person> The <person> Trigger <person>
sentence: Kiyovu Sports ikomeje kwiyubaka , yaguze myugariro wo hagati , Umunyarwanda Ngandu Omar ndetse n’Umurundi Bigirimana Abed ukina hagati mu kibuga afasha ba rutahizamu .	Kiyovu <person> Sports <organization> Omar <person> Abed <person>
sentence: Rayon Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurundi	Rayon <person> Sports <organization>
sentence: Abavugwa bose harimo abo twarangizanyije hari n’abo tukiri kuvugana kandi bakomeye .	
sentence: Pri Noir bo mu Bufaransa .	Noir <person> Bufaransa <organization>
sentence: Izajya hanze ku wa 26 Kamena 2020 , ariko indirimbo ziyigiye zizajya zisohoka imwe ku yindi mbere y’icyo gihe .	26 <location>
sentence: # RIP # teamOL pic .	
sentence: Beyoncé agiye gushimirwa by’ikirenga muri BET Awards	
sentence: James avuga ko ajya guhitamo Daniella ikintu yamukundiye ari uko yari umukobwa w’umutima kandi ukunda Imana cyane .	
sentence: Mu bihembo by’abanyamahanga harimo abahanzi bo muri Afurika aho mu cyiciro cy’umuhanzi mwiza utari uwo muri Amerika , ‘Best International Act’ harimo Burna Boy wo muri Nigeria , Innoss’B wo muri RDC , Sho Madjozi wo muri Afurika y’Epfo , Dave na Stormzy bo mu Bwongereza ndetse na Ninho na S .	Afurika <organization> Amerika <organization> Boy <person> Nigeria <organization> RDC <organization> Madjozi <person> Afurika <organization> y’Epfo <location> Bwongereza <organization>
sentence: Bavuga ko kuba indirimbo zabo zamamaye cyane mu buryo bwihuse ari ubushake bw’Imana ndetse n’amasengesho yabo adasiba .	
sentence: Mu mikino ngororamubiri , abakinnyi babiri b’Abanyarwanda batwaye imidari ibiri y’Umuringa ( Bronze ) mu gusiganwa metero 1500 ndetse na metero 800 mu bagabo .	
sentence: Amakipe yose yakiniye yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kumwibuka .	
sentence: Iki gitaramo kigiye kubera kuri Internet kiri muri gahunda abashoramari batandukanye bihaye zo gususurutsa abanyarwanda muri ibi bihe Covid - 19 yakamejeje ku Isi yose igahagarika ibitaramo byinshi ndetse mu bihugu bitandukanye .	
sentence: Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemeje ko bwasinyishije umunyezamu ukiri muto , Sibomana Théogène , wakuriye mu ikipe yayo y’abato ku masezerano y’imyaka itanu .	Rayon <person> Sports <organization> Théogène <person>
sentence: Iyi album ije ikurikira iyo yashyize hanze mu 2019 yitwa ‘Ku Gasima’ igaragaza ubuzima buri wese ashobora kubamo butari bwiza mbere y’uko agira amafaranga .	2019 <location>
sentence: Mu cyiciro cy’abahanzi bashya b’abanyamahanga [ Viewer’s Choice : Best New International Act ] harimo Rema wo muri Nigeria ; uyu indirimbo ye yitwa ‘Iron Man’ yagaragaye ku rutonde rw’izo Barack Obama wayoboye Amerika yakunze mu 2019 .	Nigeria <organization> Obama <person> Amerika <organization> 2019 <location>
sentence: Kuva mu mwaka ushize , amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama - Couple , yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi .	Kuva <location>
sentence: Ati “ Iyaba hari uje akabivuga , ndizera ntashidikanya ko mu cyumweru cya mbere byibuze abantu 100 baza bavuga ngo ‘nanjye ni uko’ .	mu <location>