sentence: Yamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Mpa Amavuta’ , ‘Nkoresha’ n’izindi . sentence: [ ibibazo Gasingwa afitanye n’abandi basifuzi ] , ko nari nkwiye kubirekera abatakiri mu kibuga . sentence: Ntibyakunze ko arangiza umukino kuko mu buryo butunguranye , mu gice cya kabiri , uyu mugabo wari ufite imyaka 28 yaguye mu kibuga nta wundi muntu begeranye . sentence: Hari guverinoma n’abaturage bakora akazi kabo , natwe tugomba gukora akacu . sentence: Aho iyi album itandukaniye n’izindi urebye harimo gukura nk’umuhanzi udatekereza u Rwanda gusa , ahubwo wakora umuziki ku rwego mpuzamahanga . Rwanda sentence: Kuva mu mwaka ushize , amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama - Couple , yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi . Kuva sentence: Urwego rwabo rwasubiye hasi bizaba ari gutangira bundi bushya kandi tuzagira imvune nyinshi cyane bitewe n’uko imibiri yabo yabaye . sentence: Niyo mpamvu dutsindwa . sentence: Iyi kipe ifite kandi ibikombe bitatu by’igihugu , aho icya nyuma igiheruka mu 1993 ubwo yanatwaraga shampiyona . 1993 sentence: 💙 # ManCity pic . ManCity sentence: Ngandu Omar n’Umurundi Bigirimana Abed berekeje muri Kiyovu Sports Omar Abed Kiyovu Sports sentence: Bivugwa ko Mvukiyehe Juvénal usanzwe ufite sitasiyo za lisansi , akaba n’umukunzi wa Kiyovu Sports yahaye iyi kipe agera kuri miliyoni 100 Frw ngo igure abakinnyi mu rwego rwo kwiyubaka . Juvénal Kiyovu Sports sentence: Nihoreho w’imyaka 20 , yakiniraga Olympic Star , akaba yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri nk’uko Umuvugizi w’iyi kipe , Nkurunziza Jean Paul , yabyemereye IGIHE . Olympic Star Rayon Sports Jean Paul IGIHE sentence: Aba bakinnyi bombi , baje biyongera ku bandi bane Kiyovu Sports yaherukaga kugura barimo umunyezamu Kimenyi Yves wavuye muri Rayon Sports ahawe miliyoni 16 Frw ndetse na Babuwa Samson wahawe miliyoni 7 Frw avuye muri Sunrise FC , ariko we agasinya umwaka umwe . Kiyovu Sports Yves Rayon Sports Samson Sunrise FC sentence: Mu kiganiro yagiranye na BBC , Deeney w’imyaka 31 yagize ati “ Navuga ko byibuze haba hari umutinganyi umwe cyangwa umuntu uryamana n’ibitsina byombi muri buri kipe y’umupira w’amaguru . BBC sentence: Muri iki cyiciro hariho kandi Sha Sha wo muri Zimbabwe , Celeste na Young T & Bugsey bo mu Bwongereza , Hatik na Stacy bo mu Bufaransa . Sha Zimbabwe T Bwongereza Bufaransa sentence: Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Bwongereza , Justin Fashanu wahoze ari rutahizamu wa Norwich na Nottingham Forest , ni we wenyine wavuze ku mugaragaro ko ari umutinganyi . Bwongereza Fashanu Norwich Nottingham Forest sentence: Kuba ari couple ikora umurimo w’Imana wo kuririmba , bavuga ko ari ikintu kibafasha kuko kuba bafite icyerekezo kimwe ari ikintu gihambaye ama - couple yose yakabaye yitaho cyane . sentence: Yari afite imyaka 25 . sentence: Nyuma yo guhabwa ubuvuzi , yabashije kwigenza ariko ageze mu rwambariro yongera kugwa hasi . sentence: — Manchester City ( @ ManCity ) June 26 , 2020 Manchester City ManCity June sentence: Umunya - Espagne Daniel Jarque yitabye Imana tariki ya 8 Kanama 2009 . Espagne Jarque 8 sentence: Kubera ko abatora bakeka ko umukinnyi mwiza aba afite igisobanuro cyihariye , agomba kuva ku wundi mugabane utari uwacu . sentence: 1 May 1975 - 26 June 2003 1 sentence: “ Izina ryayo narikuye mu nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku mwami witwaga Nebukadinezali wahuye n’ibigeragezo birindwi bitewe no kwiremereza ku Mana . sentence: Kiyovu Sports izatozwa na Karekezi Olivier , iheruka kongera amasezerano abarimo Serumogo Ally , Ishimwe Saleh , Mbogo Ally na Mutangana Derrick batanzweho agera kuri miliyoni 18 . Kiyovu Sports Olivier Ally Saleh Ally Derrick sentence: Yemeza ko kumusaba ko bakundana bitamugoye cyane ko akenshi babaga bari kumwe cyane ndetse babitsanya amabanga . sentence: Nihoreho Arsène yatsinze ibitego 17 muri shampiyona y’u Burundi iheruka gusozwa , akaba yari ku mwanya wa gatatu arushwa ibitego bibiri na Iddy Museremu ukinira Le Messager Ngozi , we watsinze ibitego 19 . Arsène Burundi Museremu Le Messager Ngozi sentence: Amabwiriza yo kubungabunga ubuzima hirindwa COVID - 19 sentence: Gushimira by’umwihariko ibyamamare bikora ibikorwa byo gufasha , byatangijwe muri BET Awards mu 2002 , mu rwego rwo guha icyubahiro ibyamamare bitanga umwanya wabyo n’amafaranga ku bababaye . 2002 sentence: Uyu ni we wasinyishije abarimo Kimenyi Yves , Babuwa Samson , Ishimwe Saleh , Irambona na Ngendahimana Eric ndetse yahaye Karekezi Olivier miliyoni 3 Frw azamufasha kwiyubaka i Kigali ubwo azaba agarutse mu Rwanda muri Nyakanga . Yves Samson Saleh Eric Olivier Kigali Rwanda Nyakanga sentence: Kiyovu Sports imaze imyaka 59 ibayeho nyuma yo kwemezwa n’iteka rya minisitiri mu 1961 , imaze kwegukana shampiyona y’u Rwanda inshuro eshanu zirimo iyo mu 1990 yatwaye idatsinzwe . Kiyovu Sports 1961 Rwanda 1990