sentence: Byari biteganyijwe ko iyi mikino yitiriwe Umukuru w’Igihugu ‘Amashuri Kagame Cup’ yari gusozwa muri Kamena , hakamenyekana amakipe azakina FEASSSA 2020 yari kubera mu Mujyi wa Kakamega muri Kenya . Kamena FEASSSA 2020 Kakamega Kenya sentence: Turashaka kwerekana ko Kiyovu ari imfura y’umupira w’u Rwanda . Kiyovu Rwanda sentence: Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 16 Kamena 2020 yafatiwemo umwanzuro uvuga ko ibikorwa bya siporo zikorerwa hanze abantu bategeranye zemerewe gukomeza . 16 sentence: com / zH4zhC3jZQ sentence: Sibomana Théogène ni umwe mu bakinnyi bakiri bato bari gusinyishwa n’iyi kipe kugira ngo bazagenderweho mu mushinga wo kubaka ikipe y’ahazaza nk’uko IGIHE yabitangarijwe n’Umuvugizi wa Rayon Sports , Nkurunziza Jean Paul . Théogène IGIHE Rayon Sports Jean Paul sentence: Kapiteni wa Watford yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza , Troy Deeney , yavuze ko bishoboka ko haba hari umukinnyi w’umutinganyi umwe muri buri kipe y’umupira w’amaguru . Watford Bwongereza Deeney sentence: Tariki ya 15 Werurwe 2020 nibwo ibikorwa byose by’imikino byahagaritswe mu Rwanda , umunsi umwe nyuma y’uko Minisiteri y’Ubuzima itangaje ko hari umurwayi wa mbere wa Coronavirus wabonetse mu gihugu . 15 Rwanda Minisiteri y’Ubuzima sentence: “ Umutoza akamenya kubyaza umusaruro abakinnyi afite ndetse ikipe ikitegura neza umukino . sentence: Mu kiganiro yagiranye na BBC , Deeney w’imyaka 31 yagize ati “ Navuga ko byibuze haba hari umutinganyi umwe cyangwa umuntu uryamana n’ibitsina byombi muri buri kipe y’umupira w’amaguru . BBC sentence: Ati “ Dufite umushinga w’igihe kirekire kuko twajyaga tuzamura abana bavuye mu academie yacu y’i Nyanza kuko nitwe tuyimenyera imipira n’imyambaro . Nyanza sentence: Yatsinze ibitego mu marushanwa yose , ariko umusaruro wabaye ko atatwara Ballon d’Or . sentence: Umusifuzi Mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi , Nyinawabari Spéciose , yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ( FERWAFA ) yishinganisha , avuga ko yatewe ubwoba na Gasingwa Michel uyobora Komisiyo y’Abasifuzi . Spéciose Rwanda FERWAFA Michel sentence: Rayon Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurundi Rayon Sports sentence: Ku ikubitiro , Bushali indirimbo ya mbere kuri iyi album ni iyitwa ‘Bwoba’ . sentence: N’ubwo hari abari basanzwe baririmbana abenshi babikoraga gake nabwo nko mu nsengero ariko ntibabishyiremo imbaraga ngo babe batangira gushyira hanze ibihangano . sentence: Hari abakinnyi benshi bahazamukiye barimo Bosco [ Kayitaba ] , Ange [ Mutsinzi ] n’abandi , kubera ko tutabakurikiranye ngo tubahe amasezerano , abandi bakabitwarira . sentence: James avuga ko ajya guhitamo Daniella ikintu yamukundiye ari uko yari umukobwa w’umutima kandi ukunda Imana cyane . sentence: Bushali agiye gushyira hanze album nshya yakomoye ku nkuru ya Nebukadinezali wo muri Bibiliya sentence: Imikino ya La Liga iri gukinirwa mu muhezo kubera icyorezo cya Coronavirus nubwo umuyobozi w’iyi shampiyona , Javier Tebas , yavuze ko stade zemerewe kwakira abantu bari hagati ya 10 na 15 % mbere y’uko uyu mwaka w’imikino urangira . Tebas uyu sentence: Hazaba umwanya wo kwibuka Kobe Bryant wamamaye muri Basketball uherutse gupfira mu mpanuka y’indege , bizakorwa na Lil Wayne mu gihe Little Richard wamamaye mu muziki wa Rock azunamirwa mu gikorwa kizayoborwa na Wayne Brady . Bryant Wayne Richard Brady sentence: Abatoza bo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza , Premier League , basabwe kwandika ibyo batishimiye ku basifuzi , bakabitanga mu nyandiko mu gihe kitarenze amasaha 24 , aho kubegera baburana muri ibi bihe bya Coronavirus . Bwongereza sentence: Nk’aba tuzamuye twizeye ko mu mwaka umwe cyangwa ibiri byibura tutazaburamo batandatu tugarura kandi ibyo bizatuma tudatanga amafaranga menshi tugura abakinnyi bashya . sentence: Izajya hanze ku wa 26 Kamena 2020 , ariko indirimbo ziyigiye zizajya zisohoka imwe ku yindi mbere y’icyo gihe . 26 sentence: Umusaruro w’amakipe y’u Rwanda ntiwabaye mubi kuko muri Handball y’abahungu , ikipe ya ADEGI yegukanye igikombe ndetse n’ikipe ya Tennis yo ku butaka iragitwara . Rwanda ADEGI sentence: Bushali yatangiye umuziki mu mpera za 2013 . 2013 sentence: Kiyovu Sports ikomeje kwiyubaka , yaguze myugariro wo hagati , Umunyarwanda Ngandu Omar ndetse n’Umurundi Bigirimana Abed ukina hagati mu kibuga afasha ba rutahizamu . Kiyovu Sports Omar Abed sentence: Daniella we avuga ko umuryango ukorera Imana hamwe ntaho uba uhuriye na wundi usanga buri umwe aba muri ibi undi mu bindi . sentence: Imikino ya FEASSSA y’uyu mwaka yimuriwe mu 2021 FEASSSA 2021 sentence: Byahishuwe ko yapfuye azize guhagarara k’umutima ubwo yari kuri telefoni avugana n’umukunzi we . sentence: Ati “ Biterwa n’abatora . sentence: — Rwanda School Sports ( @ SchoolSportsRW ) June 16 , 2020 Rwanda June sentence: Kimwe n’ibindi bikorwa byose , imikino n’amasomo y’abanyeshuri byakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Coronavirus cyageze muri Afurika y’Iburasirazuba muri Werurwe uyu mwaka . Afurika Werurwe