sentence: Mu Rwanda , Ishyirahamwe rya Siporo mu Mashuri , ryari ryatangije amarushanwa y’uyu mwaka tariki ya 2 Gashyantare , ariko nyuma y’ukwezi kumwe n’igice , amashuri ahita afungwa kugeza muri Nzeri kubera icyorezo cya Coronavirus . Rwanda 2 Nzeri sentence: IPRC Karongi yabaye iya kabiri muri Volleyball y’abahungu mu gihe andi makipe atatu y’u Rwanda yegukanye umwanya wa gatatu . IPRC Karongi Rwanda sentence: Kiyovu Sports izatozwa na Karekezi Olivier , iheruka kongera amasezerano abarimo Serumogo Ally , Ishimwe Saleh , Mbogo Ally na Mutangana Derrick batanzweho agera kuri miliyoni 18 . Kiyovu Sports Olivier Ally Saleh Ally Derrick sentence: Bitandukanye n’indi myaka ishize ibi bihembo bimaze bitangwa , uyu mwaka hariho umwihariko w’uko hatazakorwa igitaramo gishobora kwitabirwa n’abantu ahubwo byose bizakurikiranwa hifashishijwe BET tv , BET Her na CBS ndetse n’imbuga nkoranyambaga kubera icyorezo cya COVID - 19 . uyu sentence: Andi makuru avuga ko hari n’amafaranga yashowemo n’Umuyobozi wa Kiyovu Sports , Mvuyekure François ‘Kabulimbo’ uba hafi cyane y’iyi kipe . Kiyovu Sports François sentence: com / plwRNg7CWI sentence: Kiyovu Sports yashoye asaga miliyoni 50 Frw igura abakinnyi , byaba biyiha igikombe mu mwaka utaha w’imikino ? Kiyovu Sports sentence: Daniella we avuga ko umuryango ukorera Imana hamwe ntaho uba uhuriye na wundi usanga buri umwe aba muri ibi undi mu bindi . sentence: Une pensée pour Marc - Vivien Foé qui nous a quittés tragiquement le 26 juin 2003 . - Vivien Foé 26 sentence: Icyakora siporo ikorerwa mu nyubako z’imyidagaduro irabujijwe . sentence: Umunya - Espagne , Antonio Puerta , yaguye hasi ata ubwenge ubwo Seville yakiniraga yahuraga na Getafe tariki ya 25 Kanama 2007 . Espagne Puerta Seville Getafe 25 sentence: Ishyirahamwe Nyarwanda rya Siporo mu Mashuri ( FRSS ) ryatangaje ko amarushanwa mpuzamahanga ahuza amakipe y’abanyeshuri yitwaye neza muri Afurika y’Iburasirazuba ( FEASSSA ) yagombaga kubera i Kakamega muri Kenya muri uyu mwaka , yimuriwe mu mwaka utaha wa 2021 . FRSS Afurika FEASSSA Kakamega Kenya uyu mu sentence: Mu 2019 , Kiyovu Sports yashobora kongera guserukira u Rwanda , ariko itsindirwa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro na AS Kigali ibitego 2 - 1 , inzozi zayo zirangirira i Nyamirambo . 2019 Kiyovu Sports Rwanda AS Kigali Nyamirambo sentence: Umuraperi Hagenimana Jean Paul mu muziki uzwi nka Bushali The Trigger , agiye gushyira hanze album ye nshya yise ‘ ! b ! he B ! 7’ ishushanya ubuzima bwo ku Isi y’iki gihe n’ubuzima Nebukadinezali uvugwa muri Bibiliya wahuye n’ibigeragezo birindwi bitewe no kwiremereza ku Mana . Jean Paul The Trigger sentence: Kiyovu Sports ikomeje kwiyubaka , yaguze myugariro wo hagati , Umunyarwanda Ngandu Omar ndetse n’Umurundi Bigirimana Abed ukina hagati mu kibuga afasha ba rutahizamu . Kiyovu Sports Omar Abed sentence: Rayon Sports yasinyishije rutahizamu w’Umurundi Rayon Sports sentence: Abavugwa bose harimo abo twarangizanyije hari n’abo tukiri kuvugana kandi bakomeye . sentence: Pri Noir bo mu Bufaransa . Noir Bufaransa sentence: Izajya hanze ku wa 26 Kamena 2020 , ariko indirimbo ziyigiye zizajya zisohoka imwe ku yindi mbere y’icyo gihe . 26 sentence: # RIP # teamOL pic . sentence: Beyoncé agiye gushimirwa by’ikirenga muri BET Awards sentence: James avuga ko ajya guhitamo Daniella ikintu yamukundiye ari uko yari umukobwa w’umutima kandi ukunda Imana cyane . sentence: Mu bihembo by’abanyamahanga harimo abahanzi bo muri Afurika aho mu cyiciro cy’umuhanzi mwiza utari uwo muri Amerika , ‘Best International Act’ harimo Burna Boy wo muri Nigeria , Innoss’B wo muri RDC , Sho Madjozi wo muri Afurika y’Epfo , Dave na Stormzy bo mu Bwongereza ndetse na Ninho na S . Afurika Amerika Boy Nigeria RDC Madjozi Afurika y’Epfo Bwongereza sentence: Bavuga ko kuba indirimbo zabo zamamaye cyane mu buryo bwihuse ari ubushake bw’Imana ndetse n’amasengesho yabo adasiba . sentence: Mu mikino ngororamubiri , abakinnyi babiri b’Abanyarwanda batwaye imidari ibiri y’Umuringa ( Bronze ) mu gusiganwa metero 1500 ndetse na metero 800 mu bagabo . sentence: Amakipe yose yakiniye yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kumwibuka . sentence: Iki gitaramo kigiye kubera kuri Internet kiri muri gahunda abashoramari batandukanye bihaye zo gususurutsa abanyarwanda muri ibi bihe Covid - 19 yakamejeje ku Isi yose igahagarika ibitaramo byinshi ndetse mu bihugu bitandukanye . sentence: Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemeje ko bwasinyishije umunyezamu ukiri muto , Sibomana Théogène , wakuriye mu ikipe yayo y’abato ku masezerano y’imyaka itanu . Rayon Sports Théogène sentence: Iyi album ije ikurikira iyo yashyize hanze mu 2019 yitwa ‘Ku Gasima’ igaragaza ubuzima buri wese ashobora kubamo butari bwiza mbere y’uko agira amafaranga . 2019 sentence: Mu cyiciro cy’abahanzi bashya b’abanyamahanga [ Viewer’s Choice : Best New International Act ] harimo Rema wo muri Nigeria ; uyu indirimbo ye yitwa ‘Iron Man’ yagaragaye ku rutonde rw’izo Barack Obama wayoboye Amerika yakunze mu 2019 . Nigeria Obama Amerika 2019 sentence: Kuva mu mwaka ushize , amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama - Couple , yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi . Kuva sentence: Ati “ Iyaba hari uje akabivuga , ndizera ntashidikanya ko mu cyumweru cya mbere byibuze abantu 100 baza bavuga ngo ‘nanjye ni uko’ . mu